<<@MukasugiraYozefa says : Nkunda ivuga butumwa ryawe cyane Ubutmwa bwawe buratunyura>> <<@IkitegetseAssiel says : Twahageze>> <<@VitareIkundabayo says : Uko umuntu yaba mwisi ariko umutimawe ugakomeza kuba kumana .icyamere nu guhora nzirikana ko .ndu mushyitsi inaha mwisi . Umushyitsi iyo asuye abantu .mumutimawe ahara atecyereza ibyiwabo ..ikindi ntabwisanzure agira ahorana amacyenga .akitwararika . Ntabwo yisanisha nabo asanze cyangwa asuye ,Urugero reba mose .yahisemo kwitandukanya numunezerero wa banyegiputa .ahitamo kubabarana nubwoko bwabo .yemera guhara amagaraye .nti yayatinya no kuba yanapfa ..esiteri nawe yaravuze ngo ni ndimbuke ndimbuke ahara amagaraye .akiza akiza ubwokobwe ,2 ABAMI 7 -‐3. Kandi ubwo hariho abagabo bane ba babembe .bari kwirembo baravugana bati ikitwicaza aha kugeza aho tuzapfira niki .ariko twavuga tuti twi njire mumurwa .kandi inzara iwurimo .twawugwamo kandi nidukomeza kwicara hano .gusa na bwo tuzapfa nuko noneho nimuze ducyeze ingabo zabasiriya.nibadukiza tuzabaho nibatwica hose nugupfa . YESU KRISTO NIWE NZIRA NUKURI NUBUGINGO . NUBWO NAHORWA YESU KRISTO KURINJYE NTAKIBAZO KIRIMWO NUBWO BAPFATIRAHO INKOTA . NTABWO NA MWIHAKANA .NAHOTAMO GUPFA ARIKO NGAPFA MIZEYE KANDI MWEMERA>> <<@VitareIkundabayo says : Nkunda ivuga butumwa ryawe cyane>> <<@Vyizigiro-j7q says : ❤❤❤>> <<@JeandedieuMwungura says : Iyinzu yamatafari isobanuyiki murikigihe cyacu>> <<@VitareIkundabayo says : Murakoze .tura bakurikiye>> <<@manirpier says : 💯❤❤❤❤>> <<@JohnmaryMutabazi says : Nanje ndimubahageze muhezagirwe>>
VideoPro
>>