<<@ThamarNirere
says :
Niwe waba witukuje muriyisira ubwose niba afite ubushobozi bwokubikora bigutwaye iki
>>
<<@HIRWAEUGENE-h3x
says :
Dutegereze Yesu Kristo mufite isuku...mwirinde muri byose mutabaho umugayo
>>
<<@montrealtv5851
says :
Ambabyi mu nzara igisha umugabo wawe kwiheha, ๐ข. Mutesi ararengana. Nawe n'umugabo wawe oyaaa kabisa ntabwo mukijijwe
>>
<<@Reya-n4z
says :
Aleewe ubwonawe uravuze wowe uriki la! Ubwo nawe urumurangi siwowe wa mubanjye ๐๐
>>
<<@tuyisengejoselyne7396
says :
Muzakizwe pee
>>
<<@MwisenezaJosee
says :
Wowe n,umugabo wawe muri abapagani buzuye ariko Mutesi yababwije ukuri nuko mutumva
>>
<<@kadelly777
says :
Ikizira cyahagaze ahera๐
>>
<<@DamasceneJean-yi6hs
says :
Mutesi nigisambo nindaya numurigonde
>>
<<@TuyirateJanine
says :
๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข๐ข
>>
<<@MurekateteFrancine-u4g
says :
Nawe waramututse wowe numugabo wawe
>>
<<@thierrynebutoyi-f5v
says :
Sha mwese muribingoryi peeeee noe mwebwe mรปri aba pasteur ba yesu canke muraba pasteur basatani sha isi ingez habi peeeeee
>>
<<@uwishemalosine4252
says :
Sha mwese muri bamwe ntagakiza kanyu
>>
<<@MunganyinkaJeanne-n5q3f
says :
Mwese ntabwo mukorera Imana y'amahoro, ahubwo mugira uwo mukorera ariho arabahemba. Imana yatangiye kutandukanya intama nibirura. Nimwicare musogongere imbuto mweze. Ku Mana ntaguhanga na kubaho uretse kugira kwihangana no gusenga.
>>
<<@SophieUWINEZA-i8s
says :
Mwese murigusebya Imana yariyara bagiriye ikizere pe
>>
<<@UwizeyimanaBeatha-v1p
says :
Icyombonyecyo nuko Mutesi akurusha ubwenjye we ntabwo atomboka akoresha amagambo akomeretsa gusa.
>>
<<@UwizeyimanaBeatha-v1p
says :
Yego ko mbega abaasteri puuu nimwe mwatumye badufunjyira insenjyero. Ubukoko mwacyurirana gutyo kukarubanda .
>>
<<@dominaKayirangwa
says :
Muri make ntacyo mwese mukemuye Kandi ihangana SI ryiza kuko iy'isi ntisakaye . Igikuru cyane twishakire Visa y'ijuru . N'aho ubuhanyzi bwa none ngo Imana yaravuze , bjbiliya niyo ntsinzi ntayo Kandi mujye mwihangana .
>>
<<@dominaKayirangwa
says :
Yemwe babyeyi mwitwa Abapasteur ! Yooooh murambabaje kubona mwitwa muragiye umukumbi w'Imana ariko ingero muri gutanga zirababaje . Ntabwo inabi yiturwa indi Kandi niba ufite umujinya , uzirinde gufata icyemezo urindire umere neza kugira ngo utavuga ibigayitse .
>>
<<@frankjosiane4257
says :
Ma soeur wabivuyemo,kontawe utoroshye ra๐๐๐iyaba wamugayaga wowe uri muzima,cg uvuga ibyubaka bifasha abantu to ariko mwese muri kimwe,muri bamwe.urishongora cyane mkaka
>>
<<@BahoTVShow-b5j
says :
Mwese muri kimwe pe,nkaho wamusengeye uri mumatiku๐ฎ
>>
<<@umumararungunizeyimana5560
says :
Ngo ewana aramaze kwirabura sikibazo ngaho igaragaze wa mugorewe ushaje,nguri pastor ๐๐๐๐๐๐๐ umugabo aravuga numugore avuge๐๐๐ muziko mutesi we atavuga?igihe mwamuhereye?waramututse turabyumva,mwese muribasebizeze apuuuuuu uravuga umugore mugenzi wawe byagaragaye ko amajwi ataraye afite umugabo,zibahongaho ntumurusha gusenga, wowe niyongano yewe uravuga gusambana? Ubwose uracyabikeneye๐๐๐๐๐umukecuru ufite umugabo aruta, ubona mutesi ibikorwabye bigenda ishyari rirakwica
>>
<<@DenyseMUHAWENIMANA-e1v
says :
Imana ni nziza ibashyize hanze neza neza mwarihishe ukurirwa usobantura ibyabandi kdi nyamara nawe ibyawe bisobanye none ibashyize hanze neza ubu Koko muzongere kubeshya nde? Yewe Ari woe cg umugabo wae twabonye ntaho mutaniye Claude imana mukorere mwarayitweretse ark fany ko mbobona ukuze cyane kurenza numugabo wawe Koko ubure kwicaza mutesi ngumuhane mugikari nkumuntu mukuru ahubwo uze kukarubanda uvuge ukuntu abagobo be byanjye ku karubanda ujye wirinda ukukandangira ngo ufite Gabby ๐๐๐๐nawe rero yaragusubije kuko imana niyo itanga ntago arimwe mutanga hari niho twaguhangiye ibyo wavuga byose va muhahise ha mutesi ujye ahawe nawe urahafite๐๐๐๐๐
>>
<<@UwingeneyeBenilde-f8p
says :
Nonese ubwoweho urakojijwe?
>>
<<@IshimweAnge-p5n
says :
Ahiiii mwese imbaraga mukoresha ntawamenya Aho muzikura gusa nyagasani azabandinde mwese
>>
<<@IshimweAnge-p5n
says :
Sha umwami mukorera azabahemba mwese
>>
<<@LadisMudidi
says :
Wowe nuriya Mugabo warongoye se mwakigeza Kuri Mutesi?? Nishyari gusa๐
>>
<<@IradukundaRachel-c3x
says :
Ariko Munsubize ikibazo ndikwibaza niba Imana ari umubyeyi buriya ikemura ite amakimbiranye yabana babiri Bashwamuranye kuki umwe aba yumva ariwe Imana yumva rero Mwese Imana irabareba pe kd ni ukuri
>>
<<@bettymukantwali-h5q
says :
Aya mazina umwita nawe niyo witwa niba arumurangi nawe uriwe ubabajwe niki ko ariwowe umwenderanya uhora umukomeretsa umubaza iki??niba arumurangi nawe uriwe tuzabamenyera kumbuto zabo genda vana ibihuha ahongaho ngo yari igikara??yaramaze niba yarisize ??bikurebaho iki?? Nawe uzisige??ishyari gusa ubuse woe muzima ibi biganiro bya burinsi uhoza mutesi mukanwa?? harumuntu ukeneye yesu yagishingiraho agakizwa??
>>
<<@muhawenimanaepiphanie687
says :
Sinzi ibyo murimo gusa binyuranye nukuri kwijambo
>>
<<@Odettemugisha-2
says :
Past mutesi azababa mumutwe nkisereri azabatoraguza amasashi ahubwo muzamupfukamira abagende kumugongo turamwemera โคโค
>>
<<@janvieremujawamaliya7645
says :
Mubyeyi dukunda,ntuhangane nikibi.
>>
<<@DivineUwizeyimana-oz3pc
says :
Fanny nkunda ko wicisha bugufi urumusirimu rwose uba utuje ahantu hose kumutima no kumubiri pe.
>>
<<@MirukKira
says :
vamumabyi rwose ibyoyavuze nukuri
>>
<<@MukamanaJaceline
says :
Yavuzeko umugabowawe anuka yisize amabyi
>>
<<@MUREKATETEJeannedarc-t5i
says :
Niba mukorera Imana byukuri nimuve mumatiku mwese ndabona ntaworoshye turimo,ariko muve muriryo hangana,amatiku,gutukana, no guhangana mukorere Imana muve muribyo ntacyo bifasha ababakurikira
>>
<<@honorineiradukunda4365
says :
Yagerageje kwisanisha na Mutesi yambara neza ariko ntiwameigezaho noho umwuka ukurimwo tuwobonera mubyo uvuga
>>
<<@gaspardrusembuza4616
says :
Ariko umubyeyi ungana nawe Koko nuwo kwirirwa atukana usimburana numugabo wawe .mwajyiye mwiyubaha Koko ko mukuze yesu abajyenderere
>>
<<@hodalialpha8245
says :
Kubita daimon
>>
<<@AdroTV-i6y
says :
Wa muntu we waretse ibyo ugakorera Imana ko Pastor mutesi yakubwije ukuri wakwisubiyeho Koko, ukava mubugambo , nakuburiraga
>>
<<@UmutoniwaseAdalie
says :
Mwagiye mureka imiregwe.kndi.mukubahana nkababyeyi Koko komwese muvugako murabakozi b,Imana
>>
<<@UmuhozaIsaroCarine-m3h
says :
Mbabajwe nabantu babura gushaka Imana kugiti cyabo bakabizereramo๐๐ข ubuse aya masaha iyo uyamara uvuga IMANA hari gukizwa bangahe? Ntamwebwe nta Mutesi mwese musange Yesu abarengere abature imitwaro murarushye.
>>
<<@ericmugerangabo
says :
ABAKOZI B'IMANA BIKIGIHE KWERI NKUBU ABA CHRISTO MUHAGARARA IMBERE UBU MURIMO KUBAHA IKI KOKO, AYO MATIKU? MWAKIJIJWE UBU ABANA BANYU BO SE MUBAHA BURERE KI? SHA NIMWE MUTUMYE UMURYANGO NYARWANDA UBUZE UMUCO KBS MUBABAJE IMANA MWOGATSINDWA MWE
>>
NEXT VIDEO
>>