<<@AlexisHagenimana-q3d says : Nagume ahongaho rwose>> <<@MuhireJanvier-y9w says : Imana ibakoreshe peee mumuhe akazi cq mumurangire 😭>> <<@IyamuremyeJanvier-y1w says : Abantu bafitamateka kabix>> <<@ntwaridavid1594 says : Danton twagukunze cyane kuri Radio Rwanda imana iguhe akazi Kandi turasenga cyane ❀❀❀❀❀>> <<@ErnestNkengurutse-u1r says : Imana izokugirira neza wihangane caneeee❀❀❀>> <<@clementiraguha1315 says : Mumuhe akazi>> <<@inzoberetvrwanda says : RBA Yo ni amabanga pe , nanubu ntibyakize icyenewabo kiracyarimo bayigize iyabo , nakozemo ikizami muri techenic ya Tv nkoresha numuntu wankoresheje stage, nkanja mbona ikizami yateguye ni icyabana pe , ariko amanitse amanota ndumirwa ,>> <<@TuyisengeEddy-n8h says : Uriyamushinga wingirube ukijije benshi, Radio &tv 10 nimuhe akaz kamufashe kwagura umushingawe.>> <<@NtizikwiraCyriaque says : Morning mumuhe akazi kbx>> <<@HagenimanaEvode-ii3iu says : 𝐝𝐚𝐧𝐭𝐨𝐧 𝐧𝐚𝐳𝐞>> <<@KamiKelo-o6p8c says : Imgurube nakazi>> <<@DadyBigg says : Buriya Imana yo irabizi>> <<@bizimanaedouard7333 says : Ariko se umusore mwiza nk'uyu kandi wize, wacitse ku icumu muri jenoside yakorewe abatutsi habuze iki ngo abungabungwe koko? Nimumushakire akazi kandi keza, tuzongere kumubona Tanga ubuhamya bw'ibyiza yagezeho!!!>> <<@PierreCelestinNDAYAMBAJE-vh1jr says : Imana ishyigikire Danton imuhe akazi keza mukundira ko ari umuhanga kandi adacika intege.>> <<@ericharerimana14 says : Mukamuhe kbs>> <<@Didasi.mugenzi4960 says : iyo ushoboye udashobotse ntacyo bikumarira erega>> <<@EmmanuelBurasanzwe says : Nimumurwaneho mwamfuramwe>> <<@theogenetugengwanayo2617 says : UBANZA AHARI DEGREE NA SKILLS BITAGIHURA>> <<@ndikumukizaeraste5791 says : Danton GASIGWA ni umuhanga mu itangazamakuru rwose Radio10 niyacu na Danton ni uwacu nigume muri Studio akomeze ikiganiro girikiyeho!! Depression ye izavurwa no kuguma mu mwuga w'itangazamakuru akunda cyanee!! Birababaje kubona umuvandimwe bene wacu abayeho ubuzima bubi gutyo natwe turebera, ntakibi yakoze kitakosorwa, Murakoze.>> <<@jeandamastv says : Ariko nkubu iyi title muba mwanditse ngo afite masters ko hari nugira masters ebyiri c kd ari farmer Murda dusuzugura ubuhinzi kd ni akazi katuma uhemba two journalist from RBA,........ndumva akora akazi keza,agakunde rwose.>> <<@mrgooner62 says : Danton yahuye n'umwaku ariko niyihangane asenge Imana izamufasha kubona akazi kamukwiriye>> <<@Anastase-t5k says : Mumuhe Job>> <<@mercyseattv8999 says : Ariko Danton radio 10 ubu ntimureba koko Danton njyewe musabiye gukora ahandi nibura muri *Minubumwe*>> <<@titisho-r2f says : Naba nawe arazifite>> <<@cedricvibes says : I'm Discouraged absolutely 😒, I'm a year one journalism student.>> <<@kubwimanajeandedieu4619 says : Pole sana Donton mumuhe akazi rwose>> <<@NshimiyimanaOlivier-e8d says : Ariko buriya nyine byatewe nuko wagize agahinda ukiyahuza inzoga kuko nkurikije ukuntu wavugaga ko wabyinanaga icupa warumaze kuba imbata nubwo wenda harimo ikibazo cya Deplesion.>> <<@johnkayitare250 says : Numvise azi ubwenge... Mushatse mwamugarura... Mwaba mukoze...>> <<@Aphrodicembyayingabo-v6w says : Danton nimumufashe rwose abone akazi>> <<@johnkayitare250 says : Back in the days, He used to call himself "LE GARCON DES MILLES CHANCES" while he was MCing in GRAND AUDITORIUM...>> <<@skillssharingtv says : Ooooh pole sana Danton Gasigwa wacu. Ndakwibuka tukiri ihuye uri CP BIT. Ariko rwose uza ubukomeye. Urumuntu utarigeze ugira uwo ubangamira wahoraga wisekera.>> <<@DjabirDjabir-y9w says : Danton turagukunda byumwihariko ngewe gusa. Kuba mwamutekereje mumukorere ubuvugiz gusa nibyo arimo nabyo nakazi ariko ntabwo bijyanye nibyo yize>> <<@nyiribicunathan4263 says : hhhhh ikosa yakora ni ukuva mubyo arimo. buriya umworozi w'ingurube wa kinyamwuga yahemba abo bakozi Bose biyo radio. akoze iryo kosa ryo kuza gukora kuri radio masters ye Yaba ntacyo imumariye.>> <<@rugemaalbert says : ATV nayo se kansi ???>> <<@rugemaalbert says : Ntabwo ariwe muhanga wenyine uriho nabi. Gusa we ni muto nagerageze bizashoboka cg mumuhe akazi aho kuri Radio10>> <<@whistleblower94 says : Nimumubere amaboko, kandi burya abantu bajya baba ibiganza by'Imana mu buzima bw'abandi>> <<@NsengiyunvaEvod-z4w says : Ariko uyumugabo nimumufashe amasambu barayatwaye harigihe umuntu avukira. Kuruha>> <<@KalisaFrancois says : Danton bihorere igishoro nubuzima>> <<@KalisaFrancois says : DANTON Gasigwa Yari umukozi wumuhanga Yahereye hasi kumushahara muto ikindi ntiyinuba akazi as you see RBA ho niko bimereye umwana yifitiye qualification ye isaha nigera azakora exam kandi azatsinda kuko arashoboye>> <<@UkurikirimfuraAngeMarcelin-l4x says : Nimutamuha akazi ndakora unfollow boss abyumve nukuri>> <<@UkurikirimfuraAngeMarcelin-l4x says : Nimumuha akazi nzajya mpora mbakurikirana>> <<@UkurikirimfuraAngeMarcelin-l4x says : Mumuhe akazi nukuri>> <<@muhawenimanadamascene2208 says : Nizere ko 10 mumuha akazi>> <<@BunaniJeandamascen says : Arko rero niba yarize koko masters ubu akaba agaburira ingurube ngewe ndumva aribyiza nonex ingurube nizo zigomba kugaburirwa ni njiji?????????>> <<@MbarushimanaEdauord says : Turamukeney kuri radio yacu>> <<@MbarushimanaEdauord says : Jyewe yankoreye ubuvugizi yari inyanga mugayo>> <<@MbarushimanaEdauord says : Twaramukundaga irubavu mumugi tugarurihe>> <<@mutsinzieric5445 says : Apuu iyi ni mahinja>> <<@NteziyaremyeEric-j6y says : Naramukurikiye gusa ntakwiheba bizakunda wenda buzacya>> <<@ManiraroraPholemon says : kugaburira ingurube se ko si akazi>>
VideoPro
>>