<<@yvonnegahimakazi564
says :
Ovule ni amagi y'umugore...ntabwo ari intanga z'umugore😅 Umugabo niwe ugira intanga
>>
<<@RurangirwaRebecca
says :
Ibitwenge. Byanyu uzikomuseka nkatembagara❤
>>
<<@RurangirwaRebecca
says :
Muraho ndabakunze muganira neza knd mubwenge
>>
<<@Bavaria-yv4cc
says :
None se niba umuco uteganya inkwano, ubu umuntu akaba agira atya agakwa miriyoni 5, kuki utanga umwana amaranye amezi 9 mu nda, atagenerwa igihembo!
>>
<<@angeuwamahoro4854
says :
Mwabagabo mwe muzi ubwenge. Ahubwo Inteko nshingamategeko izabatumire mubafashe kunononsora iryo tegeko. Bravo à vous deux ✊️✊️
>>
<<@Handling-X
says :
😂😂😂 Nkunda umuntu muganira ibintu bikomeye mutebya! Muzatubwire no kubirebana uburyo abana bandikwa mu irangamimerere
>>
<<@NyirabashyitsiDyna
says :
Ahubwose abadamu bamwe baricwa abandi bakirukanwa ngo ntibabyaye none nu war I kubafasha nawe arafunze umuntu azakoriki koko????
>>
<<@umulisaclaudine7041
says :
Aubwo se umuntu utwise amezi cyenda abavandimwe,abaturanyi inshuti baramubonanye inda,hanyuma bakazabona nyuma y'amezi icyenda,ntamwana,ntiyapfushije ngo bamutabare, abyitwara mo gute,ubuzima bwe bwo mu mutwe ntibushobora kuhangirikira??!! Mwibuke ko atemererwa no kubona umwana,ntamwonsa kd,amashereka, aba yatangiye gukorwa,ese aramutse akurikiranye umwana akazanamubwira ko ariwe nyina Ibi bintu biragoyeeeee
>>
<<@marieclaireuwinyange
says :
Ubundi mu mahanga,ubyaye ntabona umwana, bahita bamuhereza uwo yatwitiye .
>>
<<@KABAGWIRAYasinta-hg7sn
says :
Ese bene wacu babitangiye KERA babikora bate?? Itegeko rizakorerwe ubugororangingo.
>>
<<@NKURUNZIZAAlphonse-x3g
says :
Wamu dame Vanessa wamwohereje mumahugurwa?
>>
<<@felixbienvenue1348
says :
Ko gutwita bigora hashobora no kubaho urupfu ku mubyeyi utwite , kuki itegeko ridateganya indishyi ku wapfuye.
>>
<<@ahishubijedieudonne1463
says :
Ubanza twarabuze aba client muri Gereza 😢
>>
<<@ukunzwenimanaolivier3284
says :
Mbashije kubyumva pe.ariko kohabaho ibiganiro hagati yurega nuregwa nta nukuntu habaho nibiganiro hagati yushinjwa nushinja mugihe bitabangamira itegeko bikebura urugero uwo Muganga agasaba imbabazi iyo company igaseswa itegeko rikanozwa mu buryo bubereye impande zose nutwitira agahabwa ibikwiriye kuko agahimbaza munsyi kaba mu gasire maze ubuzima bugakomeza hatabayeho gufunga???
>>
<<@UrwesangeyoTV
says :
Ni byiza ko mu gutegura ikiganiro nk'icyi mwari gusaba minutes za discussion yakorewe mu nteko, raporo yaherekeje umushinga w'itegeko muri Minisante. Si uko Leta iba yanze gufungura nk'uko mubivuga ndetse n'amakimbirane muvuga mu nkuru , iyo musobanuza mwari kubona ibisbanuro kuri ibi byose. Ndizera ko muzadukorera iyindi kuru. Kuko iri tegeko riri more precisious and technical.
>>
<<@adolpheugirashebuja4473
says :
Bsr, uyu muganga ni umwe mu beza igihugu gifite, abantu bashyira ku munzani ingaruka nziza ni mbi. Kuko iteka simbona gufunga iracyo gisubizo mu gihe atari ibyaha by'ubugome. Amategeko yacu yongera asuzumwe neza.
>>
<<@HakizimanaErneste-e5l
says :
Ese Vanessa wa mushyizehehe yosefu we?
>>
<<@AubinBake
says :
Dr Semwaga arazira kurya wenyinee.
>>
<<@kaberaericdeo118
says :
Yari PS muri Minaloc yitwa Cyrille Turatsinze
>>
NEXT VIDEO
>>