<<@NizeyimanaBoston-d5r
says :
Afite face nziza cyaneee
>>
<<@AlbertineUwimana-p3w4n
says :
Oya cherie nturiwe ntazongere urimweza cyanee❤❤❤
>>
<<@6638-j2i
says :
Yewe,abana bacu murabangamirwa ariko mujye mwihangana
>>
<<@Declan123manu
says :
Ariko ndumva atarabeshye
>>
<<@mukamanaflorance84
says :
Arashoboye rwose
>>
<<@MUKAMANABrigitte-f4h
says :
Nyuma yibyo bihano azaze agusabe imbabazi ,mwiyunge hanyuma mube incuti peee! Kdi muzabohorane rwose.
>>
<<@Shemabertrand-i6e
says :
Aya mazina ntiyemewe Kaboko,kajisho ,kaguru ...nibindi kubyita umuntu usanishije Nuko umubona I kosa.( kazungu,gasongo,kamosoo,kajorite .....black .....mubireke
>>
<<@MauriceGanza-t9c
says :
Sibyiza gusitaza undi Ariko se nanone ibyo byari ngombwa kujya munkiko
>>
<<@UtetiwaboVeve-jm2cq
says :
Impumyi
>>
<<@UtetiwaboVeve-jm2cq
says :
Ntago arabafite umuga ubugufi bukabije nufite ubundi bumuga arakaguru cg ukuboko
>>
<<@Leunamme-m3t
says :
Kwitwa igikuri uri cyo, no kwitwa interahamwe utari yo, ibiremereye ni ibihe???!!!!!! Deux poids deux mesures....
>>
<<@SebazunguGilbert-k1g
says :
Nonese igikuri ni igitutsi? Nziko ari ijambo risobanura umuntu ufite ubugufi bukabije?
>>
<<@esthertugizwenayo6571
says :
Ubwo niba udashaka amafaranga ntuzayakire rero ureke afungwe gusa
>>
<<@esthertugizwenayo6571
says :
Ariko wamushotoye ugirango abisubiremo
>>
<<@ABODETIDINGS
says :
Ku kwita igikuri jyewe ndumva atari igitutsi, kuko uri igikuri, kandi ntuteze kuba umuntu muzima utari igikuri. Nanjye niduhura nzakwita igikuri maze ujye kundega
>>
<<@mamikabatesi9567
says :
Zibura Raison
>>
<<@JeandedieuNDAYIZEYE-r1x
says :
Hhhhh
>>
<<@Darling43
says :
Ndumiwe pe ubuse koko bizagenda bite
>>
<<@MusabyimanaFaina
says :
Minyoni urimwiza kd Murashoboye
>>
<<@catherinemurekatete1304
says :
Sha haraho wakwibeshya ukamubwira ngo nigikuri ukisanga muri gereza namafranga atagira ingano. Ese buri wese bamwise amazina bashaka mwababara? Niba wumva haruko bakwita ukababara kuki wumva wowe ufite uburenganzira bwo kwita abandi amazina batiswe nababyeyi? Mwagiye mwubahana ko mwese mwaremanywe ubumuga ntawugororotse kdi ntanuzi impamvu mwaremwe uko muri? Ubwiza cga indeshyo ntacyo bivuze kuko twese haricyo tumariye abandi
>>
<<@uwayokevine3068
says :
Baguhe ubutabera rata urabukwiye
>>
<<@RichardNikora
says :
Nonese nturigikuri urigikise?
>>
<<@Kavukirekumuhima
says :
Nonese yarabeshye nturi igikuri? 🤷🤷🤷🤷
>>
<<@numukobwadelphine1988
says :
mubyukuri Irene urumva uyu muvandimwe wubugufi bukabije atariwe wanamwendereje aho muruhame
>>
<<@numukobwadelphine1988
says :
ariko ubwo buvugizi ushaka ntayindi nzira wabunyuzamo kandi bukumvikana. utabunyujije munkiko ko ntacyo bitwaye. gusa ubwo nutsindwa uzavuga ibindi bigambo
>>
<<@MURORUNKWEREClemence
says :
Iyo umuntu afite ubumuga,ikibazo adafitiye igisubizo we ubwe aba abizi ndetse niyo ntimba ayigendana rero kubimwibutsa noneho mu buryo bugayitse ni ubugome gusa ihangane imbere ni heza❤❤❤❤❤
>>
<<@mukantagandanaome7810
says :
disability is not ability nukuri urenganurwe pe gsa bibaye byiza babahuza mugakemura ikibazo bitagombye ko bamufunga agaca bugufi akagusaba imbabazi ubundi ntazongere kugira nundi ahohotera Imenye wikunde uri mwiza kd urashoboye
>>
<<@Nicholas_sh
says :
We are all human race🫶
>>
<<@goodsamaritan3364
says :
Ntabwo wabyaye ukiri umwana , urakuze rwose
>>
<<@rutunganyaCloude
says :
nanjye Hari ukunda kunyita gutyo rekanze gato vuba ndajya Kuri REG kumurega 😂😂😂😂😂😂😂
>>
<<@Laetitiaineza-q6l
says :
Uvuga ukuri ukakuzira pe
>>
<<@kayumbagirl
says :
gusa nifuza kubaza ibibazo ukizi azansobanurire ..kugirango umuntu avuke ameze gutya biba byagenze gute afite ubu bumuga bw ubugufi
>>
<<@Opalsilve
says :
Nonese nkubaze,washakaga bakwite gasongo?!!!njye narumiwe
>>
<<@kayumbagirl
says :
mwari kuganira mukumvikana ahubwo mufite icyo mwapfaga ..yeah yakoze ikosa pe mu Rwanda ayo mazina ntakibaho .kuzenguruka munkiko guhangana ntibikwiye mukunda byacitse ahubwo
>>
<<@IrakundaJoseline
says :
Ariko bagututse bate ko,,, kuvuga nugutaruka
>>
<<@IYAMAREREINKOTANYI
says :
Kuki reta itugabanyiriza responsibilities ngo bamututse??amacakubiri,ninzangano i biterwa na reta
>>
<<@azizajimy6404
says :
Minyoni umwana twareranywe w'umunyamahoro akunda guseka
>>
<<@sarambuyejean5876
says :
ntacyo mvuze😂😂😂😂😂
>>
<<@aime883
says :
Aka nakumiro
>>
<<@etiennentirushwa
says :
Ingingo ya 27: Umuntu wese ukoreye ufite ubumuga icyaha cy‟ivangura cyangwa ihohoterwa iryo ari ryo ryose, ahanishwa igihano gisumba ibindi mu biteganywa n‟ingingo z‟Igitabo cy‟amategeko ahana n‟iz‟amategeko yihariye ku birebana
>>
<<@KangataValence-c6x
says :
Ariko tubwirwako niba united ubumuga we ababizi sibyiza ku mujomba igikwasi ubi mubwira uwo mutual muzamuhane ntabwo aba yariremye
>>
<<@aimeefurakazi1788
says :
Uyu numurakahe 🤔
>>
<<@MushimiyimanaChrollote
says :
Bikomeje kugorana
>>
<<@Paramekashow-ev2qw
says :
Hazagize umpuza nawe wee
>>
<<@Paramekashow-ev2qw
says :
Uyumugore ko ari mwizawe oooh my god
>>
<<@nshimiyimanajeanmarieviann2305
says :
Ubutabera nibwiza turagushigikiye
>>
<<@demba-o8t
says :
Ukuri ntikwica umutumirano ubuse nihagira unyita umwirabura Kandi nyine ndiwe mbese nzajye kumurega ?😂😂😂😂 iryo nitiku
>>
<<@mbabazidodo5131
says :
Ihangane mama ubwo yabonaga yiyumva nyamara ntiyibutse ko iyamuremye ariyo yakuremye ntanubwo yagombaga kuvuga iryojambo rwose Noneho ninumuyobozi ubwose urugero rwiza yatanze nuruhe Koko? Nukuri abantu twige kubaha ikiremwa k'Imana koko twese urebye ntawutagira inenge komera mukobwa mwiza ubone ubutabera pe nikindi gihe abantu bajye bubaha bagenzi babo pe
>>
<<@NikuzeDenyse-g7n
says :
Ngobavuga ibyigondoye imihoro ikarakara😂
>>
<<@umutonichristian5654
says :
Igikuri cyuzuye kbsa
>>
NEXT VIDEO
>>