<<@NsanzimanaJanvier-p6w
says :
Bibaho abana bikigihe bakunda ubutunzi banamuhitana ntawamenya reka dutejyereze ubutabera ababana nibyo kabitera nibakuru sinzi impamvu batakumvikanisha ababyeyi babo kuko babishatse byakunda
>>
<<@NsanzimanaJanvier-p6w
says :
Theo ndakwemera ariko ubwo twumva uruhande rumwe ntago aribyiza twumvise nuriya musaza wasanga Wenda abana nanyina bamubangamira kuko byashoboka kuko nanjye najyiye mbinyuramo
>>
<<@olivieruwimpaye1893
says :
Theo wowe ubwawe wagakurikiranye ibibazo by'abo bantu kuko birenze uko mubitekereza, naho kubihoramo gutyo bimeze nko gukinisha igisasu, bizasoza kibaturikanye mwese
>>
<<@emmanuelimanaturikumwe2470
says :
Abagore b'iki gihe bafite amashitani
>>
<<@immaculeenzamukosha3856
says :
Aravuga bikaba yategeka bigakomera!!!!!!!!!!! Mufite ikibazo kbs!
>>
<<@DUKUZUMUREMYIEMILE-k9y
says :
Arikose UWO musaza ntarengana?
>>
<<@Gfw48tFsetkhcjg
says :
Ese uwo mu Cdr yakurongoye ate?
>>
<<@Rodriguezkare
says :
Abo Bana banyu,nabo ndabagaya cyane. ntibagakwiye gufata Uruhande,rumwe,kdi mwembi muri Ababyeyi babo.
>>
<<@Rodriguezkare
says :
Ese Ibyo bintu,mutunze mwirirwa,mumaranira,muziko hari na batunze,Ibirenze Ibyanyu bakabisiga? Ese mwe muzabijyana? Nyuma muzasanga Ibyisi, byose ari Ubusa.
>>
<<@Mandelenia
says :
Iyi famille nayo mbona ntazi. Ubu bari mu biki?
>>
<<@joyinthekitchenjoyce5704
says :
Uwo mugabo wawe bizarangira yishe unwe murimwe
>>
<<@MezaIsimbi
says :
Niba wamunyamakuru we uribuve hano uyumuryango ukujejeho ikibazo ntugire icyo ukoraho, ntuzongere kura abantu utesha umwanya🤷 genda ufunguze urengana ukimenya ukurikwabyo🤷
>>
<<@UwimanaJeanne-wt4xz
says :
Nawe rwose ngo yategeka bigakomera ahindutse lmana se yaribeshye .
>>
<<@mukamakombesofia8478
says :
Atikose Imusanze ntabuyobozi bukora bushishoza ngo ibyo bibazo bya Nemeye wigize ikinani birangire ko mbona azanabicisha amaherezo
>>
<<@NtakirutimanaDeborah
says :
ngo aravuga bukaba ngo ystegeka bigakomera ni Mana yonyine ivuga bikaba yayegeka bigakomera ntabwo ari nemeye mama
>>
<<@GitegaAndre
says :
Uwo ni Nemeye ushaje nabi yanduranya nabana Nemeye washyize agapira hasi ko ushaje wakwitonze ugasaza neza
>>
<<@christinesemuto940
says :
Ariko uyo Nemeye ararambiranye, askyiii ese ari hejuru y'amategeko?
>>
<<@NizeyimanaGilbert-rw7xh
says :
Ibi bigoryi birarambiranye nabyo
>>
<<@alphonsineuwamahoro2748
says :
Yooo kwa Nemeye bagiye mu manza😢😢😢 ??? Bari abakire b' i Musanze Abakire barenze bubatse etage nyinshi Musanze
>>
<<@bestfriend250TV
says :
Bakunzi ba #UKWEZITV tubana hano umunsi ku wundi, nanjye munkandire ku gafoto tuzamurane nyabu❤❤❤❤
>>
<<@kiri-za-2023
says :
At least wibyariye abana beza kandi basa na mama wabo. Naho ubundi uwo mugabo wabahabuye gutyo, iyo bagira ibyago bagasa nawe, bari kujya bireba no mu ndorerwamo bakagira ngo ni Nemeye 😢, bagahungabana. Mbega umugabo 😢
>>
<<@Karekezi-y7i
says :
Amaraso y'abantu ndumva amugeze ahabi pe
>>
<<@TuyishimeLaurent-l1d
says :
Ariko abasaza baragwira pe, arica agakiza ndakurahiye, ashobora kuba akomeye cyane.
>>
<<@graceuwisanze7387
says :
Nemeyabahizi ahobigeze ndamusengera abone umugore wumwanamuto wumu Slay niwe uzamukuramo ababazimubose 😅😅😅,nukuri Nemeye akeneye utuganbo nkatwa baby,Honey ,,,,,Sugar ndagukunda kuko nibababazwa kwabanabe babwirana ndagukunda murunvako nawe akeneye abamubwira utwo tujanbo
>>
<<@uwishemalosine4252
says :
Ariko iki kigabo ni gati ki😏
>>
NEXT VIDEO
>>