<<@louisekwizera4886
says :
Ezira . Service ukora ni nziza .Komeza.
>>
<<@yvan2026-g2c
says :
Nonese arucuruza isanduku n'ucuruza irimbi cy ukora akazi ko gucukura imva urumva ukora akazi keza ninde? Mubwire
>>
<<@esthertugizwenayo6571
says :
Ezra ntabwo ushaje cyane pe
>>
<<@TuyisengeChristine-p9g
says :
Ezila we nubundi bazajys bakubona bavugengo Dore cyakigabo cyacuruzaga amasanduku
>>
<<@katebern8749
says :
Sabin urasek ugatuma ikiganiro kiryoha, Ezra nkunda kukumva uziko narindi kureba mwenedata ngahita nyivaho nkabanza kureba Ezra, manawe
>>
<<@gloriauhiriwe
says :
๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ Ezra arasetsa kokoooo? excuse sinjya nkibagirwa aka kajambo
>>
<<@UWERAGisele-n9e
says :
Ukobyamera kose nzakomeza nkukunde๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐
>>
<<@u.skiber3050
says :
Ubwo urahaze.
>>
<<@HabiWera
says :
๐๐
>>
<<@EmmanuelBanda-v7x
says :
Sabin na Ezra ndabakurikira cyane mbarizwa mugihugu cya Zambia ariko umwanzuro ufashe ntabwo ariwo muvandimwe komeza akazi ,ntabwo bbfm yabivuze arukukwanga
>>
<<@valeriemanirakiza3244
says :
Reka reka ikorere akazi. Zikore
>>
<<@Elisabeth.2026
says :
Ezra bakuveho rata
>>
<<@user-qo2wx6oj45
says :
Kenya bayacuruza kumuhanda rwose wicika intege kazi ni kazi
>>
<<@muhozajamilla9049
says :
Winsetsa pe turarushye turaremerewe pe๐๐๐
>>
<<@Elisabeth.2026
says :
๐๐๐๐
>>
<<@muhozajamilla9049
says :
Ezra we ndagukunda pe
>>
<<@valeriemanirakiza3244
says :
Ntugahebe akazi kawe
>>
<<@BN-ef8gt
says :
Ahubwo njye ayo nkorera aba makeya kuri depense mfite๐ ndarushye ndanaremerewe. Ezras we ugira ibitekerezo byagutse peee bitwigisha
>>
<<@MD.MohammedMD.MOHAMMAD
says :
Ese ntugitubura?
>>
<<@KevineDusingizimana
says :
Umujustoma Akazi nakazi nshuti yanjye kora ahubwo ujye utugabanyiriza mugihe ibyago byatugezeho ๐ข๐ข๐ข Nabakuvuga c kontawe bajya gushyingura batagiye murayo masanduku
>>
<<@abegadarl4716
says :
Sinzimpamvu ndikumukunda cyane pe๐๐๐nsigaye numva waza kutuganiriza burimunsi kbs ,ugira amagambo meza,arimo ubwenge,wowe na gafaranga mwahuye umuntu yahaguruka yahungabanye ๐๐๐๐๐๐
>>
<<@SmartboyNobifu-u1r
says :
Good
>>
<<@mr.patrice2514
says :
Oya wibihagarika kuko ni Service ikenerwa, turavuka tukanapfa rero uko umuntu avutse bagategura imyenda aho kubaa ninako iyo dupfuye bategura aho umuntu ashyingurwa.
>>
<<@desiremasumbuko5242
says :
Wenda gushing urwawe byo ariko kazi ni kazi
>>
<<@desiremasumbuko5242
says :
Kazi ni kazi
>>
<<@banezabernadette1676
says :
Sha nugendera kubyabantu ntuzaterimbere wowe kora
>>
<<@GguGc
says :
โคโคโคโคโคโค
>>
<<@MarieclaireKagenza
says :
Ezra ndamukunda cyane mbona Ari umuhanga ndetse numunyabwenge ๐
>>
<<@emiliennemulisa4090
says :
Wabuze iki?๐๐๐
>>
<<@NsengiyumvaVianney-n5m
says :
Sha nanjye ndushye kuba single pe!!! Nuko kubiviga abantu babyita imikino uzi kugera kuri Etaje ya kane ukiri single kandi witonda,uri inyangamugayo ,Utanywa ikiyobya bwenge icyo aricyo cyose!!!
>>
<<@INEZANinimah-o1x
says :
Akazi ni akazi
>>
<<@boscouwitonze
says :
Sabe dukeneye mutabaruka
>>
<<@bankyolusegun3716
says :
Ibaze gucuruza ikintu nawe bazakujyanamo๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐
>>
<<@KayiganwaAdeline
says :
Umva nyiyigishiriza uko iyo business ikorwa nyikorere naho abaseka nabo bazagukenera
>>
<<@umurerwadelphine8977
says :
Icyo yashakaga yarakibonye se uwacyimubaza yacyimwereka? Biriya ni nkinda ntibijya bihaga,buriya mubikoranye burumwe ajye ashimirundi naho ibyo kwiyemera ngo ndamuriye urahaze se
>>
<<@shumbushojobs1796
says :
Uyu mutype no kumureba gusa arasecyeje pe
>>
<<@jeannedarcmukeshimana354
says :
Ubwo urahaze. Yareke ubahime
>>
<<@AngeliqueMukamurenzi-m8i
says :
Ezra we mpa akazi Njye nzigucururiza arinjye birwa bavugako nzicuruza
>>
<<@MukabugingoOlive
says :
Ezra ntugacike intege ngo bagusetse ndakwiginze komeza ube wowe ๐ช๐ช๐ช๐ฅฐ๐ฅฐ๐ฅฐ๐ฅฐโค๏ธโค๏ธโค๏ธโค๏ธโค๏ธโค๏ธ
>>
<<@Mila-vu1yr
says :
None habuze abadandaza amasandugu abantu bazobashingura gute ? Ugira niwe uba wabishe ? Komeza business abantu ubareke baba bariko batera inkuru.
>>
<<@UmurenziBeatha
says :
๐๐๐๐โคโคโคโคโค๐๐๐
>>
<<@solangeg5524
says :
๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ nibutse ko najye twahuriye muri CHIC nkagusuhuza nseka
>>
<<@NdayisengaJeandelapaix
says :
Mbere iyo najyaga mushaka ikiganiro cya Ezira kuri Youtube nandikaga ngo KANYAMASANDUGU
>>
<<@YvetteAbimana
says :
Ni business rata ntibaguce intege๐๐ gusa nanjye iyo nkubonye numva naseka๐๐
>>
<<@InamaZaQueen31
says :
Number 2 ndihano.Ezra weeee๐๐๐๐๐ aba Ezra aba yasekeje nkanjye munkandire aho kwifoto.โคโค
>>
<<@ูุฌุงุชุงู-ุช7ุฎ
says :
๐๐๐kanicare
>>
<<@only_wirwanda
says :
Yesu weeeโคโคโค first commenter Umujisitoma
>>
NEXT VIDEO
>>