<<@Umurava1 says : Njyewe mbona ingabo zacu arizo zikeneye umushahara cyane kuruta abandi ntago umuto yakagombe kuba akiri muri 50k nimacye cyane pe.>> <<@bubulini645 says : Ndumva ntacyo Minister ashubije pe...>> <<@gahirealex5603 says : Abakubaza ikibazo Cy, umushahara barakurenganya>> <<@kayumbadavid4613 says : Ibyo uvuga ntagisubizo kirimo. Iyo ibiciro bizamutse bizamukahose rero niba umushahara utazamutse abakoresha nibo bafite advantage. Ntagisubizo utanze.>> <<@Market_news-w5j says : None c productivity ya public sector or public Institutions uyipimagute kandi ushingira kuki gituma uzamura umushahara wabakozi ? , niba Scovia areba umubare wamashati yadozwe wowe urebe iki muri public sector as non profit organisations?>> <<@ahishubijedieudonne1463 says : Debate imeze nka gari ya Moshi 😂😂 kuki umirimo y'abagore ishaka guhabwa agaciro ariko,.....>> <<@jeandamascenesibomana9092 says : Gsa niba abayobozi atibo bakora cyane,ntakindi nibanongeze ubwo numusaruro wibyo bayobora uziyongera niba aribo bakora.>> <<@MMHNOGSJMCA says : Uradutuburiye kbsa.ese ko ubundi mbere haza Imbuto yibigori bwambere aho twezaga ibiro 100 byarikubye tugera kubiro 400 ariko nyuma yimyaka 2 byahise Biba ibindi kuko ubu aheraga ibiro 400 byageze hagati ya 40-70 kg rwose mubuhinzi hari ikibazo cyo kugira gahunda idahoraho .mizakore ubushakashatsi mubuhinzi bwibigori igice cyimisozi ,muzahere nyabihu muri za Rugera ,Rurembo nindi mirenge yo mumisozi miremire abaturage bageze aho bifuza guhinga ibigori bimwe byakera Pe kuko ibindi ntakintu bagikuramo>> <<@muhirwa0badia482 says : Iyo ushyigikiye Akarengane nawe iyo kakugezeho barakwihorera!Mubihorere Perezida azaturenganura kuko ibiciro Ku masoko byaturenze twese.Bongereye umushahara wa Mwarimu ibiciro bihita biwurenga 3,Ubu ciment ,umufundi, ikibanza kigura angahe.Umufundi wahembwaga 3K mucyaro Ubu 10 k.>> <<@ClaudeNIYOMUFASHA-e7z says : Okay ubwose iryo shoramari ryagiye muri Public services : ababashoramari bakadufasha muri service nkubuvuzi. Health center abaforomo barananiwe kubera ubwinshi bwakazi bagira , amasaha yikirenga Kandi bategekwa gutanga service nziza kukazi kabarengeje ubushobozi, ibitaro byo sinshaka kuvuga ukuntu umuforomo cngwa umubyaza umwe arara izamu afite abantu 70 bari kubitanda agomba kwitaho mubyukuri kuvuga ko mwongerera ubushobozi inganda nibindi muzirikane nimvune zababantu mubahe ibibakwiriye Kandi amasaha yikirenga mujye muyibuka bahabwe ibibakwiriye murakoze>> <<@ngombwaplacide says : Yewe nimujye mwituriza imishahara ntayo ni ukwiyacyira>> <<@Ambient-B1 says : May God help Employees>> <<@DCFX-k1p says : Nonese twe turi abacakara babashoramari? Shn minister içyo ni icyinyoma. Gusa tuzahora tubibuka nkabashyigikiye aka karengane.>> <<@UwimnaFaustin says : Igipindi>> <<@martinhitayezu9974 says : Politic guseka kurora tubyakira nkuko tubibona.>> <<@martinhitayezu9974 says : Urirengagiza kuko uriho ibyo wavuga byose umenye ko hari abapfira muri iryo jambo.Kuko niba mpembwa 1000 kumunsi ngombye guhahisha 1500 mfite umuryango w'abantu 4 nabyo muradushinyagurira>> <<@OG-pu9gf says : ❤❤❤>> <<@gategayaelias8925 says : reka nawe izomvigo za polique abayobozi bonjejwe kenshi>> <<@NEZA138 says : Leta ntikomeze kutuneshya Kandi nayo ikomeje kuzamura amafaranga yaka Abaturage mugihe imishahara igena Ari ubusa mumbwire ukuntu abakozi ba Leta bahembwa ibihumbi 50 ,60,80 bakora amannywa nijoro badtaha mungo ngo bagire ibindi bakora, Kandi ubukode buriyongera, imisoro, amazi, umuriro, ubwishingizi byose biriyongera udakuyeho AMASHURI ubu nkiyo abuga ibi yumva arinde ubyishimiye? Muwongere cyanowa muwureke gusa murhemukira umuturage,iminsi irimbere muragwiza Abasazi kubera depression ndetse nanajura>> <<@AtanaziNiyomugabo-e7l says : Ese umuhanda uhuza karongi na ruhango perezida kagame yatwemereye muwuteganya ryari>> <<@GiramatamanziManzi says : Hhhhh sinzi imbogamizi Reta ibona mukugira umuturage uteyimbere kuko biragarako bicyirikure nkizuba koharumintu ukorera kumushahara uzigera aterimbere uwobizakunda uwo afatwa nkuwaciye Reta murihumye biratangaje uburyo Reta ihora ihanga uburyo bushyabwogukosoma umuturage Kandi bugatanga umusaruro uhanye kuriyo ukuri nuko igihe cyose umuturage acyennye muzisanga twaranakenye mukumva ibyo binyoma nyabuneka minister ni mureke guhindura umuturage wurwanda nkuwa Korea yaruguru iyi protect irandindiza umuturage wanone ndetse nuwejo hazaza>> <<@Philbert05 says : Good 👍>> <<@tuyiringirejerome6662 says : None c abayobozi bongerewe bonus nuko bo bakora cyane?>> <<@munyeshurieric8191 says : Hello sir also consider private sector>> <<@KALISAClément-c1e says : Kuki reta yitaye ku bakozi bayo ibazamurira imishahara ntiyite kubushobozi bw'umuturage usanzwe ahubwo akananizwa nibyemezo byaburi gihe bimunaniza Kandi atabifitiye ubushobozi? Ex:mutuel yakomeje kuba ikibazo mubyaro cyane muri Nyagatare kuko ntamuyobozi ushaka kumva umuturage mukumushyira kurwego ashoboye.>> <<@martinnizeyimana2365 says : Uyumugabo yitujijisha, reta ufite inshingano zokwita kumibereho yabakozi, nonese ubundi umusaruro ntiwari uhagije!? Ikobatawutejimbere kare, kdi asomeneza amategeko, tuzakorera reta tutarya, tudatega imodoka, haaa mukomere mutubeshye twumvee!!>>
VideoPro
>>