<<@ngango_olivier.3
says :
Mwiyi minsi ntago Abantu bagitinya ibinyabiziga pee, kabone niyo haba muri zebracross ntago , wapfa kwambuka atarebye.Imodoka ntamaso igira biraribyo zirabamara daa, birasaba kwicungiraa
>>
<<@abagihanaofficial4092
says :
Arikese uretse kurenganya Police ibinabyo nibyoguhugurwamo uyobeweko ugomba kwitonda ugeze munzira zabanyamaguru cg ubonye umuntu yonjiye mumuhanda ntibakarenganye police nugendanabi bakagutera amande uzigakugendaneza ntawuguhuguye
>>
<<@IradufashaKevin-l6y
says :
Byo ayo mahugurwa aracyenewe kuko bamwe bagenda mumuhanda nkabawuranguye
>>
<<@didierganza7830
says :
yewe
>>
<<@TuhrsTub
says :
Mbega ubunyamanswaweðŸ˜ðŸ˜ðŸ˜ðŸ˜
>>
<<@TuhrsTub
says :
😢😢😢😢😢😢
>>
<<@TuhrsTub
says :
Mota ntakundi wa vuga
>>
<<@ingabirejosianne8754
says :
Sha harabanyamaguru bagera muri zebra ukagirango nikumuharuro wiwabo
>>
<<@kigugejeanmarie752
says :
Iriyq mirongo hari benshi bayigize nko mu nzu zabo! No kwihangana ngo bavugire kuri phone amaze kwambuka byarabananiye! Benshi bazi ko nta munyamaguru ugira ikosa. Hari hakwiye ko traffic police yashyira imbaraga mu kwigisha abanyamaguru kandi nabo bagahanwa kandi tukamenya ko priorité atari securité.
>>
NEXT VIDEO
>>