<<@KwitondaFrecian
says :
Nonemudukuremurujijo,mutubwiremukuriikimenyetsonyamukurunikihe,ko666bibiriyaitinumubarewumuntu,uhuriyehenikaritakoranabuhanga,mudusobanurire
>>
<<@IGIRIMBABAZIEsther-l2v1h
says :
π’π’ imana itugirire neza
>>
<<@Claude9951
says :
Nabonye idini yawe yarakomeye komeza usarure Sha abadiaspora barayafite
>>
<<@ManishimwePetronile
says :
Wowe ntampungenge ubifiteho kukintampungenkenge ufite iyowatangiye urasohoza
>>
<<@KayitesiAnitha-n1w9l
says :
Ni Izina ry'Inyamaswa
>>
<<@TuyiringireGratien
says :
Nge nyifata nki ikintu kizamfasha kuba byoroshye.
>>
<<@TuyiringireGratien
says :
Duteze amatwi kumva iby'umwuka.
>>
<<@nyirakamanapaina49
says :
Cyakora uratubabaje
>>
<<@nyirakamanapaina49
says :
Ibiganiro byawe bivuga kuri DI ndabifite mbikoherereze waruyobewe kuba warabisobanuye mbere hose jyamumubare wabandi gusa Imana ikubabarire inda irayoboye
>>
<<@nyirakamanapaina49
says :
Ariko se muba mwiyibagije ibyo mwavuze igitumye wivuguruje ibyo wavuze Niki koko
>>
<<@InkotanyiRyahamye
says :
Ese nimuyireke mube inzererezi mubyiteyeππππ
>>
<<@InkotanyiRyahamye
says :
Nonese irangamuntu ko ikoreshwa hose ubwo twese twabaye aba antikristo π’nonese ko muroha abantu mukarengane kataraza nikaza bizacura iki kokoπ’
>>
<<@InkotanyiRyahamye
says :
Hhhhhh
>>
<<@InkotanyiRyahamye
says :
Ariko digital id ihurirahe na anti kristo kweri ko anti kristo nubundi ahari akora kdi Atari mushya ra muratubeshya kweri
>>
<<@InkotanyiRyahamye
says :
Jluc indangamuntu isanzwe yakoreshwaga kuri konti rwose no kubyangombwa byose iyo utayifite ntakintu ufashwa rwose ubanza udaheruka muRwanda
>>
<<@BAZUBAGIRAJosiane-y5t
says :
Njyewe na Id mfite iza hari abayanze ngo nikarita yinyamanswa.gusa njyewe nasomyeko ikimenyetso cg umubare wa ya nyamanswa ntabwo biziza byijijisha umuntu azajya abyakira abizi
>>
<<@rukundoezira1137
says :
Uko byagenda kose umukristo akwiriye guhanga amaso Yesu wenyine binyuze mu gusenga no kwiyiriza ubusa, gusoma ijambo ry'Imana no kugira amakenga. Uzadusobanurire guhanga amaso abayobora system icyo bivuze mugihe ibyo bazanye ntakibazo biteye Kw'itorero rya Yesu
>>
<<@niyonzimajean5761
says :
Jaric nawe ikizame kiramustinze
>>
<<@DanielNteziryimana
says :
Jarikewe. Imana ikubabarire kuko urivugurujepee urugambaruge mumahina bakirisitu bajyamwiju nimutumbire yesuwenyene mukure amasokubantu
>>
<<@SamwerB
says :
Imbaraga z, Imana niziganze muvandi nukuri yesu kristo aribugufi azanye ingororano matayo24, 13 Murakoze turagukunda β€β€β€β€β€β€β€β€β€β€β€β€
>>
<<@samuelntawumenya752
says :
Gusa nawe Imana yawe ndabona yarabaye ubutunzi ninda wibuke isengesho Yesu kristo yadusabye gusenga
>>
<<@samuelntawumenya752
says :
None c wibagiiwe ibyo Yesu kristo yavuzengo nibabarenganyiriza mu mudugudu umwe muzahungire muwundi kd ngo abari murikiristo Yesu bazaregwanywa niba utemera kurengana c urumva urumukristo ungera utekereze kuribyo byombi ni Yesu wabuvuze
>>
<<@peaceNknzwn
says :
Imana ishimwe kuko yemeye ko ibihe bishika ko atawuzogura ngw'agurishe adafise ikirango ca Shitani ,urakaza Mwami YESU ,abizera b'ukuri muhumure turarinzwe ,turushishwaho kunesha n'uwuduha imbaraga nawe ni MPWEMU YERA W'IMANA ni KRISTO YESU YABAMBWE AMEN MWIRINDE IVYINJIRA MUMIBIRI BIHUMANYA UBUGINGO BIKICA IMPWEMU Y'UBUGINGO ,IVYIYUMVIRO INTEKEREZO
>>
<<@MUKANKUBITOVestine-i3s1n
says :
Ubwo nawe uzayifata hanyuma cipu niza iyange tubwire rero tuyemere nyumatuzange cipu
>>
<<@MUKANKUBITOVestine-i3s1n
says :
Noneho utugiriye inama tuzayifate hanyuma cipu Ariyo tuzana??
>>
<<@ChadiaUwamahoro-pg4eq
says :
Cyikoze namwe munaniza abagenzi banjyamwijuru icymbere uvuze ko digito nuyifata agunzaba urihose bazakubona kuko twese tubeshejweho namafaranga ubwose murumva muyatuvanga πππππππ
>>
<<@ChadiaUwamahoro-pg4eq
says :
Arikose watinya urikuguhatira ibyobateguye kandi uvuzeko ntaho wamuhungira
>>
<<@ChadiaUwamahoro-pg4eq
says :
Ahubwo wowe warikugira inama abantu bikundira Imana uko bakwitwara kuko gisenga tutasengankandi tukanakora kuko ntawasenga gusa ngo bimuhe ibyo kurya cyagwa ngo bimugaburire abana
>>
<<@niyoniringiyepeter147
says :
Urukingo rwa COVID-19 ni rwo rubi cyane kuko rwinjiye mu mubiri mo imbere naho digital identity Ntacyo yatwara ubugingingo ahubwo iri mu ntambwe zerekeza mu buta bwa antichrist
>>
<<@NdindabahiziJules
says :
Yoooooo uteye agahinda disiπ’π’π’
>>
<<@NdindabahiziJules
says :
Biragaragara ko ibyo uvuga bitari guhura numutimanama rwose pe wanyagiwe kuko urikwivuguza humura buriwese yarumvise knd buriwese azifatira umwanzuro
>>
<<@RachelUtuwimpeta
says :
π’π’π’π’aka kanya koko urivuguruje peeeπ’ utangiye kuryindimiπ’Bana b,Imana muze dutumbere Yesu wenyine azatugezayo
>>
<<@ndacyayisengapasteur5998
says :
Yewe ndumiwe Koko π€ sinshaka kubavuga ariko mwabivuze muri benshi none ubaye uwa Kane mubamaze kwivuguruza ndakwibuka muri COVID none eeeee yewe abantu Bose bazayiramya ariko ntabapfira gushira ibyo mwarabivuze nabumva barumvishe mushaka mwakwicecekera
>>
<<@ishimwepatrick3258
says :
Reka nisekereπππππππππππππππ
>>
<<@MUKANTAGWABIRADeboraVerdiane
says :
Arikose imana ibayabatumye gobigedegute?ese yesu azakudupfira niyaranje kurengera ubungigo umwana wubungigo arahari numwana wokurimbuka arahari .twuvishe nabagiye ikuzimu kirisitu abakurayo .turimuminsi Yuko muminsi yanyuma ubwengebwishi buzagwira yesu ATI muhumure naneshenje isi. Ibibizateshwa agaciro nkibyumunara wibaberi mugabanye kuvugago mwatumwe beshibabivuga babeshyera imana
>>
<<@FrancineIngabire-l5u
says :
Ni ishyano ni ishyano pe!!erura nubundi usobanurire abo uyoboye uruhande nyarwo uherereyemo,ureke kuvangavanga ibyo ubabwira!birababaje cyane kuko benshi barimo kwivuguruza kubera ibihe!!Ariko ntakabuza abana b'Imana ntabwo bazayoba uko bizagenda kose. Yemwe abahanze amaso abantu nimuhunge bigishoboka mudapfa!
>>
<<@UmutesiAline-o6n1v
says :
Mwese muraducanze ubu nuguhanga amaso ijuru akaba ariryo rituyobora naho mwe musubiye kubyo mwanze
>>
<<@SarahM.Sharon
says :
Nonese iranga muntu tuyifate ?
>>
<<@MENYA-RW
says :
Jean luc, jean luc π€π€ Finally nawe uruhande urimo ruramenyekanye. Reka nkwibarize, uvugishije ukuri mu mutima wawe umeze gute???? Usibye n'ibyo uri kuvuga, Na body language ubwayo iragaragaza ko ufite ikibazo pe. π’π’Mbabajwe n'intama zikikuri inyuma zikigufata nk'umushumba uzishumbyeπ’π’π’
>>
<<@AveJesusChrist-z4u
says :
Thxβ€β€β€β€β€ Bonne journey π
>>
<<@ThierryNihorimbere-g1r
says :
Amena Amena urakoze cane sharike
>>
<<@ngiruwonsangamathias3082
says :
Ibyo uvuga nibyo ariko harinikindi utamenye abantu bazashyirwamo Microchip ubworero uwo iizajyamo bazamuyobora rwose
>>
<<@UwizeyeRaissa-cg7pi
says :
Murakoze kudusobanurira gusa biragoye kuko ababizana ntakiza batwifuriza.
>>
<<@rutahasteven2683
says :
Ariko harikintu urikuvuga kidasobanutse ntarimo kumva ngo digital Id sikibazo ikibazo nabayizanye ubwo iyo Statment irasobanutse kweri?
>>
<<@UweraFolarance
says :
Urahiye wowe aaaaaagwiki subiramo numve mwizina rya yesu komeza wonshye abantu lmana yaremye urarimbutse
>>
<<@thaciennekwizera1689
says :
Sujet yari nziza ariko wabivanze kabisa kuko ndumva urabwira abantu kuyifata kandi nawe uravugako hari ababiri inyuma?
>>
<<@thaciennekwizera1689
says :
Nonese ntiwumvako ari ukugenzura umuntu mugihe wowe wavuzengo ni uburyo bwokureba imibereho?
>>
<<@thaciennekwizera1689
says :
Ninese nigute uvugako ld atarimbi kandi wumva izaba ari igitabo gifunguye cy'umuntu?
>>
<<@thaciennekwizera1689
says :
Ahangaha uri kubanga abantu ,nonese umuntu arebe kubizakurikira hanyuma ibimdi abyijandikemo byose none wabicika ute nibindi waramaze kubyinjiramo
>>
<<@jonathanntegerejuwera5094
says :
Nkunze aho uvuze Ari Yesu
>>
NEXT VIDEO
>>