<<@NshimiyimanaXxx-w9h says : 0K>> <<@Rwanda20 says : Abayobozi ntibakishinge ibyo abaturage bavuga,ahubwo mujye munareba imikorere yumuntu kuko ntibaba bazi aho iyo mitungo ufite wayikuye. Ibaze kwaka credit uzishyura mu myaka 5 cg 10 ukagura ikibanza cg moto cg ukiyubakira inzu,cg uukishingira akaduka Abaturage bakakubona nkumukire kdi buri kwezi wishyura inguzanyo wongeyeho n''inyungu>> <<@Rwanda20 says : 08:00 Eeeeeh,ese buriya nta muntu waba ufite imodoka kdi akaba akennye kurusha utayifite? Nta muntu utuye cg uba iwe,ukennye kurusha udatuye(ukodesha)? Umuntu ntashobora kuba afite ikinyabiziga,nka moto,imodokacg indi mitungi nk'inzu ... Nyamara ugasanga ni inguzanyo atararangiza kwishyura ndetse yaranamutesheje umutwe hafi kumunanira?>> <<@Rwanda20 says : Ni babakanyage,ubwo baranabirukana kuko bariye 10,250,abahabwa muri 100k kuzamura,za miliyoni naza miliyari bo bigaramiye.>>
VideoPro
>>