<<@IsaieNkurunziza-zd1ce
says :
dukunda ibiganiro byawe ariko jya ugerageza uhine biba birebire
>>
<<@balthazardusabeyezu6695
says :
Amen. May God bless you Pastor.
>>
<<@mutimukeyechristine627
says :
Aba Kristo benshi bizera Yesu ariko ntabwo bafite kwizera kwa Yesu. Niyompamvu badatera intambwe ngo bakure.kwizera Yesu ntabwo bihagije kuko n'abadayimoni barizera Kandi kwizera kwabo ntikwabakiza. Dore kwizera kwa Yesu kuko Niko gukenewe ku Mu Kristo wese Wakiriye Yesu Kristo mubugingo bwe.Nimumwemerere Imibereho ye Abe Ariyo ihinduka imibereho yanyu. Imibereho ye ni iyihe? N'Imibereho yo kumvira amategeko y'Imana yose. arashaka kuyandika mu mitima yanyu kugirango he kuba arimwe mukora ahubwo Abe Ari we ukorera muri mwe. Kuko mwe ntanakimwe mwashobora ubwanyu. Rero mushatse mwashyira agapira hasi mutemerako ntakuntu nakimwe mushoboye.mukamanikira Yesu amaboko we ushoboye akaba ariwe ukorera muri mwe. Nibitaba ibyo Yesu Kristo azasanga mutarigeze muhinduka n'akantu n'agato.Gusa abasobanukiwe n'ibanga ry'uko Kristo Ari we ukora mu mwanya wabo, bageze kure bezwa.dore amasezerano bahawe Ezekiyeli 36:25-28 , Yeremiya 31:33 , Gutegeka kwa kabiri 30:6.Mwuka wera abigishe.
>>
<<@ChristianNenolamungu
says :
Muhezagirwe nlmana
>>
<<@NdayizeyeSamuel-m3l8i
says :
Rusejyero we urakoze kubwubu butumwa bwokuduka ngura
>>
<<@MunyakaziEmmanuel-m3f9r
says :
Karibu mwenedata
>>
NEXT VIDEO
>>