<<@PresciousAmiel
says :
Nta mumtu nzahagurukira sinjye watumye leta kugura bus bahagararamo. Abagenzi twese twishyura amwe. Abo banyantege nke kujye mubashyira muri bus zikurikiyeho. Kuko kuba ndi muto ntago bikuraho ko we nda nanjye pfite ibibazo byu mubiri bitanyemerera guhagarara. Leta yazanye bus zihagije so bajye bajya muzindi.
>>
<<@venusteniyomugabo8900
says :
Mujye mutwara abantu bakwiye
>>
<<@eaglefamilyofficial3111
says :
Hari ubumuga abantu batabona inyuma. Kandi gusaza ni mumutwe. Abo bana mubona ,muvuga gutyo ntago uba uzi ibyo ari gucamo bituma ashaka kwicara. Ntimukabonerane abana ibihe byarahindutse ,niba aticaye muntebe zagenewe abafite intege nke ndumva ntakosa afite. Niba adafite umutima wo guhagurukira umuntu kandi si uko ari mubi ,atarezwe cg adafite indangagaciro runaka. Kereka mushaka ko abantu bose bagenda barira ibibazo bafite ,batera impuhwe mumodoka.
>>
<<@leonardmurangwa3467
says :
Abanyantege nke kuki mubishyuza
>>
<<@TuyishimeEmmy-vb7ph
says :
Ibyo sikibazo cyumugenzi
>>
<<@NshimiyimanaLeonce-o7b
says :
Umva twubahane umuntu aba yizindukiye ngo yicare uwo muntu ufite ubumuga ajye ategereza imyanya ikirimo imodoka ziba zihari
>>
<<@NtawuziyandemyeClaude-y3i
says :
Umuntu abayishyuye aye
>>
<<@samsungmobile589
says :
Reta izashyireho imodoka y' abafite ibibazo utabifite najyamo amenyeko agomba guhagarara.
>>
<<@DAMOURTVSHOW-vx3bp
says :
Ariko namwe murasetsa njye nashyuye anjye none ngo ngo guhaguruka,, aba se yishyure aruta ayo nisshuye ,,,,babasha kire izabo modoka niba babona ko barimo kubabongamira
>>
<<@masengeshoherson
says :
Mwagiyemushyiramo.abicaragusa.kukimutenza
>>
<<@CdhygGdkg
says :
Ase amuhagurucyira gute kd bishyuye angana? harigihe uwo uhagurutsa ariwe umerewe nabi
>>
<<@munyentwarielias1048
says :
Hari igihe uwo ushaka guhagurutsa ngo uwo wita umunyantege nke yicare, aba yahageze kare akabona imodoka ya mbere imyanya yo kwicara yashize, akemera gutegereza ikurikiyeho ku mpamvu z'uko ashaka kugenda yicaye! Yamara kwicara muri iyo yategereje nawe ukazana swing zawe ngo nahaguruke nkaho we gutegereza indi byatuma upfa! Ahubwo nuko bitanakunda umuntu yagakwiye kugenda yicaye nta muntu umuhagaze hejuru kandi yishyuye aye!
>>
<<@ntakinanirimanajeanpierre1054
says :
Murimo gutokora ifuku rwose. Icyo ubibye nicyo usarura byose byahumiye kumirari igihe leta yamburaga ababyeyi n'abarezi uburenganzira bwo gucyaha no guhana abana. Uburere bwiza ntibuva mumagambo gusa. Kandi ntamubyeyi wanga umwana we kuburyo yamutoza ibibi. Utaguhagurukiye mumodoka urumva yagufasha kuzamuka escalier ? Urubyiruko rwiza ni ahazaza heza.
>>
<<@campkigaliprimaryandsecond4298
says :
Nakunu mwazana bus zo kwicaramo ntwese Natwe tuba tunaniwe
>>
<<@continentaltv12
says :
Sha njye ntamuntu nahagurukira kbs kuko mba nishyuye ayanjye nanjye ninsanga imyanya yo kwicaramo yashize ntawe nzahagurutsa niba aribyo namwe ntimujye mubishyuza kuko ari abanyantege nke
>>
<<@WellnessCenter-tp5bi
says :
Harigihe umuntu nawe akabya wowe urabona imodokali iruzuye KD harindi warangiza ukinjira ngo baraguhagurikira ,Erega kuguhagurikira sitegeko abantu babyitwaza rero mujye mumenyako nta tegeko ribihanira
>>
<<@HabumugishaJeandeDieu-rg2su
says :
Ariko iyo umpagurutsa nakwishyuye bite? None umuco muri kuwuzana hano ubu ntuhana umwana wawe RIB ikaguta kungoyi? Leta niyo yabyishe byose ubwo no guhana umwana kwishuri bitakemewe no mungo ntibyemewe ubwo rero ubwo niwo musaruro wejo hazaza Kandi ndumva waratangiye kuboneka
>>
<<@Kanyarwanda450
says :
Mugihe umuntu yishuye amafaranga ye ndumva ntakosa aba afite
>>
<<@HABIYAREMYEIsaac-uu5dw
says :
Ntimurenganye abagenzi mubibwire leta yazanye kugenda bahagaze
>>
<<@emilywanjiru5780
says :
None niba arabanyantegenke kombona mu bishyuza namwe nimureka kubishyuza kuko arabanyantege nkeya natwe tuzabahagurukira
>>
<<@kingkiyol620
says :
Ubundise mbere yo kumuhagurukira yaba azinjyewe mfite ikihe kibazo ahubwose nigute naba nishyuye nkagenda mpagaze
>>
<<@EstherNdoli-hs4qu
says :
Bazasige imyayabo kuko niba umuntu avanyabugogo akajya kabuga abatubwira kujyenda duhagaze bobabishobora ntibagenda muzabo bicaye
>>
NEXT VIDEO
>>