<<@MarioUwizeye
says :
Tutabeshye ubu ni nyakubahwa wabatumye Koko?!
>>
<<@NiyonzimaEmmanuel-q8d
says :
Turapweye ppppppppe
>>
<<@MbabaziSolange-b6i
says :
Kabaye da
>>
<<@NtivuguruzwaFelix-m9x6e
says :
Ibi bintu nibidakosorwa bizagorana pe!
>>
<<@MugabonakeAbel-d2e
says :
Byihorre nange navuye kuvuza umwana bampa ordinance yokugira imiti muri pharmacie
>>
<<@OneTrueLv
says :
Ngo igihugu cyacu turagikunda rimwe na rimwe ariko ……“wagirango Hari ikindi kibyihishe inyuma “ . Mutuel de Santé. Hatari. Abanyarwanda barababaye nuko bakifashe kbsa.
>>
<<@Kelvinfloduard2221
says :
Baratunaniza mn
>>
<<@NshimiyimanaAimable-u7d
says :
Ark nubundi turishyura wajya kwivuza ngo ntamiti ihari ubwose niba wishyuye imiti ingana nayo wishyuye mitiweri urumva utaba uhombye
>>
<<@Rcd83-l3r
says :
Ariko kuki Leta yishyuza Mutuelles nkaho Ari ideni umuturage ayirimo? Ayo mafaranga si Aya Mutuelle hari ibindi Leta iyakoreshamo. Mbese barusha abantu gukunda ubuzima bwabo?
>>
<<@PatrickHirwa-j9l1y
says :
Mituweri yabaye mituweri kbs nigeze Aho umuntu ahatirizwa kumenya ubuzima bweee
>>
<<@dushimimanaalphonse6628
says :
Ubu Na ndayishimiye noneho ntiyabemera
>>
<<@UwaniyigiraHellen
says :
Arikovumiturage abaye kwifonga gute ntabwisungane mukwivuza ereganamwe ntambaraga mubishyiramo ahubwo ikibazo ujyaguhinduza ikiciro bakakubwirako ugombakuza uhita wishyura
>>
<<@dushimimanaalphonse6628
says :
Ahaaaa 🤔
>>
<<@MuhawenimanaPascal-t9k
says :
Es ubundi iyomituweri yabo kuki bishyuza kungufu baranazamuye?
>>
<<@bamukundegrace3052
says :
yo kutubesha ibyo twarabikoze rwose uratubeshya
>>
<<@FideleTwagirayezu
says :
Barangizango umuturage ku isonga ?????????????????????😚😚
>>
<<@EtienneNsabimana-l4c
says :
Kuki batishuri mitier
>>
<<@impirimbanyi-g
says :
Ibaze kwer 🤦🤦🤦🤦🤦
>>
<<@KrishnaAmudan
says :
Ariko amahera 20000 mukiringo cumwaka wose wivuza ko arivyiza kuki bavyank !!? Abanyagwanda mwaratese rwose. Nigute umuntu uhebwa amahera 60.000 ukwez , kumwaka aba afise 720.000 , Munyuma bamwaka amahera 8000 ngo yivuze ikiringo cumwaka wose akiyankira. Ahubwo akaja gusorora inzoga ,amahera meshi cane rwose arenze yamahera 8.000 Ngo reta izomurihira,Hhhhhhh😂🤣
>>
<<@JuniorBiko1
says :
Harya kwimukira muburundi bisaba iki? Ubizi aduhe amakuru kuko biragaragara ko urwanda rwagurishijwe rubanda ntibabimenya.
>>
<<@ManziFiston-g2r
says :
Ubu nubukoroni Inzara nicyo cyiboko cyomubukoroni bwubu Nako bacyitaga ibuuku Akazikatatumawishyura urakajyamo umaze kwishyura Kugukoroneza kujyera kubyo kunywa
>>
<<@kamenge
says :
Ngaho nimugaruke mutuke abarundi mutubwire ukuntu mwateye imbere😂😂😂😂
>>
<<@DusengimanaEva
says :
Mbegaa 😭😭😭
>>
<<@uwizeyimanaSolange-m6c
says :
Abo kumudugudu bararengana baradusinyiye ark abohejuru nibo babyica
>>
<<@NkengurutseFabrice-h1i
says :
😢
>>
<<@DukundimanaamoseAmose
says :
Ndumiwe pe
>>
<<@IshimwePrince-ic3eg
says :
Barikutwangisha i gihugu mu buryo bwose
>>
<<@DukundeImana-o2g
says :
Ikibazo sugutanga mituel, ese akazi karihe kubujyo umuntu ukorera 60k kukwezi akodesha inzu afite abana gute yishyura 8k
>>
<<@Kobbie30
says :
Barasubijwe neza barabyishimira ? Hhhhh
>>
<<@BigenimanaEasticon
says :
𝐘𝐞𝐰𝐞𝐠𝐚 𝐩𝐚𝐩𝐲 𝐫𝐰𝐨𝐬𝐞 𝐭𝐰𝐚𝐫𝐮𝐦𝐢𝐰𝐞
>>
<<@sofiamukashyaka5445
says :
Ururwanda nitutaruhagurukira ruraduta kugasi ndababwiye ahhha
>>
<<@sofiamukashyaka5445
says :
Ariko mituweri yabaye itegeko
>>
NEXT VIDEO
>>