<<@MarioUwizeye says : Tutabeshye ubu ni nyakubahwa wabatumye Koko?!>> <<@NiyonzimaEmmanuel-q8d says : Turapweye ppppppppe>> <<@MbabaziSolange-b6i says : Kabaye da>> <<@NtivuguruzwaFelix-m9x6e says : Ibi bintu nibidakosorwa bizagorana pe!>> <<@MugabonakeAbel-d2e says : Byihorre nange navuye kuvuza umwana bampa ordinance yokugira imiti muri pharmacie>> <<@OneTrueLv says : Ngo igihugu cyacu turagikunda rimwe na rimwe ariko ……“wagirango Hari ikindi kibyihishe inyuma “ . Mutuel de Santé. Hatari. Abanyarwanda barababaye nuko bakifashe kbsa.>> <<@Kelvinfloduard2221 says : Baratunaniza mn>> <<@NshimiyimanaAimable-u7d says : Ark nubundi turishyura wajya kwivuza ngo ntamiti ihari ubwose niba wishyuye imiti ingana nayo wishyuye mitiweri urumva utaba uhombye>> <<@Rcd83-l3r says : Ariko kuki Leta yishyuza Mutuelles nkaho Ari ideni umuturage ayirimo? Ayo mafaranga si Aya Mutuelle hari ibindi Leta iyakoreshamo. Mbese barusha abantu gukunda ubuzima bwabo?>> <<@PatrickHirwa-j9l1y says : Mituweri yabaye mituweri kbs nigeze Aho umuntu ahatirizwa kumenya ubuzima bweee>> <<@dushimimanaalphonse6628 says : Ubu Na ndayishimiye noneho ntiyabemera>> <<@UwaniyigiraHellen says : Arikovumiturage abaye kwifonga gute ntabwisungane mukwivuza ereganamwe ntambaraga mubishyiramo ahubwo ikibazo ujyaguhinduza ikiciro bakakubwirako ugombakuza uhita wishyura>> <<@dushimimanaalphonse6628 says : Ahaaaa 🤔>> <<@MuhawenimanaPascal-t9k says : Es ubundi iyomituweri yabo kuki bishyuza kungufu baranazamuye?>> <<@bamukundegrace3052 says : yo kutubesha ibyo twarabikoze rwose uratubeshya>> <<@FideleTwagirayezu says : Barangizango umuturage ku isonga ?????????????????????😚😚>> <<@EtienneNsabimana-l4c says : Kuki batishuri mitier>> <<@impirimbanyi-g says : Ibaze kwer 🤦🤦🤦🤦🤦>> <<@KrishnaAmudan says : Ariko amahera 20000 mukiringo cumwaka wose wivuza ko arivyiza kuki bavyank !!? Abanyagwanda mwaratese rwose. Nigute umuntu uhebwa amahera 60.000 ukwez , kumwaka aba afise 720.000 , Munyuma bamwaka amahera 8000 ngo yivuze ikiringo cumwaka wose akiyankira. Ahubwo akaja gusorora inzoga ,amahera meshi cane rwose arenze yamahera 8.000 Ngo reta izomurihira,Hhhhhhh😂🤣>> <<@JuniorBiko1 says : Harya kwimukira muburundi bisaba iki? Ubizi aduhe amakuru kuko biragaragara ko urwanda rwagurishijwe rubanda ntibabimenya.>> <<@ManziFiston-g2r says : Ubu nubukoroni Inzara nicyo cyiboko cyomubukoroni bwubu Nako bacyitaga ibuuku Akazikatatumawishyura urakajyamo umaze kwishyura Kugukoroneza kujyera kubyo kunywa>> <<@kamenge says : Ngaho nimugaruke mutuke abarundi mutubwire ukuntu mwateye imbere😂😂😂😂>> <<@DusengimanaEva says : Mbegaa 😭😭😭>> <<@uwizeyimanaSolange-m6c says : Abo kumudugudu bararengana baradusinyiye ark abohejuru nibo babyica>> <<@NkengurutseFabrice-h1i says : 😢>> <<@DukundimanaamoseAmose says : Ndumiwe pe>> <<@IshimwePrince-ic3eg says : Barikutwangisha i gihugu mu buryo bwose>> <<@DukundeImana-o2g says : Ikibazo sugutanga mituel, ese akazi karihe kubujyo umuntu ukorera 60k kukwezi akodesha inzu afite abana gute yishyura 8k>> <<@Kobbie30 says : Barasubijwe neza barabyishimira ? Hhhhh>> <<@BigenimanaEasticon says : 𝐘𝐞𝐰𝐞𝐠𝐚 𝐩𝐚𝐩𝐲 𝐫𝐰𝐨𝐬𝐞 𝐭𝐰𝐚𝐫𝐮𝐦𝐢𝐰𝐞>> <<@sofiamukashyaka5445 says : Ururwanda nitutaruhagurukira ruraduta kugasi ndababwiye ahhha>> <<@sofiamukashyaka5445 says : Ariko mituweri yabaye itegeko>>
VideoPro
>>