<<@EmmanuelHabyarimana-y4d
says :
Ariko munamenye ko umuntu washatse ibimwica atabibura, ahubwo ubukangurambaga bushyirwemo imbaraga
>>
<<@AdNyiramana
says :
Guca izi nzoga nibyo 100% ikitaricyo ni uburyo bikorwa:ubundi zagombye gucibwa hakurikijwe inzira zanyuzemo zigera mu baturage: zavuye ku ruganda- zijya ku barangura banini zikomeza ku barangura bato zigera mu kabari kwa Hatanga umuturage ayibona muri etagere arayigura arayinywa ararwara. Mu kuzica rero zikwiye kongera guca muri iyo nzira: Uwayiguze mu kabari kwa Hatanga akaba atarayinywa akwiye kuyisubizayo agasubizwa amafaranga ye,Hatanga nawe akazisubiza uranguza muto nawe agasubizwa cash ze hanyuma urangura muto nawe akazishyira uranguza munini agasubizwa cash ze. Urangura munini agahamagara uruganda rukaza gutora ibyarwo narwo rugasubiza cash rwakiriye Hanyuma ziriya nzego tubona zimena izi nzoga zigahurira ku ruganda kuzimena, Leta nayo igasubiza imisoro yahawe n'uruganda ku byo yamennye.Ntabwo wamena uburozi ngo ugumane imisoro ibukomokaho. Iyi nzira niyo na za Toyota zikoresha zivana ibitameze neza ku isoko. Iyo rero utanyuze muri iyi nzira ngo buri wese waziranguye asubizwe aye uhombeje abaturage wungura inganda zungukiye mu gucuruza uburozi kuko abaturage baguze uburozi mu ruganda batanze amafaranga, uruganda rurakira rurabika none ubambuye uburozi ariko ntubashubije amafaranga kandi Leta ariyo yatanze uruhusa ngo uburozi busohoke. Icyo gihe Leta ni umufatanyacyaha. Izindi ngorane zishamikiye ni izi: icya mbere ntuzizera neza ko ibyo byanduye byavuye mu baturage byose. Hari abakibibitse bizeye kuzabicuruza cyangwa kubinywa ngo badahomba amafaranga yabo. Ibyo bivuze ko bizakomeza guhererekanwa mu buryo butemewe. Icyakabiri wunguye abanyenganda bacuruje uburozi abaturage kuko bo cash bakiriye barazigumana ntacyo bahombye, hahombe umuturage wabaguriye ashutswe na Leta yatanze ibyangombwa by'ubuziranenge bityo Leta ishinzwe kurinda umuturage imugambanire kabiri:imugambanire agura uburozi, inamugambanire yamburwa Frw yaguze uburozi. Icyo gufunga inganda: None se iyo Toyota yakoze imodoka itameze neza bafunga uruganda? Iyo Boeing yakoze indege itameze neza bafunga uruganda? Oya bakuraho cg bagakosora igicuruzwa kuko nufunga uruganda uraba usubiza inyuma economy y'igihugu, uraba usubiza inyuma abashamikiye ku ruganda bose.Bahembwaga ariko hari n'abafite amadeni ya banki. Ku Rwanda rero nk'igihugu kizamuka uratuma n'abateganyaga gushinga inganda bigana ababigerageje babitinya bagende gake. Kuko niba Leta yafunga uruganda yahaye ibyangombwa rwari rumaze imyaka 5 rukora nawe ntiwakwizera ko bitazakubaho. Izi nganda zivuka zikwiye kugirwa inama, batakumva inama bagirwa bagahanwa, bagacibwa amande aho bishoboka, products zitameze neza zikavanwa ku isoko ariko gufunga inganda ngo ni uko habaye iki na kiriya sibyo. Izi nganda nini zose tubona zaciye hano. Rero umwana niyiga kugenda akitura nawe ugahita umubuza kuzongera kugenda sibyo. Inganda ni ngombwa zirakenewe. Amahoro amahoro.
>>
<<@rogermuvunyi
says :
urakoze cyane joseph abafata ibyemezo bakumve bakorere igihugu cyacu bagikunde.
>>
<<@bobm4381
says :
Ikibazo gikomeye muri Leta nuburyo abakozi nsbayobozi bashyirwa mu myanya uwakubwira uwitwa Deputy DG wa RFDA uwariwe ibaze umuntu wari Internee uwimenyereza umwuga muri 2014 nyuma yimyaka 3 akagirwa Umuyobozi mukuru wungurije wikigo nka RFDA kandi yarize Management nkuwo wumva yafasha iki ikigo na DG
>>
<<@jyananijyihe
says :
Mr var usobanuye neza pe kujyira uruganda sucyinira kubantu Leta yacu ibyiteho.
>>
<<@jean6030
says :
Mpise nibaza: Ubu za nkingo za Covid zo twazisuzumishaga iki ngo tumenye ubuziranenge bwazo mu gihe tutabasha gusuzuma urwagwa n'utuyuki!
>>
<<@bobm4381
says :
Ibibintu muvuga 90% byicwa na MINECOFIN NIYO YIMANA BUDGET YIBYO IBIGO BIKENERA
>>
<<@AubinBake
says :
Basessngure imikorere ya RFDA yose, sibinyobwa gusa arimo ruswa no kurangara.
>>
<<@JmvNtakirutimana-b4m
says :
Bazaveho ntacyo bakora
>>
<<@JmvNtakirutimana-b4m
says :
Bazaveho ntacyo bakora
>>
<<@Ayaniamahano
says :
Trop tard
>>
<<@sefra5675
says :
FDA Brakora cyane Mr Joseph ,gusa wagerageje muri Analysis yawe despite some gaps/loopholes kubera ubumenyi buke se cg/ntabwo.. reshuffling si wo muti wikibzo Rwandan ecosystem Regulators affairs iracyiyubaka ,ubwo muri healthcare birikugenda biba stabilized ,now take on ubu ni kuri food,bevearges, and other commercial /consumables items
>>
<<@murenzitheogene507
says :
Igiciro cyizo nyandiko (ibitabo bya standard ) RSB igurisha nacyo kiri hejuru cyane Gusa uyu musaza byose inganda zicamo arabizi 100/100
>>
<<@murenzitheogene507
says :
Ibaze kuntu reta ivuga ngo ihagaritse ibyuma ngo badasinda,maze igahombya abanyagihugu amafrw yakubaka ikibuga kindege kikuzura.uwo musinzi barengeye azamara iki? Ubundi buriya abayobozi bageze mwishuri koko? Havuyeho ibya Kagarara tugiye muri jugujugu yinzoga. Ubu tuzatera imbere bigenze gute koko?
>>
<<@GUBUCOLTD
says :
Sir,ndagushimiye abandi barabivuga ariko ntibasesengure ..wabishatseho amakuru meza.thx
>>
<<@nicolasnteziryayo624
says :
Joseph uri umuhanga mu isesengura rwose kandi ibyo uvuga ni ukuri. Gusa hari ibyo uvuga usetsa ariko ubutumwa bwatanzwe.
>>
<<@aristidekane7649
says :
Bqrqturoga barangiza bakaza ngo babikuye kwisoko nicyo gisubizo oya burumuturage agomba kwishyura nigihu kuko wese igihu kubera uburangare bwabayobozi ,bakwiriye guha impoza marira abaturage bose bwishyura ubwisungane mukwizu kuko barozwe nimikorere mibi nimicungire yinganda ,
>>
<<@jmarienkurunziza1346
says :
Bravo Joseph and umuryango! Icyi kiganiro ndemeza ko cyakozwe nyuma y'ubushakashatsi ku mikorere y'ikigo!
>>
<<@mapendotomchristian2345
says :
Ariko Joseph, ko dufite inganda 2 zonyine zikora biere mu Myaka 60 irenze? Ubu izi nganda ubibona ute?
>>
<<@nibyosebella
says :
Twizere ko muri iri hururu tutumva hari umukozi wa FDA ubigenderamo ba boss bigaramiye dore ko ibintu nk'ibi bidatana na Kajoriti kandi ugasanga harimo akarengane kuko ifi nini ubu zameze kwigererayo no gutanga amafaranga ubundi iperereza si ugukoreshwa yeee nka bimwe byo mu bakono aho bene guteza ibibazo ari nabo bagize uruhare mu kugira aho babyegeka kugira ngo bibaveho bayobya uburari
>>
<<@NkuyubwatsiEmmanuel
says :
Urabizi ntitwacikanwa no kureba ibiri muri VAR
>>
<<@UwizeyeEric
says :
Birababaje cyane
>>
<<@katoloyce
says :
KNC niwe ukunda gukanga mutabaruka , ariko mutabaruka nawe ni umusaza murasimbukana! So ntugakange utwo twana please
>>
<<@katoloyce
says :
Please ntunderange
>>
<<@katoloyce
says :
Joseph ndakwemera ariko ntabwo twemeranya n'ukuntu usubiza lemeo iyo akubajijo akabazo k'abana. please nubwo imitekerereze itanga try ntumukange.
>>
<<@HappyUser-y5h
says :
Mr VAR, I like this..keep it up.
>>
<<@JeanpierreNsabimana-x6t
says :
Komera, Mr Joseph, umwana wi iwacu Astrida turakwemera cyane
>>
<<@freetv4209
says :
Gute se wahindura imyenda???!!
>>
<<@1986nska
says :
Well explained mister VAR, Joseph❤
>>
<<@niyidanny1784
says :
Mister var👍
>>
NEXT VIDEO
>>