<<@magicshopltd says : Ndagusetse sinirirwa nkurikira ikiganiro cyose>> <<@tharcissebizimana4690 says : Theo noneho wavangiwe pe! Kuko ibyo bize rwose bihuye n'imyanya yabo>> <<@umulisaaimee3803 says : Waririmbye made in aho ushaka se>> <<@sefra5675 says : Nkubwo Dr eric uri kumuvugaho uzi capabilities ze? Wagiye wubaha aba bahanga ko ari inkingi mu guteza imbere igihugu cyacu? Gusa sinakurenganya nyine ibintu utabamo ubivuga uko wishakiye ,,, get away ntawe umenya byose>> <<@adviser-man says : Iki kiganiro wagikoze utabanje gukora research. Wowe wize indimi iby' ama sciences ntubizi😂 Burya Agronomy iri mo food processing na agribusiness 😊>> <<@urayenezairene8963 says : Nuko utazi amazi baduha rimwe aza ameze neza ubundi akazamo icyondo ubundi umugese ubundi akaza asa umweru ngo nimiti bashyizemo bashyiramo iyo miti ntibagereranya ngo bashyiremo imiti kuri level yagenwe nugushyiramo imiti amazi akirirwa mwi domora akaguma anuka yabaye igitare ngo nimiti Sha nyamara dukwiye kuba harukundi twitwara tuzagira amafumbire murwanda abantu obesity yabamaze kubera imibereho biragoye pe>> <<@RwandabehindtheReality says : Njye iyo numvise kariya kantu kibanga abanyarwanda tugendana ndaseka kuko nararimenye; ni nzara, nubukene,agahinda kumitima, urwangano nubugome kugambanirana ariko tukaguma kubeshya twibeshya tunabeshyana ko ibintu Ari sawa Kandi wapi.>> <<@SafeLifeRwanda says : ‼️‼️🚨Muri ibi wihaye gukoramo analysis birakurenze kuko ni pure science, uri kuvuga ibintu utazi peeeee, birenze imyumvire yawe. Wari ukwiye kubanza gukora ka research gato kaguha notion kuri ibi bintu kuko izi science uri kuvugamo utazi inyinshi zirahura ku buryo uwize bimwe aba afitemo combination y'ibindi‼️‼️🚨ITONDE NTUKAROGE.>> <<@uwingabiyeesperance5757 says : Amakuru nk'aya koko!Uvuze ukuri amakuru nk'aya atabona icyiza na kimwe nta handi koko.>> <<@uwingabiyeesperance5757 says : Hanyuma se technician ni umuyobozi?>> <<@uwingabiyeesperance5757 says : Ni Food and Drug wa mugabo we!Bityo Pharmacist arimo neza.Niba yarakoze nabi yabibazwa,ari ni ku giti cye si ikibazo cyo kwiga pharmacy. Mukunda kunenga gusa ntimubashe gushaka amakuru. Mu buryo bw'umwuga, FDA ikora cyane ku miti, inkingo, ibiribwa, ibikoresho by'ubuvuzi n'ibindi; bityo umuntu uyiyobora aba akwiye kugira ubumenyi n'uburambe bukomeye muri science, medicine, pharmacy, public health cyangwa domaine zifitanye isano.Mugabanye kwangisha abaturage ubuyobozi.Agronome ashobora kuyobora FDA mu buryo bw'amategeko,cyane cyane niba afite uburambe bukomeye mu bijyanye n'ibiribwa, public health cyangwa regulation.None se wanabajije ubundi bumenyi uriya mu Agronome afite mbere yo kwinubira ko bamushyize muri FDA? Ntimukavange ibintu kuko nawe uwagushungura yasanga hari amakuru utara kdi udafitemo specialité. Munenge ibyanengwa munasabe ko ukosheje ahanwa ku giti cye mureke kwijundika Agronome na Pharmacist>> <<@Alice-z3y1w says : Ujye ubanze umenye ibyo uvuga,nta Science nimwe wize,icyo ushaka uzakibona...😊>> <<@karasanyinicolas4732 says : Uyu ... asesengura ibyo atazi pe! Uwambwira ibyo yize!>> <<@Jupitor.p says : Wowe wize ubunyamakuru?>> <<@NiyonsengaAmos-d1d says : Hari ikindi kigo usigaje Rwanda standard board Naho hacemo itoroshi>> <<@CaritasRwanda says : Pharmacy SI ugukora imiti gusa ni ibijya mumubiri wamuntu, rero umuntu wize pharmacy yakora nibihura na food ahubwo neza kuruta nuwize nutrition>> <<@CyoomuhangyiUg says : Ngewe na za juice ndazuvaho pe!!! Nta FDA dufite, nta Standards dufite ni ibicupuri! Iyo ureba ukuntu buruka inyuma y'abarurage bikoreye juice kdi bo nta burozi burimo!!! N'ukuri upimye ama juice y'izi nganda zitwa ko zikomeye udasanzemo ibtangiza umubiri wangaya! Kuko ntidufite urwego rwabikurikirana!!! Mbega u Rwanda weee!!>> <<@CyoomuhangyiUg says : Ngayo ng' uko!!! Ibi ni intenge nke z'ababashyira mu myanya niba butari bigambiriwe!!!>> <<@kate20345 says : Made in Rwanda tugomba gukomeza kuyiririmba tunashyira mubikorwa dukora ibyujuje ubuziranenge. Nibwo tuzatera imbere>> <<@AgasobanuyeTv-o4m says : Ariko nta liquor itagira ethanol icyaba ikibazo ni methanol rwose naho ntimukarubeshyeee>> <<@inkuba000 says : mwebwe muzi kuvuga gusa>> <<@fofo-u8n says : Nibabafunge ubundi banakurikirane n ibya pharmacie z abantu>> <<@toronto1023 says : Hello, Ariko urebe biography ya Dr innocent neza kuko afite masters muri agriculture Ariko afite PhD muri microbiology applied to food protection. Rero Ari mumwanya we, usome neza.>> <<@kwizerasamuel4198 says : Theo yihaye kwa analysinga ibintu arko ugasanga nawe ntazi ibyo avuga define: FDA Ujye wabona kubwejagura>> <<@VereneTwagirumuremyi says : As scientist foods and drugs are very related no matter . "Iyo uriye Ibyo kurya nk'umuti bikurinda indwara ark iyo unyweye imiti nk'ibyo kurya bitera uburwayi. ">> <<@kate20345 says : Theo nibyo imyanya barimo ijyanye nibyo bize, sinzi impamvu utari kubyumva.>> <<@integrite839 says : Theo aha ho wabyishe pe! Ushingiye kubyo abo bagabo bombi bize, bose bari qualified kuri posts bakoragaho. Ikibazo cy'imikorere mibi yabo cyashakirwa ahandi hatari kubyo bize. Ndizera ko nemeranywa n'abandi bazi ibya sciences.>> <<@Umukurambere says : Komera>> <<@yvan_holla says : Ariko wa mugabo we, usibye ko wenda udasobanukiwe,aba bayobozi bayoboraga rwose iki kigo bafite ubumenyi bubibemerera,icyo rero babazwa nukutarangiza inshingano bahawe.Reka ubujiji n'amatiku!>> <<@neggthegeneral5 says : Theo background zizgukoraho>> <<@cyusakalenroland4249 says : ubuse wowe urakora analysis kubintu byimiti wowe warabyigiye wanjajwa we... ntugahinde wagisazi we>> <<@NganyirendeJeanDamour says : None se bo barazira iki? Ahubwo uwabahaye akazi>> <<@nahimanacelestin7592 says : Theo, urareba neza ntugire wrong analysis. Dr pharmacist ashobora gutwara food ni ama sciences yegeranye kandi ujya wumva a civilian minister of Defense atwara aba Generaux. Icyangombwa nukuba utahura ama reports unyuze kuba advisors>> <<@twagirimanacyprien6974 says : Aha urashe imbogo food na pharmaci bifite aho bihuriye>> <<@UwimanaPatrick-r2p says : Kuba umugronome yamenya ukwangirika kw'ibiribwa n'ibinyobwa birashoboka,kuko njye ndi agronome, food science na agronomie bifite henshi bihurira babazwa amakosa y'imiyoborere mibi,mugukurikirana,izo nganda naho ubutechniciens bwo njye sinabubashidikanyaho.icyuma,akayuki bishyingurwe,kdi leta twarayishimye yaturokoreye urubyiruko ndetse n'abakuru.>> <<@----Moriah--Habib-------- says : Baba bazi gutogota, ubwo nawe uraje nkaho uzi isano y'ibyo abantu bize n'ibyo bakora ubu. Nta capacity ufite yo kw'analyza ibyo birakurenze kandi mujye muvuga k' ubyo mumva neza mureke kuyobya abantu.>> <<@Gmailoklt says : Hanze yurwanda mumeze mute c bro😂!>> <<@Gmailoklt says : Ikimenyane c haraho kitaba!>> <<@johnnkunzurwanda1439 says : Ariko mugye mubanza munashime nimbaraga leta iba irimo gukoresha kugirango irengere ubuzima abanyarwanda. Harya nawe warapinze? Turashimira inzego zose(police, Rib,Dasso etc.) ku kazi keza zirimo gukora kugirango ubu burozi buvznywe mu baturage. Theo. Leta ntabwo igya ibeshya>> <<@solangenyirangendahimana4283 says : ahuiii, analyse zitangiye kugucanga niba wumva abari mu myanya uri gutondagura batayikwiye. ibi bitekerezo byose ufite muri wowe ndumva wabikoresha ugakora uruganda rwawe rurimo ibimeze neza. kuko urakabije kugaragaza ibintu biri negative gusa.ese nta cyiza ujya ubona kuri izi nzego utondagira. please jya ugerageza unashake informations ku bize bajye bakubwira uko basettinga profile ku mirimo runaka. nta benge ubifiteho pe.>> <<@jeanterrypaul5309 says : Wowe urumuswa, pharmacy na food si ikibazo. Wowe aho bihurura ntiwabyumva. Soma neza. Yenda babazwe amakosa ariko ibyo si ikibazo>> <<@MsTheosys says : Oya Théo,ibyo kuyobora byo nta ngorane zirimo pe. Ahubwo yabazwa imikurikiranire y’ishyirwa mu bikorwa y’´ibikorwa ashizwe kuyobora>> <<@MsTheosys says : Arlo kandi nawe urakabya. Umuyobozi n’aba technicien baba batandukanye. Kuyobora no gukora kuri field biratandukznye. Nta kibazo kuba wayo bora aho udafite spécialité ariko Uri manager mwiza>> <<@gatetejohn6731 says : Wa mugabo we uri ikigoryi ahubwo ibyo uvuga ntubizi ahubwo urayobya abantu.>> <<@TheBibleSpeaks593 says : Hahahah najyaga mbona mumahotel uwize igifundi ariwe chef wigikoni nkagirango birangirira muriyo sector gusa nahobura bituruka hejuru 😢>> <<@protaishabimana5784 says : Wiyobya abantu, Abo bantu uvuga ni abayobozi ( Cabinet Appointee) basi iyo uvugako Ari technicians bahawe akazi batagakwiye>> <<@CYAKWERABetty says : Imana uraguhoreye kbsa aho bari bahagaze nabo havuye abandiiiiii bage bitondaaaa ubambisi ntakururaaaa>> <<@protaishabimana5784 says : Hano rwose uyobeje Rubanda, PhD holders usubire inyuma usome cg ubaze n’abandi unarebe ibyo bakoze>> <<@MukamabanoMarcelline says : Ivugire shà ibyo mu Rwanda nakazi ntubizi ubanza ,niyo baba batabizi kubera cash bagomba kubona imyanya ikomeye>> <<@aimemutsinzi5898 says : Jyewe mbona uyu ngo ni Theo, kuva yahunga, ahora ashakisha aho leta yaba yarakoze amakosa ngo ahagaragarize buri wese;iyo ego ikamutwara kugeza ubwo asigaye aswata-swata. Icya mbere nta muntu numwe nigeze numva hano mu Rwanda ufite PhD muri Pharmacy. Icya 2 nta n/uwo numvise ugira PhD muri agronomy. Nshingiye kuri ibyo 2 mvuze, biragaragara ko Theo atazi icyo ari cyo PhD kandi ko atanumva uburyo ikorwa. Ariko kubera adduction ya Theo yo guhora ashakisha icyatera icyasha Leta y'u Rwanda, ageze aho asigaye agonga igikuta bikarangira arashe imbogo. Ariko reka mwigishe: (1) The field of pharmarcy is to broad ku buryo iyo uvuze ngo kanaka ayifitemo PhD ubizi ahita yumva ko uri kuvuga ibyo utazi. Muri field ya pharmacy kuko iri too broad, ugiye gukora PhD ashobora gupicking mo 1, 2,... subjects akaba ari zo akoraho research izamugeza ku kuba awarded with a PhD. For instance Dr. Eric Nyirimigabo yapickinze biochemistry, biophysics and molecular biology. None ko ibyo byose ari byo bigize Food wavugaga urumva adafitinga mu mwanya bamuhaye???? (2) The same assessment applies to Dr. Nyamwasa. Kuko Agronomy/Agriculture sciences ari boad, yapickinze mo microbiology kdi research ze ziri based kuri food. So, agize uba afite background ya kigoronome, agize kuba ari no muri field ya food and beverage processing monitoring, mu by'ukuri arafitinga mu mirimo arimo neza cyane. Rero Theo gabanya kwigira najuwa kuko bizarangira wigaragaje nk'aho uyobowe n'ikindi kitari ubwenge kuko iyo uza kujya kuri Linkedin wari kwirinda kurasa imbogo. Icyanyuma nabwira Theo nuko umwanya w'ubuyobozi/Leadership udasaba gukora byo wigiye gusa kuko Leadership is the ability to guide, influence, and motivate individuals to achieve a certain planned goal. Nkaba rero nta kibazo kiri mu kuba abo bagabo 2 bari muri iyo myanya kuko technically and administratively bayishoboye>>
VideoPro
>>