<<@abajenezasolange6811
says :
Wakoze kwambara ishapure , ni ingenzi kndi kuyivuga bikaba akarusho.
>>
<<@turikunkikozachee8243
says :
Kuri case ya business ya pharmacy hari amabwiriza bisaba kubahiriza kandi mubyavuzwe byose ntabirimo . 1.Ntabwo umuntu yemerewe kubyuka ngo afunge pharmacy atabimenyesheje urwego rwamuhaye license(RFDA).
>>
<<@Udushyaiwacu
says :
I remera kuri gare hari pharmacy yakoraga neza ariko Raymond Murenzi yarayigambaniye RFDA barayifunga ahita ahashyira Iye yitwa TETA MAFIA MBI Izapfa nabi
>>
<<@Mafia1984Ayirwanda-ge4ty
says :
Ntugace urubanza ugendeye kuruhande rumwe
>>
<<@alineumurisa8879
says :
ππβ€πππβ€πβ€
>>
<<@UmurazaEmmerance-qg4xs
says :
Nta service caretaker yurwanda nazimwe mbona zikora neza pe ahantu hose kwamugangaho nibindibindi
>>
<<@Animalsdailylife01
says :
Reka nkore unsubucribe kuri iyinyanga Rwanda y'injiji yigize ivuzivuzi
>>
<<@sylvainshema5834
says :
FDA muri pharmacy byo byihorere wamuntu weeee
>>
<<@NdagijeMariaCollett
says :
Bareke baraje bavugutirwe umuti,munzego zose birahari service zose, akarengane ni kose
>>
<<@NdagijeMariaCollett
says :
Courage πͺπππππππππππππβ€β€β€β€β€β€β€
>>
<<@GadyNiyikunda
says :
Umva nukuri njyewe nabuze nubwa kwiyica koku Bank iri konjyaho buri kanya na RRA banze no kuduhagarikira ikomeje kudusoresha kdi baziko tutari gukora imana izaduhorere mubyukuri batwishe duhagaze π·πΌ
>>
<<@UweraClementine-c6w
says :
My Bro Theo,tukiri kw'isi byose birashoboka kuko nawe nigeze kukwizera urampemukira.rero Isumba byose niyo mucamanza.
>>
<<@Drholyfrancis
says :
Ejobundi wavuze ibya teta pharmacy ariko ntuzi ubugome bakorera abahakora ibaze uhagaze utemerewe kwicara na 5sec
>>
<<@schadracksindikubwabo594
says :
Theo kora akazi kawe nge chadrack ndiyumvije uvuga ndumirwa pe,bidode ukubyumva kuko nawe ugomba kubaho.
>>
<<@yashva-Sp
says :
Inyubako yari yanditse kuri Branch ya Pharmacie ya Muyoboke, kurangira kwa License ntibivuze gufunga Business, gufunga Business bisaba kubimenyesha abatanga uburenganzira bwo gufungura. Ayo yaba ariyo makosa yakoze.
>>
<<@fofo-u8n
says :
Ibya FDA byo.bireke mu bijyanye nanphcy
>>
<<@revmug9845
says :
Halimo ubufatanyakosa. Kuki wumva ko FDA yakoze ikosa? Ubundi haragomba komisiyo y impugucye yo kwiga iby amakosa yabaye mu bintu technique n amategeko. Ntabwo wowe munyamakuru na polisi mubifitiye ubuhanga bwo kugenza ibyaha bili muli izi nzira.
>>
<<@hungaudapfaProgramme-v8x
says :
Bwana ThΓ©o wazakoze icyegeranyo ku bantu bahombejwe na BANKI RAMBERI ko amakuru ahari ariko na MURANGIRA ariwo mwuga Akora
>>
<<@UwimanaEnock-gy3ee
says :
Ibyo murwanda ni agahomamuΓ±wa
>>
<<@udeempiretv
says :
ππβ€πβ€πβ€β€ππβ€πβ€πβ€πβ€πβ€πβ€πβ€πβ€
>>
<<@mariegracemukahirwa4118
says :
Wabona yarabatije ibyangombwa
>>
<<@ngirishutijeandamour1336
says :
IPatate niryande bro
>>
<<@MuhawenimanaJeannette-p7x
says :
Baratunaniza
>>
<<@claraakaliza8717
says :
Abafunzwe imyaga 5 bazira gusoma igitabo se bakaba bataranaburana bo n'imiryango yabo ntabo uzi? Bo s'akarengane? Kubera iki ariko upima ikirere wasubiye i Rwanda bikagira inzira? Abasenyerwa ntibahabwe ingurane se bo s'abanyarwanda? Niko Madam Ingabire yakoze iki, arazira iki?
>>
<<@ErnesteNzacahinyeretse-r3y
says :
Ark nanone Afise ikosa niba yarasizeho ibiguze ibirango vya pharmacy Yiwe! Ark urumva ko Rwanda FDA nabo nakoze bagendeye kumarangamutima bagombaga gufunga Aho nasanze haribitagenda Neza au hatari ibisabwa
>>
<<@PhilimonMitoni-o3e
says :
Ariko kiriya nigihugu ko arigihuru
>>
<<@PhilimonMitoni-o3e
says :
Ayo marira nibwo ukiyanona?
>>
<<@UwinezaMarieclaire-o2c
says :
Theo ubu ntakiganiro cyawe kicika uvuga ukuri bro courage
>>
<<@COVID19-q6y
says :
None se abakozi ba FDA bo ni abasazi ntabwenge bagira? Hari igihe uko umuntu abaisobanura aba atariko bimeze , kuko haba hari ikibazo cyatumye bamufungira kukoooooo akenshi tuvuga Ibiri kuruhande rwacu ntidusobanure amakosa natwe twakoze
>>
<<@NibigiraRoni
says :
Komera cane
>>
<<@RichardNSABIMANA-o9h
says :
Nkunda ukuntu uvuga ukuri ndakwemera cyane brother
>>
<<@AgasobanuyeTv-o4m
says :
Theo sh ucunge hari igihe wasanga Ari theatre ejobundi ntuzamenya uburyo urubanza rwarangiye Kdi Ikindi guufata bariya bayobozi bari bafite pressure kuko abacuruzi bari batangiye kwatak leta kuko amakosa ni ayabo
>>
<<@KubwimanaJulienne
says :
Arko narumiwe ibyahano nagahoma munwa ubu Koko nibi tzahoramwo
>>
<<@michaelbyishimo3867
says :
Ko nziko Muyoboke akomeye raaa kereka niba uvuga uwo ntazi aliko Muyoboke arakomeye pe aba munzego zikomeye zi iki gihugu
>>
<<@JALIMOUNTAINTV-l8r
says :
β€β€β€β€
>>
NEXT VIDEO
>>