<<@sindayigayaathanase7jesus
says :
Ko usoma amategeko ,wagera ku itegeko rya Kane,ISABATO WOE NA MPAZIBIREGO PIERRE MUTUKA ISABATO NTUKIRIRWE UYOBYA ABANTU👉👉👉
>>
<<@sindayigayaathanase7jesus
says :
Jarique woe warayobye bikabije
>>
<<@frcosmastheobaldmutabazi4728
says :
Ntabwo Uzi ibyo uvuga!
>>
<<@impactedTooth
says :
NUBUNDI ABENCI BAMAZE KUVA MURI CATHOLIC KUBERA UBINYOMA BYABO
>>
<<@NyiraDative
says :
Genda Sha,uje uvuga unasobanura ibyo uzi. Uzabibazwe,Genda puuu
>>
<<@UWAYISENGAFrancoise-j2z
says :
Haribo hari mwebwe mwese mwarayobye kuko namwe mubangikanya Imana keretse igihe uzareka gusenga Yesu na mwuka wera ugasenga Imana umwe rukumbi ukuremyi wa byose utagira umufasha cg uwo bafatanya kuri buri kimwe
>>
<<@twagirimanapatrice4518
says :
Icyumweru cyiza benedata bo kuri iyi chanel , mbifurije kugirirwa neza n'Imana Data🎉🎉🎉
>>
<<@NgabireCecile-q9x
says :
Ubwabo bafite isengesho rivuga ngo urajye usenga imana imwe gusa azabe ariyo ukunda sinzi rero impamvu bayirengagiza
>>
<<@PrimiemNdamirabagabo
says :
2 Abakorinto3:3 [3]Kandi koko biragaragara ko muri urwandiko rwa Kristo rwanditswe natwe, rutandikishijwe wino ahubwo rwandikishijwe Umwuka w'Imana ihoraho, rutanditswe ku bisate by'amabuye ahubwo rwanditswe ku by'inyama, ari byo mitima yanyu.🎉
>>
<<@twagirimanapatrice4518
says :
Idini ni imwe mu ntwaro Satani akoresha ayobya abantu b'Imana , tube maso mu madini turimo twifuze , dushakashake uko twamenya ibyo Umwami ashima , dushake kuyoborwa n'Umwuka Wera .
>>
<<@twagirimanapatrice4518
says :
Aba bantu bavanga cg bitiranya le sentimental et le spirtuel:ibwami ni ko bigenda , umugabekazi agira imbaraga nyinshi cyane ni ko uwo bise Bikira Mariya afatwa , ni ubuyobe bukomeye 😢
>>
<<@twagirimanapatrice4518
says :
Urakabyara uhingutse 🎉🎉🎉 , ndababwira ko Satani yabariganyije ngo ndasebanya 😢
>>
<<@brigittengendankazi2312
says :
Sesengura ibikureba turamukunda Bikira Mariya 😂
>>
<<@DorotheeNyirahabimana-s3s
says :
ubu nari nzi ko nta muntu ugituka Bikira Mariya .Mwebwe mutuka umubyeyi Bikira Mariya muragowe ,ndtse murarimbutse bidatinze
>>
<<@Clementotvl4gq
says :
❤
>>
<<@karangwanetworkmarketing4790
says :
Imana ikomeze kugusigira kuvuga ubutumwa bwiza nshuti buburira amahanga yose gusohoka muri babuloni❤❤❤
>>
<<@karangwanetworkmarketing4790
says :
❤❤❤❤❤❤❤❤
>>
<<@Ngoboka-g3c
says :
Warayobyepeee
>>
<<@OreaMuhundwansteko
says :
Ko mwapfuye
>>
<<@petronillawanipendanakintu2921
says :
Kindly contact me for more information about James ,Jude Thaddeus,Simon and Sarome whom you confuse to Blood Relatives of Jesus! Truly you are wrong!Abo uvuzeho Bose bari mu kigero Kimwe na Kristo cgwa banamuruta kuko bari no mu Bigishwa be.Sarome yarı n'Umugore deja,arı muri ba Bahamya batatu b'izuka.Nanjye nemeranya Nawe ko Mariya Nyina wa Jambo na B.Mariya arı babiri batandukanye.Yeremiya yabivuze ukuri!!!
>>
<<@BiraboneyeClement-dh8tq
says :
Please uzasome uzamenya
>>
<<@Uwasealia-123
says :
Yewe jyubanza ushake ubusobanuro bwamagambo mbere yuko uyahakana kuko bikiramariya bisobanuye isugi Maria bikra nicyarabu bisobanuye isugi,none c uhakanako nyina wa Yesu atamubyaye arisigi?Imana ibayobore inzira yukuri
>>
<<@ndayisengamonica
says :
Jya kuri Urumuri rumurikira isi Tv wumve uko sekibi akuvuga.
>>
<<@ndayisengamonica
says :
Itonde kuko utashyikira ubwiru bw'Imana.
>>
<<@sibojado8812
says :
Wowe se uri nde wivanga mubitakureba?
>>
<<@uwimanacharlotte7224
says :
Uhu
>>
<<@Orthodoxbelief1
says :
Si tu ne lis pas tais-toi! Njyewe si ndi uwo muri Roman Catholic church; ndi ndi muri Orthodoxy. Wagombye kuba warize Theology, Christology, Mariology, Pnevmatology, Agiology kugira ngo witwe umuhamga. Niba rero utarize, icecekere kuko nta cyo uzi! Ariko sinkurenganya, ntiwize nyine! Jya wiivugira uti " babbaababababbababababbababa ngo ni indimi. Nkurikije uko nkureba, ntabwo uri ku rwego rwo kuba mu batheologians! Shaka ibindi wakora, kuko ibyo uvuga nta competence na busa ubifitemo. Singusuzuguye, ariko ndakugaye! Kumva wihaye gusobanura kandi utariize!
>>
<<@KanyamihigoCharles-z3e
says :
Ibyi utumva ujye ubirekera ba nyirabyo. Muzutungurwa ni mumenya ukuri kwabihishe.
>>
<<@VenantBaruhuke25
says :
Mwiriwe jean Luc mwoba mugikorana na clarisse belgiqwe
>>
<<@AbubaKare-s5h9k
says :
Tumbira yesu wenyine. Ibindi byose batumbiriye nibigi rwamana
>>
<<@AbubaKare-s5h9k
says :
Ntaho bataniye nabamwe bicuriyikimasa cyo gusenga,baranayobyerwose
>>
<<@Esther-n4p4h
says :
Ahubwo harukuntu ishapurekera zakaga nkitara Aho nyumvire ukuntu baziteguranye ubuhanga
>>
<<@beatricemukandashimye533
says :
bibiriya ivuse ngo na bene se ntabwo ivuze bene Nyina dusobanuriri icyo kintu ntabwo bibiriya ivuze bene Nyina🙏
>>
<<@EvelynMupfasoni
says :
Musome muri Yohana 2:12, Bibliya itandukanya abigishwa ba Yesu (bene Se mu kwizera) na bene se mu mubiri! Ezekiel igice cya 8, Imana yeretse Ezekiel ubuyobe itazababarira! Abosereza imibavu ibishushanyo, abasenga bareba iburasirazuba!
>>
<<@EvelynMupfasoni
says :
Musome muri Yohana 2:12, Yesu yavuye mu bukwe bw’i Kana ajyana n’abigishwa be na bene se i Kapernaumu. Aha Bibliya itandukanya abigishwa ba Yesu bene Se mu kwizera, na bene se mu mubiri! Ikindi, muri Ezekiel igice cya 8 tubona Imana yereka Ezekiel abasenga ibishushanyo babyosereza umubavu!!! Abandi nabo bateye umugongo ingoro y’Imana bikubita imbere y’ibigirwamana bareba Iburasirazuba!!! Ibyo tubona mu madini n’ubu!!!!!!!
>>
<<@que-ton-reigne-vienne
says :
Bibiriya iravuga ngo uhereye cyera nta muntu n umwe wijyeze kuzamuka mu ijuru cyangwa ngo amanuke usibye umwana w imana niwe wenyine waje akamenyesha imana kandi bibiliya iravuga ngo hariho imana imwe one God n umuhuza w abantu n imana ni umwe one mediator between men and God ni umuntu yesu kristo ,the man Jesus icyakora murambabarira ntabwo inzi aho byansitse uwaba yarasomye yanyibutsa I love you all icyakora amadini yose ari mu buyobe ko bibiriya ivuga ngo yesu yaje gukuraho ibitambo n amaturo kuki abapasitori baka abantu amaturo????
>>
<<@KabossDiedonne
says :
Chatolic Ntago isenga Imana dusenga bazi kuburana gusa batege amatwi bumve cg basome bibiriya Na Yezu basenga Siwe Yesu nge Ndabihamya peee bafite indi myemerere yabo yihariye Twese ko tuvuga ikinyarwanda kuki tudahuza Yesu..na Yezu harimo ibanga batabona ryihishe inyuma aho
>>
<<@twagirimanafulgence3133UniqueD
says :
Inama kurimwe mwumva mukunze idini ariko mukumva mutakurikiza ibyaryo ibyiza nimumese kamwe nimurivemo naryo murikure murungabangabo rimenye abo barikumwe banyabo aho kuhaba udahari kuko umutima nama nturya ruswa umutima wawe ukwemeza yuko ntaby'ubugingo uhafite ariko umubiri kubwinyungu runaka uhateze uti hagume warangiza ukirengagiza umutima nama utinyoborwa n'umwuka ibyose byashoboka? ahubwo wibyitiranya urimo gushukwa na satani n'umubiri abo bose rero ni abanzi b'ubugingo kuko Paul yavuze ko ibyo umwuka yanga nibyo kamere irarikira ibyiza mwene data umvira umwuka urokore ubugingo
>>
<<@Uniqueness1210
says :
Ahubwo ni wowe urushye, wowe witereka ngo uravuga kw' idini!!!! Wowe nturi umuntu se? Uri gati ki ngo twizere ibyo uvuga se? Byonyine uko ubivuga wiyemeye nibyo bizakurimbura wowe!! Ese ubundi uravuga ngo abantu nibasohoke muri iryo dini ry'ubuyobe, uragirango bakuyoboke!! Ntabwo Imana izabaza umuntu idini abarizwamo, azabazwa ibyo yakoreye muri iryo dini kuko buri wese yahawe Mwuka Wera ngo amwereke cg amusobanurire iby' Imana. Ahubwo ubabajwe iki ko nta muntu uzabazwa undi ? Buri wese azabazwa ibye, ntabwo uzabazwa ngo kuki Claude, Suzana, Yohana, cg Maurice.... basenze ibishushanyo!!! Ahubwo wowe uzabazwa ibyo bigambo uriho uhuragura wigize intyoza mw'ijambo ry'Imana. Wowe uriho urakora icyaha wagambiriye, naho abo uriho uvuga, niba ari icyaha, bagikora mu bujiji (batabigambiriye). Bref, reka abo wita ko bayobye bakomeze cyane ko ntawe uzabazwa! Kuki idini gatolika ribatera isereri ubundi????? Ese kuba bo badafata umwanya ngo banenge ibyo mukora ni uko mwebwe mu madini yanyu ntacyo kunenga gikorerwamo??? Quotes for you: 1. On répond les imbéciles par le silence 🔇 🔕 2. Meaningful silence is better than meaningless words! 3. Utazi ubwenge ashima ubwe! 4. Usoroma ibyo adashyikira biramutokoza! 5. Akarimi kavuga undi ntikagobwa!
>>
<<@liuxing41
says :
Sha cyaz views imaze kukuyoboka ndabona wazanye ibitama 🤣🤣🤣🤣
>>
<<@CyuzuzoGuevara
says :
Bikiramariya ngo ntiyakoze icyaha
>>
<<@BAMPORIKIEmmanuel-r4n
says :
Ahubwo bavuga KO Uwo bita Bikiramaria ngo ntiyapfuye ahubwo yurijwe mw' ijuru umutima n' umubiri!!!
>>
<<@marierosendagire3742
says :
Hoya baramubona gusa ni ibigirwana . Nanjye naramubonye peee. Gusa nagiriwe ubuntu maze nkmyaka 6 mbatijwe mu mazi menshi
>>
<<@godefroidbankuwiha9
says :
Pastor komeza ubigishe haraho abafise amatwi yumva bomenya ubuyobe barimwo bakabuvamwo
>>
<<@PeaceHORIMBERE-v8x
says :
ABA CATHOLIQUE BARATAKAYEEEEEEEEEE CAAAAANEEEEEEEEEEE GOOOOOSEEEEEEEEEEEEE!!!!!!!!
>>
<<@tuyizerefidele7679
says :
Jean Luck, nibyo koko idini siryiza, ariko se ritwaye iki umu kristo?? Ese harya Simiyoni ntiyabaga mu idini kdi ntibyamubujije kumenya agakiza. Nanjye sinshyigikiye imihango y'idini, ariko nanone wivuga ngo abari mu idini ntibazacika 666. Njyewe ndibamo ariko siryo rinyobora, nyoborwa n'umwuka wera
>>
<<@AMINAUGANISHURI
says :
Urakoze mukozi w 'Imana kdi Imana ijye iguha umugisha utagabanyije. Njye mba mbona ntacyo tuzireguza
>>
NEXT VIDEO
>>