<<@qulineeeeeeeeeeeeeeeee
says :
Ako kantu karankomye: (kwiga pharmacie = kwiga gukora imiti) ! Ariko ubu kwiga pharmacie= kwiga gucuruza imiti.!!!
>>
<<@NKURUNZIZAAlphonse-x3g
says :
Utu turusho uziko hari umucuti uba USA 🇺🇸 mperuka kutumwoherereza kdi yarashimye pe.
>>
<<@NdahimaPatrick
says :
Ayo namarangamutima kuko abozica nturimo
>>
<<@AB-tt2xz
says :
Ariko rero abayobozi bo mu Rwanda ni inkunguzi🙈 Reba uburyo bari kumena inzoga bakagira ngo ni ishema! Banyarwanda mwahindutse impehe ntimwabimenya!
>>
<<@nshamihigosafariange6587
says :
Batwereke inyo na Microbes zirimo yewe na virus ,ibi ni ibizatera amakimbirane mu banyarwanda ni nk'umuntu wapfushije umwana ku musozi adakomeye mu mutwe wifuza ko n'abandi bana bapfa.Amategeko mpuzamahanga agomba gukurikizwa cg hakaba haboneka udupimo dupima inzoga umuntu wese yakwifashisha ,ubutaha tuzapima amagi ,imyumbati,ibijumba n'ibishyimbo.Ubu c Nyirabayazana Ninde ? mumpe like ababyumva kimwe nanjye ?
>>
<<@lbm3234
says :
Nonese Theo, ethanol se niyo yonyine ihumanya? Niba barahagurukiye ubuziranenge, ubwo barebye n'ibindi bitabyujuje.
>>
<<@xanthamutoni5854
says :
Oya Théo, kosora kuko ahubwo nta muntu utarize pharmacie wemerewe kuyikoramo, kuko asobanurira abarwayi iby umuti bandikiwe, ndetse hari n' imiti isaba préparation, uwo niwe wenyine wemerewe kuyitegura.
>>
<<@RamsyFaduwek
says :
Amagambo yubwengerwose
>>
<<@Kabea-o3m
says :
Turimuminsiyanyuma.
>>
<<@mathieutuyisabe9099
says :
Leta ni muyireke bazatbwira niba ubukungu bugeze 11%
>>
<<@AngeUwingeneye-m4y
says :
🥱🥱🥱🥱🥱🥱🥱karabaye
>>
<<@MukantwariClaudine-k6b
says :
Kabaye
>>
<<@fannynatasha5679
says :
Theo ur'umuhanga pe wowe na president wa repuburika ni mwe mutinyuka kubwiza ukuri abayobozi abantu benshi biga amashuli yabo kugirango bakorere leta ntabwo biga kugirango bavumbure ibyafasha abanyarwanda byibura abo ba farmacien ngo ba kore ibinini bazakugire intumwa ya rubanda
>>
<<@abalikumwejeandedieu6094
says :
Ariko wajya uvuga ibyo uzi koko? Nigute wacuruza imiti utazi iby'aribyo kandi ugomba kubwira umurwayi uko ayifata???!
>>
<<@cafw-f7k
says :
Rega ijyihugu cyarabananiye peeee😢 dutejyereje umucunguzi
>>
<<@fofo-u8n
says :
Theo nndakwemera rwose.ubundi gute umuntu asohoka muri kaminuza yiyumvam kujya gucuruza Bazabaye nka nyiri experience ko we akora alcool agakora za pommade.bize gucuruza??
>>
<<@MUKAMANAMarieJeanne-v8z
says :
Theo, morning bnabobabivuze mukinyarwanda cyumvikana ko arukwangiza
>>
<<@MayaDayofficial
says :
Théo bifite Aho bihuriye n'ireme ry'uburezi pe.
>>
<<@MayaDayofficial
says :
Ko bikomeje kugorana Théo🤔🤔🤔🤔🤔 Byaba bibabaje zibaye zimenwa harebeshejwe ijisho gusa🤔🤔🤔🤔 Nasuye RFDA ndeba ukuntu ama produits chimiques apimwamo, byakabaye Ari bwo buryo bicamo, technicians akaba Ari bo basobanura ibintu. Nk'uko mu nkiko usanga hazanwa Doctor akaba Ari we usobanura ibijyanye n'ubuganga kuko abanyamategeko batabifiteho amakuru ahagije, ni ko twakabaye tubona aba chimistes Ari bo bari gusobanura ibi bintu, Wenda uwo muyobozi akavuga iby'umwanda ahakorerwa, cg mu bikoresho zibikwamo
>>
<<@murwanashyakaeugene1103
says :
Bazatubwirire abantu bo muri WASAC bagabanye imiti bashyira mu mazi. Nubwo aho dutuye tuyaheruka mu kwezi kwa Kane ariko naho ari ubu turayagura twayakoresha tukumvamo imiti yumvikana no mu byo twayatekesheje byaba ibiribwa cg ibinyobwa. Bajye bashyiramo ibipimo bikwiye. Mugire amahoro.
>>
<<@MushimiyimanaHosiane-j2f
says :
Imana yateye ikoresheje intwaro yitwa ubuziranenge ubu n'abantu batujuje ubuziranenge baraza kugaragara. Yewe Rda rwihakanira Imana murihamame ngiyo yabateye Ninde uri bubatabare ko iteye inyuze mubuziranenge nahandi ije kuhaca amarembo y'abakomeye naborohej izahanyeganyeza
>>
<<@francoiseuwa7791
says :
Yegoko weeeee ibyo dufata byose birahumanye ese ko urutiki rwarwaye kirabiranya ibitoki abikurahehe
>>
<<@ElieDusengeHirwa
says :
Nawe ndabona utarize, ibyo uvuga nta fact bifite, uwize pharmacy kuki atayicuruza. Ahubwo se iyo muganga akwandikiye imiti umu pharmacist ntabwo ariwe ukubwira uko uyifata agendeye kuri dose muganga yanditse. harya umucuruzi wize ubucuruzi we yashobora gusobanukirwa nibyo muganga yanditse. Harya ubwo wowe wize he? Bro Mujye mubanza musome, ushake nubanza kugusobanurira. Mureke gucuruza umunwa ugoramye.
>>
<<@ElieDusengeHirwa
says :
Nawe ndabona utarize, ibyo uvuga nta fact bifite, uwize pharmacy kuki atayicuruza. Ahubwo se iyo muganga akwandikiye imiti umu pharmacist ntabwo ariwe ukubwira uko uyifata agendeye kuri dose muganga yanditse. harya umucuruzi wize ubucuruzi we yashobora gusobanukirwa nibyo muganga yanditse. Harya ubwo wowe wize he? Bro Mujye mubanza musome, ushake nubanza kugusobanurira. Mureke gucuruza umunwa ugoramye.
>>
<<@KayisireValens-m7s
says :
Ntabwo bavuga ordinance medical ahubwo ni prescription medicale
>>
<<@girukwishakaevelyne4470
says :
Sha aka kayoga twakanweye kuva kera 😂.ra Ubwo buziranenge kobatabirebye kuva kera.zikarinda naho nzambuka Imbibe
>>
<<@carinemanirambona2708
says :
Izinkunguzi zirigukungurira nde nzabandora iyobigana…..
>>
<<@GettyMuka
says :
Theo..kuri PARMACIEN uratubeshye cyanee pe..imiti ikorwa naba CHIMISTE..abize ibijyanye na chemicals..nibo bayiproduiza..hanyuma PHARMACIEN yunganira muganga wayanditse..rwose nibo bayicuruza kuko bagomba kureba ibyo Dr yanditse..bakareba niba iyo miti ntacyo yakwangiza kumurwayi bitewe naza allergies yagira..cy se indi miti yaba asanzwe akoresha..ibyo bita INTERACTION MEDICALE..wemere hano tugukosore kbs..😮
>>
<<@bukururamadhan2442
says :
Kagame azobamara ,Funga mkandaa 😢
>>
<<@bbbuthee4
says :
Yabababababa Ntamahoro ari mu Rwanda ndakurahiye, ibi nibimwe byahanuwe, yo hazabaho agahiri n'agahinda, hazabaho kwiyahura kwinshi,... nge nibazaga aho bizaturuka hakanyobera mbega u Rwanda, mbega inkotanyi we...
>>
<<@bahatiinnocent7626
says :
Ruriya rwagwa narurwanyije kuva kera. Abatu batari bake nange ndimo rwaduteraga guhitwamo bikabije.
>>
<<@Amante-A
says :
Ibihugu by' i Burayi hari products byohereza muri Africa zitujuje ubuziranenge kdi iwabo hagasigara ibifite ubuziranenge. Muri Africa ho bohereza hanze products zujuje ubuziranenge maze Africa hagasigara ibidafite ubuziranenge cg bifite quality iri munsi y' ibyoherejwe hanze y' Africa. Urugero: ibiribwa biri genetically modified ntibyoherezwa hanze, nyamara abanyagihugu nibo babihabwa. Ngayo nguko. Ayo mayeri akorwa n' abanyenganda bamwe na bamwe nkiyamenya narumiwe pe.
>>
<<@mdnas8815
says :
Urimwo umuyobozi mwiza theo , abo ba Dr naba professor barushwe koko naba gorozi gukora imiti
>>
<<@nshimiyimanacyprien4818
says :
(BMI) Body mass index
>>
<<@nshimiyimanacyprien4818
says :
Ibifi binini bituma udufi duto dutakaza imirimo Bwana Theo. Mfite experience bitewe nibyambayeho mu kazi. Imana izaguhe kuramba undi mwaka rata
>>
<<@NsanzimanaFabien-i3h
says :
Murwanda ntabyemewe bihaba
>>
<<@lifebizflow
says :
ese FDA ikora muri police or or police ikora muri FDA ariko ubanza police Ari aba bordigard ba fda
>>
<<@diogenemasumbuko8252
says :
Na Mitzing iyaba yakorwaga na rubanda rugufi ejo twasanga barikuyohereza mu kivu.😢😢😢😢😢😢
>>
<<@thinkbeyond-kbj
says :
Ngewe ni ubwambere mbonye ikiganiro cyawe, ariko uravuga ukuri ibintu byo kugenekereza wapi kk ntibibsho
>>
<<@wiseinjungle
says :
Sha ibi harimo n? Ubukunguzi
>>
<<@UzabakirihoJeanBosco-n7l
says :
Theo.uri ikigarasha cyuzuye pe!! Ese ni iki mwemera Koko??
>>
<<@emperor-jayp0016
says :
Babasanganye ethanol
>>
<<@mr.eagleofficial-51
says :
Imiti wayikorera hehe c muvandi?????
>>
<<@AdrienGABIRWA
says :
Nyamara ubutaka ni babusinza ntibuzera hhhhh
>>
<<@NdagijimanaEric-qw1yc
says :
Theo arko kwa Nyirangarama bari basigaye bafite amoko 2 y'uturusho.harakari kuri cannette kagura 3500,nakagura 500frw kaba mukavide.
>>
<<@Rcd83-l3r
says :
Kuki badasura INYANGE?
>>
<<@Rcd83-l3r
says :
Ahubwo ni gahunda yokubahombereza rimwe kuburyo nuwubahiriza ubuziranenge agomba Guhanwa.
>>
<<@medjoky
says :
Ego Mana mba ndoga SINGAPORE ya Africa. Reba ubudasa Sha!!!!!
>>
<<@PeterMugisha005
says :
Umuhutu bamukoreye ibyamfurambi rero.. mutuze murebe ibigiye gukurikira..
>>
<<@MunyembabaziTelesphore
says :
Birababaje Theo uziko nubu nari mvuye kugura ka gasenda ko kuri nyirangarama leta nibyiteho udukure mu rujijo tumenye ibyemewe ni bitemewe❤❤
>>
NEXT VIDEO
>>