<<@AkayezuSorange says : Cyakora Esther numusirimu na dusabe asigaye yambara neza dusabe ntuzasubirane na yaka nukuri😢>> <<@Alice02026 says : Egoko mana>> <<@TwagirumukizaAlphonsine says : Babuzana>> <<@TwagirumukizaAlphonsine says : Dusabe menya ibyawe byakuyobeye>> <<@TwagirumukizaAlphonsine says : Esther bishyize hamwe nizo ndaya zose za nzovu ahubwo barahitana umusaza kuko kuzana umugore ntibabyishimiye>> <<@TwagirumukizaAlphonsine says : Nzovu va muri ndaya nta cyiza zikwifiriza>> <<@TwagirumukizaAlphonsine says : Namwe mumuteza indaya rwose>> <<@denisegiselle7105 says : Dusabe ❤❤❤❤❤❤❤❤🎉>> <<@theogyHakz says : Kiraryoshye kbs>> <<@EmeryNDAYISENGA says : Uyommuntu ndamushigikiye cyane kwer ❤❤❤>> <<@moisegodson581 says : 42:18😂>> <<@moisegodson581 says : Nzovuste usibye kwihagararaho ntagoyishimye peee>> <<@IKS16200 says : Iyo mubana mu buryo butemewe namategeko mugabana ibyo mwashakanye>> <<@jp3642 says : Mbonye ikiganiro kuyitwa MORNING AFRICAN barikubareba mwinjira murugo rwabandi noheli numugore wa Nzovu babahamagara bababuza mwinjiye nabi rwose murugo rwabandi ndabirebye byose>> <<@culturerw says : ABA BAGORE BAFITIYE ISHYARI DIANE Kandi ngewe ndanarangije rwose>> <<@RyanGift-x6e7e says : Manibu anvugiye nexa: ester ibintu byo kuriira mukiganiro cyasamye imbere yabantu twari tumaze kubirambirwa, cyagonze ijosi kumugabo wabandi ,kdi ngo ntikimukunda 😏😏>> <<@dynanikiza1551 says : Kuberiki muriko muhuza nzovu nabagore biwe ntimushaka koyubaka numva mbabaye>> <<@MakkiMagras-kp5nk says : Nzovu Biraboneka katishimwe Kumaso😢>> <<@NiyogushimwaAline-w6p says : Nzovu akunda etse disi 😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤❤😂😂😂>> <<@NiyogushimwaAline-w6p says : Manimbu Diane yabitsemo nzovu ubwoba ababibina nkajye munkandireho😢>> <<@i_serge says : rimwe ifite amazero 20 ni : one hundred quintillion (10²⁰)>> <<@Genosdios says : ABAHIGI BENSHI BAYOBYA IBWA KOKO ABANTU BAGIRA INAMA NZOVU BAMAZE KUBA BENSHI KBS>> <<@User1231-p5p says : Byavuzwe kuyihe channel ko bazagabana x mumbwire pls>> <<@NduwayezuJoseph-lp3qy says : nzovu ntiyamenye reye kubaka arimumpinduka mumurekeyubake>> <<@utujeanitha5256 says : Mwabanumwee nzovu ajunditse amazi ariko umunsi yayaciye tuzumirwa peee Manibra mutabare nzovuu>> <<@uwimanaenock4351 says : hhhh>> <<@MugaboBlandineFamily says : Nzovu atinya diane ubundi akikundira Esther>> <<@Rumaragishyika123 says : Muzehe ni rutumvinyuro cg impanuro, mumuhane vuba yigengere>> <<@MugaboBlandineFamily says : Ibintu nzovu afite bizaba ibyabana be gusa>> <<@MarrieGrace-i4y says : Ibintu nibyanzovupe. Diyane ntaruhare abifitemo>> <<@Alena-vibes says : Cyaze nge reaction zabantu zisigaye zinyura cyane😂😂😂 uku umuntu yifata akacuga ngo runaka nsigaye mwanga😢😅 abafana twisubireho dutange inama zubaka urwanho ntirwubaka.>> <<@sandra-y9o3u says : Arko Liza yagiyehe😢😢😢>> <<@Raelynbeam1 says : wenda diane azamuroga apfe😂 abijyane kuneza😂>> <<@MirukKira says : nzovu ntari bumare uyumwaka diane atamwishe>> <<@MirukKira says : murabifatanyije nyine😅😅😅 diane araje akwemeze>> <<@RyanSammy-f4c says : Nyamara kadusabe nakagome ngwararuhutse>> <<@mireillekabageni488 says : Kadusab❤>> <<@alicem.3156 says : Hhhhhh ibaze ko Dusabe ari kwiha Mama Queen ngo yaritukuzaga😂kdi nawe aruko 😊different colors one people 😊>> <<@ConfusedIcedSoda-uc8ep says : nzovu yikundiraga Esther ibyogukunda Diane ntabirimo rwose>> <<@Ndagijimanakazibake says : Mushaka kumusenyera ntakindi>> <<@ConfusedIcedSoda-uc8ep says : habuzemo nohel kuko niwe ubavuruyanga bakavuga akimurori😅>> <<@AlineIshimwe-n5v3f says : Ka dusabe kabuze Noheri ngo amunsarize>> <<@aliceudushya1325 says : Uwo mugore watanze ubutumwa sitwemeranwa muge muha agaciro abagore barabana numugore numugabo nabatandukana bazagabane>> <<@JeanDamasceneDUSHIMIMANA says : Nzovu impamvu bavugako atishimye impamvu nuko nta nzoga abayanyoye aje mukiganiro Iyo banyoye inzoga baba basakuza cyane>> <<@24morus says : Uwo mugore wa Voice note ibyo avuga arabeshya😂😂😁 Nzovu arakuze knd iyo responsibility zije umuntu uwari we wese ntago yakisanga mumwanya wanzovu Ari gusabwa 250k yinzu, house responsibility ngo abure kwisanga mumwanya nkuwa nzovu knd uretse nibyo ntago nzovu azahora yibana kereka niba impuhwe uwo muntu amufitiye arizo kuzatuma nzovu ahora asiragira mubagore ngo nukuberako abantu batishimiye Diane. Nzovu agomba gutuza akamenya ko umugore aba ariwe ugira uruhare runini muguhinduka kumugabo cyne ko nzovu nawe ariyo phase arimo yitegura guhinduka ngo abe umuntu uri focus>> <<@miguelchristian7495 says : 😂😂😂😂😂😂>> <<@EricDushimimana-l7l says : nzovu afite ikibazo cy' isukari ntaho bihuriye na diane>> <<@fideleniyonkuru7609 says : Ndababaye cane kubona mushaka ko nzovu asambura mwese namanibu arimwo ayo ma audio yuyo mugore ntacamaze none mwebwe mufata ibintu bariko baravuna mukiganiro biterera inkuru mugaca mubigira intambara manibu reka ivyobintu shigikira nzovu yubake ntasubire mundaya😊😢>> <<@deupdates7 says : Dusabe yasinze>> <<@yvesrusakiza4710 says : Ka dusabe kagira umushiha>>
VideoPro
>>