<<@NeddyGift-rp9nb says : Nubwo bitwengeje birababajeπŸ˜‚>> <<@NeddyGift-rp9nb says : Nubwo bitwengeje birababajeπŸ˜‚>> <<@Nzitunga21 says : Best friends NZOVU vs YAKA NZOVU arira icyana mucyumba, YAKA arira icyana muri salon 🀣🀣🀣🀣🀣🀣>> <<@habaruremaevariste2877 says : Nzovu arwae sida>> <<@AugustineKayumba says : Ka kajwi niwe ubiri ibyuma hamwe nakandi ga channel bita ngo izamarere>> <<@GroliaUmutesi-q5t says : Kuyanura manibu πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@SankalaDidace says : Nzovu ararajyiye peee>> <<@swaggypkingmodson7181 says : Abantu mugira nzovu inama muzaturika imitsi yubwonko πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@RugerLavy says : πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰πŸŽ‰>> <<@princemigisha-s7u says : Aho gukomeza gushyira byose hanze Kandi aribibera munzu yabo ubwabo murakoze>> <<@princemigisha-s7u says : Ex large Mr M.. nawe kuko ukomeza gutuma bazana family affair s kuri social media numva njyewe mwagakoze behind the scenes . Akaba ariho bavugira>> <<@patricktwagirimana2971 says : Nzovu isubireho ntukabe nka yaka>> <<@jesusismysaviour6327 says : Aka kagabo Mana yanjye πŸ˜‚πŸ€£πŸ€£πŸ€£πŸ€¦πŸ½β€β™€οΈπŸ€¦πŸ½β€β™€οΈ kahangayitse karwaye negative kubera intebe na frigo 😁🀣🀣🀣🀣>> <<@alinemutoni-c8h says : πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@KwizeraOlivier-h8r says : Please dufashe udukorere ikiganiro nanzovu nadiane>> <<@KwizeraOlivier-h8r says : Manibu uzadufashe ukoreshe ikiganiro Diane na nzovu bonyine please tubabarire>> <<@cyprienbucyangenda5604 says : Manbu, azamura channel ya Mama Sandrine, famille nzovu izamuke,>> <<@GroliaUmutesi-q5t says : πŸ˜‚πŸ˜‚ uratsetsa πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@tushiyvette123gmail says : Content barimuru sport we numugore>> <<@Cedrictuyizere-g3b says : Kwa Xlarge nihonzovuyiyumvamo muducanotwose ajyaho>> <<@TetasandrineUmuhoza says : Nzovu ntiyakunze Diane ahubwo kwari ugushaka kwihimura kuri Esther ko yabonye undi mugore kuko nzovu suwo guca Diane inyuma atarabibashije kuri Esther kdi yari ikirara ,rero Diane namureke ubundi tuzajye kumusabira imbabazi kwa mama wabana kuko ubu amaze kwiga aranamwifuza mu biganiro yakoreye kutundi du channel ajye kurwarira mu muryango kuko nzovu nubwo mutabyemera ararwaye isukari si ikintu kumuntu nka nzovu uti controla pe!>> <<@DidierDushimimana-v2m2h says : Nzovu uvugisha ukurip>> <<@UwaseimpunduGloria says : Ark rero nubuzima nzovu asigaye abayemo bwatuma isukari izamuka 😒Uzi kuva kuva munzu ya 80k ukajya muya 250k kd aho wakuraga amafaranga arihahandi hatahindutse 😒 wabona atekereza iyomafaranga umutima ugasimbuka pee>> <<@NsekerabanziJeanClaude-b7v says : banjye bafatanya Bose barakora Diane amafanga akorera ayashyira hehe bagabane ishigano>> <<@MarrieGrace-i4y says : Muranze murananiranyepe. UKUNTU ufite umugoremwiza>> <<@MirukKira says : kontumva nawe ujyiye kuducika>> <<@LouiseUwimana-h3x says : Xlarge mumuvuze nzovu>> <<@SpesSpes says : Baramupima DiabΓ¨te , tension , migraine n,amaso ivyo biza nk,ibinyanya ni signes za tension>> <<@UMUCOCINEMA says : Kandi nawe urabiziko yajyaga kwirebera umuntu ugahamagara dusabe>> <<@UMUCOCINEMA says : Sha Diane arababaye nukuri 😒😒>> <<@Claudemush says : Nzovu niyumva niyomukuramo umwuka indayszaramwishe>> <<@GiranezaEtienne says : Yahuye na camera πŸ“ΈπŸ“Έ iramugonga>> <<@murangirajosiane-eb6jq says : Manibu ni byiza cyane ko uganirije nzovu,ariko rero niba akora n'umugore agakora nta mpamvu nimwe zo kugirango nzovu akore inshingano zose z'urugo undi abika gusa umugore n'umugabo baberaho gufashanya,ikindi kandi ntago nagaya abavuga ko uriya mugore aba ari kumibare kuko akenshi avuga ko umugabo akora ibintu byose amafr y'umugore akatabika ndetse ngo akanamunjyana muri Salon kandi bose bakora πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚nonese ubwo nzovu azakora inshingano zoze z'urugo yibuke ko afite abana ?bakeneye amafr y'ishuri cg ibikoresho byishuri???aha nitambukiraga πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@gizzogedeon4080 says : Maniboo ntakubeshye nkunze ukuntu ugiriye inama nzomvu kbs ❀❀ibi nibyo dukeneye apana bamwe ntashatse kuvuga>> <<@gizzogedeon4080 says : Nzomvu iyo bigeze kubyo munzu arabijera byagera kubagore bikagorana πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚bo nukurya umwe akirenza undi πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@jeanmarievianneymugisha6086 says : πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@BamupendeAssumpta-co4sz says : Ariko Nzovu inzu ya 200k urabona wayigondera twagiye tumenya ubuzima turimo tugakora ibingana nubushobozi 200k amezi 5 ni 1M mwagura ikibanza za sake>> <<@murungilydia6543 says : Ibyo binya nisukari iri hejuru!!!!!!!>> <<@foodisgoodce-m1m says : Diane azakuvanamo business ari kukubara ukomeze ukore inshinganoπŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚ nimba yazanye umwana kwiga i kagali muzehe inshingano zamubanye nyinshi inzu ya 200k Guhaha πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@nana-i2d5g says : Diane nimfura kdi muzabibona na Esther ubutindi bwe muzabubona aribwo kimwe na DUSABE Guys muzaba mureba dore aho ndaha maaah>> <<@ndayishimyebenjamin2185 says : Ubundi njyewe nkunda Umugabo ntacyo ampaye pe, Manibu nugabo kbsa❀ abandi nugushaka indonke nogusenya ahokubaka>> <<@kwizeraImanaimwe says : Wosanga Diane ari marayika Imana yatumiye Nzovu kugira babane ahindure Nzovu amwiteho babane. Kuko Diane yihanganira Nzovu kandi akamukunda. Kandi Diane afite caracteurs nziza. Avuga neza afite ubwenge nimwiza ateye neza. Rero Nzovu naprofite ko Diane yaje mubuzima bwe. Nishari babafitiye.>> <<@kwizeraImanaimwe says : Apana kwumva amabwire yabantu umugore wawe Diane uramuzi. Hama na Diane arekr kwumva amabwire yabantu arakuzi. Gusa nimwe mugomba kubiganiraho mugihe hari ibibazo hagati yanyu. Ikindi nobshanura abagore ba nzovu bakera ntibazongete kuza kwa nzovu gukoreraho ibiganiro kuko Diane yaravuzeko bomubangamira.>> <<@kwizeraImanaimwe says : Nzovu Diane nuwe azagusazisha numufate neza kandi ntanywa inzoga nimwiza ntiyiyandarika ntajta mibagabo aguha urukundo aragukunda ashaka kwubaka.>> <<@FilsKwizera-wx8qj says : Njyewe ndigukunda ukuntu nzovu abamubajije ubusa abasubiza ubundi kubinjyanye namabanga yurugo❀❀>> <<@Bolingoyamutima1891 says : Ntabwo aribyo namba , muzagabana kuko ibyo utunze n'impano mwahawe mwembi ngo mwubake urugo nawe ntabyo yagusanganye . Nonese ibyo murimo kugura mubana bizaba ibyande ? Please ntabwo igitsina-gore aricyo gukinisha akamarimari ngo wirukane uko ubishatse . Menya ko muzagaba keretse atabigize serious.>> <<@Murenzisam-u9g says : Ibrah waramutse, Harijambo Nzovu aherutse kuvuga mukiganiro arikumwe na Diane abaza Diane ati ubukoko nanjye iyonkomeza kumva amagambo yakuvuzweho ucyiza nanjye narikurakara nkawe, Ibrah ihangane ubwire Diane areke gushyira imbere amagambo yaba ba Esther, Dusabe, na Yaka ahubwo yubake kuko na Diane bamuvuzeho amagambo menshi ariko Nzovu ayima amatwi aremera barabana kuberiki Diane atareka kumva amagambo ahubwo akita kurugorwe kok Murakoze>> <<@Goodvibes-ky4ed says : Ibanga ryubusambanyiπŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚>> <<@Goodvibes-ky4ed says : πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚yarapfuy namafoto arapfa>> <<@kwizeraImanaimwe says : Nzovu akantu kogukubita Diane mukiganiro nokumucyurira kumubwura nabi kumutuka ntuzongere kubikora kuko numugore wawe nukumwubaha.>>
VideoPro
>>