<<@NeddyGift-rp9nb
says :
Nubwo bitwengeje birababajeπ
>>
<<@NeddyGift-rp9nb
says :
Nubwo bitwengeje birababajeπ
>>
<<@Nzitunga21
says :
Best friends NZOVU vs YAKA NZOVU arira icyana mucyumba, YAKA arira icyana muri salon π€£π€£π€£π€£π€£π€£
>>
<<@habaruremaevariste2877
says :
Nzovu arwae sida
>>
<<@AugustineKayumba
says :
Ka kajwi niwe ubiri ibyuma hamwe nakandi ga channel bita ngo izamarere
>>
<<@GroliaUmutesi-q5t
says :
Kuyanura manibu ππππππ
>>
<<@SankalaDidace
says :
Nzovu ararajyiye peee
>>
<<@swaggypkingmodson7181
says :
Abantu mugira nzovu inama muzaturika imitsi yubwonko πππ
>>
<<@RugerLavy
says :
ππππππππ
>>
<<@princemigisha-s7u
says :
Aho gukomeza gushyira byose hanze Kandi aribibera munzu yabo ubwabo murakoze
>>
<<@princemigisha-s7u
says :
Ex large Mr M.. nawe kuko ukomeza gutuma bazana family affair s kuri social media numva njyewe mwagakoze behind the scenes . Akaba ariho bavugira
>>
<<@patricktwagirimana2971
says :
Nzovu isubireho ntukabe nka yaka
>>
<<@jesusismysaviour6327
says :
Aka kagabo Mana yanjye ππ€£π€£π€£π€¦π½ββοΈπ€¦π½ββοΈ kahangayitse karwaye negative kubera intebe na frigo ππ€£π€£π€£π€£
>>
<<@alinemutoni-c8h
says :
ππ
>>
<<@KwizeraOlivier-h8r
says :
Please dufashe udukorere ikiganiro nanzovu nadiane
>>
<<@KwizeraOlivier-h8r
says :
Manibu uzadufashe ukoreshe ikiganiro Diane na nzovu bonyine please tubabarire
>>
<<@cyprienbucyangenda5604
says :
Manbu, azamura channel ya Mama Sandrine, famille nzovu izamuke,
>>
<<@GroliaUmutesi-q5t
says :
ππ uratsetsa πππ
>>
<<@tushiyvette123gmail
says :
Content barimuru sport we numugore
>>
<<@Cedrictuyizere-g3b
says :
Kwa Xlarge nihonzovuyiyumvamo muducanotwose ajyaho
>>
<<@TetasandrineUmuhoza
says :
Nzovu ntiyakunze Diane ahubwo kwari ugushaka kwihimura kuri Esther ko yabonye undi mugore kuko nzovu suwo guca Diane inyuma atarabibashije kuri Esther kdi yari ikirara ,rero Diane namureke ubundi tuzajye kumusabira imbabazi kwa mama wabana kuko ubu amaze kwiga aranamwifuza mu biganiro yakoreye kutundi du channel ajye kurwarira mu muryango kuko nzovu nubwo mutabyemera ararwaye isukari si ikintu kumuntu nka nzovu uti controla pe!
>>
<<@DidierDushimimana-v2m2h
says :
Nzovu uvugisha ukurip
>>
<<@UwaseimpunduGloria
says :
Ark rero nubuzima nzovu asigaye abayemo bwatuma isukari izamuka π’Uzi kuva kuva munzu ya 80k ukajya muya 250k kd aho wakuraga amafaranga arihahandi hatahindutse π’ wabona atekereza iyomafaranga umutima ugasimbuka pee
>>
<<@NsekerabanziJeanClaude-b7v
says :
banjye bafatanya Bose barakora Diane amafanga akorera ayashyira hehe bagabane ishigano
>>
<<@MarrieGrace-i4y
says :
Muranze murananiranyepe. UKUNTU ufite umugoremwiza
>>
<<@MirukKira
says :
kontumva nawe ujyiye kuducika
>>
<<@LouiseUwimana-h3x
says :
Xlarge mumuvuze nzovu
>>
<<@SpesSpes
says :
Baramupima Diabète , tension , migraine n,amaso ivyo biza nk,ibinyanya ni signes za tension
>>
<<@UMUCOCINEMA
says :
Kandi nawe urabiziko yajyaga kwirebera umuntu ugahamagara dusabe
>>
<<@UMUCOCINEMA
says :
Sha Diane arababaye nukuri π’π’
>>
<<@Claudemush
says :
Nzovu niyumva niyomukuramo umwuka indayszaramwishe
>>
<<@GiranezaEtienne
says :
Yahuye na camera πΈπΈ iramugonga
>>
<<@murangirajosiane-eb6jq
says :
Manibu ni byiza cyane ko uganirije nzovu,ariko rero niba akora n'umugore agakora nta mpamvu nimwe zo kugirango nzovu akore inshingano zose z'urugo undi abika gusa umugore n'umugabo baberaho gufashanya,ikindi kandi ntago nagaya abavuga ko uriya mugore aba ari kumibare kuko akenshi avuga ko umugabo akora ibintu byose amafr y'umugore akatabika ndetse ngo akanamunjyana muri Salon kandi bose bakora πππnonese ubwo nzovu azakora inshingano zoze z'urugo yibuke ko afite abana ?bakeneye amafr y'ishuri cg ibikoresho byishuri???aha nitambukiraga πππ
>>
<<@gizzogedeon4080
says :
Maniboo ntakubeshye nkunze ukuntu ugiriye inama nzomvu kbs β€β€ibi nibyo dukeneye apana bamwe ntashatse kuvuga
>>
<<@gizzogedeon4080
says :
Nzomvu iyo bigeze kubyo munzu arabijera byagera kubagore bikagorana ππππbo nukurya umwe akirenza undi ππ
>>
<<@jeanmarievianneymugisha6086
says :
ππππππππππππ
>>
<<@BamupendeAssumpta-co4sz
says :
Ariko Nzovu inzu ya 200k urabona wayigondera twagiye tumenya ubuzima turimo tugakora ibingana nubushobozi 200k amezi 5 ni 1M mwagura ikibanza za sake
>>
<<@murungilydia6543
says :
Ibyo binya nisukari iri hejuru!!!!!!!
>>
<<@foodisgoodce-m1m
says :
Diane azakuvanamo business ari kukubara ukomeze ukore inshinganoπππ nimba yazanye umwana kwiga i kagali muzehe inshingano zamubanye nyinshi inzu ya 200k Guhaha πππ
>>
<<@nana-i2d5g
says :
Diane nimfura kdi muzabibona na Esther ubutindi bwe muzabubona aribwo kimwe na DUSABE Guys muzaba mureba dore aho ndaha maaah
>>
<<@ndayishimyebenjamin2185
says :
Ubundi njyewe nkunda Umugabo ntacyo ampaye pe, Manibu nugabo kbsaβ€ abandi nugushaka indonke nogusenya ahokubaka
>>
<<@kwizeraImanaimwe
says :
Wosanga Diane ari marayika Imana yatumiye Nzovu kugira babane ahindure Nzovu amwiteho babane. Kuko Diane yihanganira Nzovu kandi akamukunda. Kandi Diane afite caracteurs nziza. Avuga neza afite ubwenge nimwiza ateye neza. Rero Nzovu naprofite ko Diane yaje mubuzima bwe. Nishari babafitiye.
>>
<<@kwizeraImanaimwe
says :
Apana kwumva amabwire yabantu umugore wawe Diane uramuzi. Hama na Diane arekr kwumva amabwire yabantu arakuzi. Gusa nimwe mugomba kubiganiraho mugihe hari ibibazo hagati yanyu. Ikindi nobshanura abagore ba nzovu bakera ntibazongete kuza kwa nzovu gukoreraho ibiganiro kuko Diane yaravuzeko bomubangamira.
>>
<<@kwizeraImanaimwe
says :
Nzovu Diane nuwe azagusazisha numufate neza kandi ntanywa inzoga nimwiza ntiyiyandarika ntajta mibagabo aguha urukundo aragukunda ashaka kwubaka.
>>
<<@FilsKwizera-wx8qj
says :
Njyewe ndigukunda ukuntu nzovu abamubajije ubusa abasubiza ubundi kubinjyanye namabanga yurugoβ€β€
>>
<<@Bolingoyamutima1891
says :
Ntabwo aribyo namba , muzagabana kuko ibyo utunze n'impano mwahawe mwembi ngo mwubake urugo nawe ntabyo yagusanganye . Nonese ibyo murimo kugura mubana bizaba ibyande ? Please ntabwo igitsina-gore aricyo gukinisha akamarimari ngo wirukane uko ubishatse . Menya ko muzagaba keretse atabigize serious.
>>
<<@Murenzisam-u9g
says :
Ibrah waramutse, Harijambo Nzovu aherutse kuvuga mukiganiro arikumwe na Diane abaza Diane ati ubukoko nanjye iyonkomeza kumva amagambo yakuvuzweho ucyiza nanjye narikurakara nkawe, Ibrah ihangane ubwire Diane areke gushyira imbere amagambo yaba ba Esther, Dusabe, na Yaka ahubwo yubake kuko na Diane bamuvuzeho amagambo menshi ariko Nzovu ayima amatwi aremera barabana kuberiki Diane atareka kumva amagambo ahubwo akita kurugorwe kok Murakoze
>>
<<@Goodvibes-ky4ed
says :
Ibanga ryubusambanyiπππππππππ
>>
<<@Goodvibes-ky4ed
says :
ππππππππyarapfuy namafoto arapfa
>>
<<@kwizeraImanaimwe
says :
Nzovu akantu kogukubita Diane mukiganiro nokumucyurira kumubwura nabi kumutuka ntuzongere kubikora kuko numugore wawe nukumwubaha.
>>
NEXT VIDEO
>>