Erega iki nicyagihe bababwiye cyo kurya akaribwa nakataribwa muhore inyuma hari nibindi
@uwizeyimana-t6z Says:
Njye ndi motari arko nanga aba police nubuyobozi bwose bwo mu rwanda kuva kumuyobozi muto kugeza kumukuru .nkubu nafatiwe credit numuntu mumyaka 2 arko imyaka3 irashize ndi gushwana numunyarwanda sinakwigurira ipantalo kuyishura byaranze. rwose ndabivuze ntabwo abayobozi bakorera abaturage bakorera inda zabo ntibakatubeshye bacyinira mubyuya byacu .arko ubundi ko arbo badushishikarije gufata izo credit batwishyuye moto zacu bakazitwara tugataha tukipfira. Ntibareke kuturengerwaho ibi ni umurengwe arko Allah (Isumbabyose arabibona).
@dusengimanaemmanuel4638 Says:
ibyo muvuga nukuri pe motar wagirango n.ikivume
@Lock940 Says:
Niba bashaka kuzigabanya birukane aba motard b'Abarundi ni bo batuma ziba nyinshi cyn.
@zuzukadafi7372 Says:
Ni kwa kundi bubaka umuhanda , nta kwezi kurashira bakawumenagura ngo bagiye gushyiramo insinga za murandasi, baba bakora ibyo Bazi , bafitemo inyungu zabo bwite ! Leta barayiba n'uko ar'imisoro yacu
YOUTUBE COMMENTS