Muraho neza, ndashimira Imana yo yahisemo ko ari yo Izigisha umuntu, Yohana 6:45
Byanditswe mu byahanuwe ngo ‘Bose bazigishwa n'Imana... Njye nagize amahirwe yo gukurikira ikuganiro cyose. Tittle y'ikiganiro yerekana intambara iri mu bitekerezo by'ubaza ntabwo ari imitekerereze y'uwo abaza (umusaza). Gusa n'aha buri wese kugenzura ijambo ry'Imana ategamiye ku muntu uwo ari we wese. Njye nemera ko umuntu wese mu mutima ushaka ukuri ataryarya ni inshingano y'Imana kumugeze no kumuyobora mu kuri. Akaga kava ku bujiji karoroshye cyane ugereranije n'akaga kazanwa no kwijijisha. Ijambo ruiruta byose nizere ko buri urigirira cg uzarigirira icyizera kuruta ikindi cyose mu byiringirwa azahuriramo n'Uwaryandikishije.
Mbese ibyo bitwaye iki? Nta cyo kuko uko bimeze kose, ari mu buriganya cyangwa mu kuri Kristo yamamazwa, kandi ibyo ndabyishimiye kandi nzagumya kubyishimira,
Abafilipi 1:18.
Ntacyo umuntu yakora ngo arwanye ukuri!
@dusengesafina9113 Says:
Uyu musaza ndamukunda cyane
@John-ch1np Says:
Mwa mabandi mwe yibisambo muba mushakisha views ngo mubone uko murya mwagiye byibuze muvuga iby'ukuri mukareka ibinyoma no gusebya itorero ryiza rya Adventist 😂 cg mukaza tukabaha uturimo twamaboko mugakora?
nkurikije ukuntu ukunda gukora refence ku badivantist ni ikimenyetso kidashidikanywaho ko baguteye ubwoba kd birakwiye ko ubugira , naho kuba ari laodokia byo nibyo turibo . wowe urinde? erega agakiza kava mubayuda . uburyo bwiza bwo kurwanya ikinyoma ni UKUVUGA UKURI GUSA.
@NezaJew Says:
Ibyo muzehe avuga n'ibyo abadive bavuga byose ni white spirituals. Ubundi *SPIRITUALISM iryo jambo rikomoka ku ijambo ry'icyesipanyolu ESPIRITISMO bisobanura WHITE MAGIC*
rero by google *SPIRITUALISM ni a system of belief or religious practice based on supposed communication with the spirits of the dead, especially through mediums*
Nguwo undi mwuka w'ubundi butumwa bwa yesu wundi ari bwo ubukrisito, ni umwuka mubi, umwuka w'ubukristo ni umwuka w'abadayimoni, ni umwuka w'uburaguzi n'ubupfumu (Yesaya 8:19 no Gutegeka kwa kabiri 18:9-15 na Yesaya 9:1-7 na Ezekiyeli 13:6-9, 20-23 ).
Muve mu nzira za gikonikoni n'ubukristo, mwamamaze inzura nyakuri ya Kristo w'ukuri please (IBYAKOZWE N'INTUMWA 19:19-20).
Ariko ubundiwowe wamusazawe ibyawe kousenya amadini kandinawe URI umunyadini
@HavugimanaVenuste-z6k Says:
Kdi iyo navuze ubwiru bw,amatorero arindwi bivuze itorero rimwe rya Yesu ryanyuze mubihe birindwi bitandukanye ubu rero turi mugihe cya 7 laodokiya kitwa guca urubanza ubu harimo urubanza rwatangiye mu 1844 ku iherezo ry,imyaka 2300 nibwo hatangiye igihe cya Laodokiya ahubwo nuko wibereye mubucuruzi abantu Ari inkundarubyino niba ushaka kumenya neza ubutumwa bwiza mutabeshye abantu niba koko mushaka ko abantu bamenya ubutumwa bwiza koko shaka bagorozi bakwigishe umenye ubutumwa bwiza icyo bisobanuye icyakora bwitwa bwiza kuko hari ni ububi aribwo mwita bwiza mwebwe ubutumwa bwiza ni Yesu ,ibyo yatumye abigishwa
@HavugimanaVenuste-z6k Says:
Ntimukabeshye abantu ubutumwa bwiza ni Yesu kdi Yesu yumvira amategeko y,Imana soma yohana 14:15 cyakora muzi kwihandagaza mubuvuga ubutumwa bwiza uzashake abagorozi bakora umurimo w,ivugurura n, ubugorozi umenye ubutumwa bwiza icyari cyo
@56tumushabe Says:
Urumuntu nabandi va mwitorero kuko hari Aho rigirwa inama va muri babuloni ahuri nimuriya muka iyobya
@NezaJew Says:
None spiritual na spiritualism bivuga iki? Ibyo abedomu (abazungu) batwigishije ngo ni iby'umwuka wera si umwuka wera ahubwo ni ibirwanya umwuka wera. Ibyo abedomu (abazungu) batwigishije ngo ni byo bisobanura Ibyanditswe byera (Theology) ntibisobanura Ibyanditswe byera ahubwo bisiribanga Ibyanditswe byera. Theology ni ubuyobe, ni *the ology* what is ology? (1 Timoteyo 4:1 n'Abagalatiya 1:6-9). Theology ni Supersessionism. Theology ni yo ubundi butumwa cg Ikindi Pawulo yabwiraga abagalatiya, Theology ni yo inyigisho z'abadayimoni Pawulo yabwiraga Timoteyo, Theology ni yo ubwenge bw'abantu Pawulo yabwiraga abakolosayi, ubukrisito kandi ni bwo ubundi butumwa n'undi mwuka bishingiye kuri yesu wundi Pawulo yabwiraga Abakorinto (2 Abakorinto 11:4). Who are the two jesuses of the bible? Christians follow another Jesus not the real Jesus.
Yesu wundi ni we Antikristo
Undi mwuka ni wo urwanya umwuka wera
Ubundi butumwa ni bwo bukuraho ubutumwa nyakuri.
So, be awake and know the real truth so that the truth can make you free please, or you will all perish in your confusion and unawareness of the real gospel and spirit and Jesus (Yohana 8:32 na 2 Abakorinto 4:3-4). imana y'iki gihe ni iyihe? Iyo ni yo abakristo bayobotse ni yo baramya (2 Abatesalonike 2:4 na Daniyeli 11:36-37). None ubwo imana y'iki gihe ni iyihe? Mwisubize ubwanyu mwifashishije Ibyanditswe byera BIBILIYA (Yesaya 28:10) N'AMATEKA (Gutegeka kwa kabiri 4:32).
@NezaJew Says:
Buriya rero ikintu cya mbere abedomu (abazungu) bakoze ni ugufata ibintu byose byo muri Bibiliya bakabiha spiritual meaning. Interpretation nyakuri y'amatorero 7 yo muri Aziya ntoya si iyo rwose: kimwe n'ubukristo muri rusange, ubwo ni ubuyobe bwazanywe n'abazungu kugira ngo tutamenya AMATEKA y'ukuri (Abakolisayi 2:8) Hariya hantu havugwa mu matorero 7 yo muri Aziya ntoya ni ahantu habayeho mu mateka y'isi hari diaspora z'abayuda ari na bo Yesu yatumyeho Yohana buri butumwa bukubiye muri ariya matorero 7 avugwa mu Ibyahishuwe 2 na 3. Muzehe ambabarire simwubahutse, ariko hari ubuyobe bwinshi bw'abazungu yamize budafite aho buhurira n'ukuri kwa BIBILIYA N'AMATEKA (Gutegeka kwa kabiri 4:32).
YOUTUBE COMMENTS