Iryo Zina musekura narimenye kubera abana be Niko bakunda Kubita
@VestinaManiragena Says:
Mwiriwe neza, hari uwonzi witwa musekura arazwi mu murenge wa nkotsi ni mukarere ka musanze gsa yarapfuye, abana be nibyo bariho ageze ahitwa muri nkotsi bahamwereka akabaza niba Ariwe witwa musekura valency, afite abana bazwi cyanee bari no munzego zubuyobozi
YOUTUBE COMMENTS