Nasangiye Umugabo na Mama Ntabizi | Sinzongera Gukunda Ukundi : NIBA UGIRA AMARIRA HAFI NTUYIREBE

Ku buryo bumwe ibi bisa ni birenze ukwemera, ububabare yanyuzemo ntibugira izina ndetse ntawabona amagambo akwiye yabusobanura, umugabo we yaramutoteje, aramukubita hafi yo gupfa, yageze ubwo ajya muri Koma kubera gukubitwa. Yahoraga asaba mama we kumutabara gusa icyo Atari azi ni uko hari ibyo mama we yari amuhishe. Iyi ni inkuru ya Martha Uyu munsi turi muri kenya igihugu kiri mu karere ka afrika y'iburasirazuba aho twagiye gusura martha ngo inkuru ye yubuzima ayisangize isi yose kubera ko ibyo yanyuzemo birenze ubwenge bwa muntu, naho uko yabyigobotoye ni ibitangaza by'Imana. #Martha_254722662939 #AfrimaxKenya
YOUTUBE COMMENTS