UMUGABO AGUHINDUKIJE UTEGETSWE KWEMERA|Mama Nick ahuye na JEANNE wari warazengereje umutware we|

UMUGABO AGUHINDUKIJE UTEGETSWE KWEMERA|Mama Nick ahuye na JEANNE wari warazengereje umutware we|

????

Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@liberathemukambanda8430 Says:
Maman Nick ngukunda cyane pe! Ariko kurongorwa maze gukubitwa cg natutswe sinabibasha pe!!! Wapi rwose napfa ahari!!!
@hilairengayaberura4942 Says:
Mama Nick,ukora byiza. Uzi kubura umugore muryamye hamwe Kandi ari uwawe byemewe, waranakoye ? Byihorere !
@josephamukagatare9178 Says:
Warakaye ntaguhindukira rekarekA puuuu
@darcynda6586 Says:
Unto mu maman , ndakunze ❤️❤️❤️❤️❤️
@cadzabibu9871 Says:
SABE uko nakameranzuri inatakatisha surazaeatu
@jeanbosco4059 Says:
27:30
@ephremmudenge5962 Says:
iki kiganiro ni cyiza kuko bitumye twumva ibyiyumviro bya bamwe mu babyeyi ndetse n'impanuro baha abana n'abisengeneza babo. Ni gute waba ushonje, udatekanye muri wowe hanyuma ngo hindukira? ese ari umugabo uri muri iyo situation, umugore akamusaba guhindukira yabikunda?? kubwanjye numva hakabayeho ikiganiro mbere nambere. Ikindi si numva ko hari impamvu iyo ariyoyose yatuma umwe mububakanye akubita undi. ikosa iryo ariryo ryose ryaganirwaho nacyane ko twese dushobora gukosa. It is a subject for discussion
@umulingarwandan6358 Says:
Lol ubundi nujya kugisha inama y’uko wubaka urugo rwawe ruzasenyuka. Maman Nick icecekere nturafatwa kungufu nuwo mwashakaha. Bibaho cyane
@alineuwimbabazi9634 Says:
Njye iyo myunvire sinyemera ko umugore aje mu nshingano zo kurangiriza ikibazo cyo mwipantaro cy umugabo , eeeeeh umugore si igikoresho bavandi, umugabo numugore babana kugirango bafatanye muri byose nkumuntu umwe kandi banashimishanye bose , none se umugore ararakaye amerewe nabi umugabo nawe arashaka ku bintu kandi agomba kubibona ubwo murunva ari ibiki?!!! Kurinjye ni uguhohoterwa rwose . Iyo myunvire muyiveho kuko mwerekana ko umugore abana numugabo kugirango abe igikoresho cye cya sex no no no et noooooo.
@clarissemanzi9733 Says:
Arko mwumvise Nabi Bavuze ko uramutse utari muri mood wamusobanurira arko atari kubigira intambara,wenda mube mwanabitonganiramo!
@habinezajeanchrisostome493 Says:
Mukomere cyane barimu beza! Nyewe reka mbisabire ikintu gusa bishobora kuba bigoye. Ese ntakuntu mwajya mumanuka ubwo buhamya n'izo nyigisho mukaza mukazitanga no mu byaro? Kuko hari abantu benshi batabasha kubibona ku hari benshi baba badafite izo smart phone cg c n'izo tv kd bafite ibibazo nkibyo benshi mukaza mukabigisha imbona nkubone, Rwose niba bishoboka muzabikore. Thx. Njyewe mbona nabyo hari icyo byafasha
@sicytemu_cyriaque2050 Says:
Usenya urwe umutiza umuhoro. Zubakwa bitandukanye kandi bene data bo mu minsi yanone Ngo ntawuhana uwahanutse. Ingo zubu zirimo zisenywa nibyateye ubu ngo" Ngo rwubakwa gutya" kandi uko urwawe rwubatse cyangwa rwari rwubatse siko urwanjye rwakubakwa. Gusa, gusa, nagiraga ngo mbwire abubu bamwe, naboyobejwe n'abubu, umugore w'ubwenge yubaka urugo ruryoheye abe rugasharirira abashobewe!! Merci Maman Nick.
@clementineumuhoza8279 Says:
Harikintu numvise tutumva kimwe,imibonano si itegeko ni ubwumvikane,ni ikintu abantu babiri bakora bishimye kandi bari muri mood,rero igihe cyose umuntu akoreshejwe imibonano itumvikanweho ni ikosa,tujye dukosora amwe mumahame yumuco apfuye,kera hari ibintu bitaga kumara amavuta,ese nabyo murabishyigikiye?kandi urugo nurwabantu babiri umugore numugabo,izo dictatures zabagabo rwose wapi,gusa twese twakiga koroherana no kubahana,kandi abagore nabagabo duteye muburyo butandukanye,umugabo ninkipasi igihe cyose ashatse imibonano ajya muri mood ariko umugore asabwa gutegurwa,kuko biriya bintu ni mubwonko,niyo mpamvu uzasanga abantu bamwe babavugiraho ngo niba mukagatare,kuko bamubwiye ngo hindukira agahindukira ariko mumutwe afite agahinda,umujinya cyangwa ahangayitse,imibonano irategutwa mwababyeyi mwe,kera abagore birwaga murugo akitegura umugabo muburyo buhagije,yirwaga ategereje ko umugabo nataha ariyo ngingo umwonko rero bwabaga buri tayari,ariko abagore bubu bafite nabo stress nyinshi,twese turahiga,rero niyo mpamvu mwese mugomba gutegurana,niba ufite akazi kagustressa umugabo agomba kukubera urutugu uruhukiraho kandi no muburiri bizizana,svp mujye munatekereza kumiterere ya muntu apana kugenda mukigare,sinshyugikiye abagore bingare babuza amahwemo abagabo,ariko nanone sinshyigikiye abagabo bumva ko ibyiza byose aribo bireba,ibintu ni magirirane,uwahawe urukundo ararutanga nawe,iyo umugabo akubashye nawe uramwubaha,ikindi hanze aha hari abagore bakoze ibishoboka byose ariko bikanga bagasenya,ubundi ngo ikintu kitarakugeraho ntumenya uburyo ukitwaramo,kandi buri rugo rugira uko rwubakwa,ntabwo ari copie and paste,ndubatse kandi mfite urugo rwiza kugeza uyu munsi ndarushimira Imana,ubundi hari ikindi kintu cyubaka umubano(communication nziza,respet ,kumenya uwo mubana nicyo akunda,kudasigana,isengesho riza mbere)urugo ni ishuri kandi uryiga ubuzima bwawe bwose,nkuko ubuzima ari ishuri.
@lynamusabimana8578 Says:
Umugore ndumva mukimufata nk'igikoresho??? Kandi nkumva Ari abagore babivuga. Umugabo akubwiye NGO hindukira ugomba kwemera??! Bite isoni. Umugabo aragukunda mugakora urukundo. Ntago Uri igipupe cya robot babwira bati hindukira. Iyi myumvire ni mibi. Kujya hanze cyangwa ibyo bits gusambana ubikora abona impamvu yo kubikora. None se umugore we agiye hanze yitwaje Ku umugabo atamuha urukundo uko bikwiye. Bite isosni
@nshimiyimanalazaro2121 Says:
Kuraje kbs, nimufashe abantu bose bafungure na ama tv, ubanza abandi bakine ama film ubanza ariho hasigaye amaramuko, byaba aribyiza cyane buriwese yihaye icyo ashaka bivuye kumitima myiza mufite.
@odilerugambwa8450 Says:
Nabakunze cyane izo n'inama nziza kabisa n'ubwa mbere nunvise abantu Baje batagutesha umuntwe 🙏
@Parfaite-p4d Says:
Njye kubwanjye sinshigikiye abagabo bagirana ibibazo n'abagore babo hanyuma mbere yo kubanza kubiganiraho ngo barebe uko babikemura Ahubwo bakimiriza imbere ijambo hindukira ku mugore utishimye ibyo bintu ni bibi cyane abagabo ni bige kwiyoroshya kuko abagore batanga imbabazi ( mbere ya hindukira banza umunezeze umubwireko yihangana kdi ko umukunda ikindi ko ibibazo mufitanye byose biraza gukemuka ibintu bikagenda neza. 🤝 ( Murakoze nihitiraga )
@kamikazijeanne4405 Says:
Haricy'umubyeyi avuze,mpita nibona neza neza ,mbeg'umubyeyi w'agaciro ,ndabakunze gusaaaa
@bellab1924 Says:
Ku gihe cyawe mama Nick umugabo yavaga mukazi ati genda mucyumba umanike amaguru ndaje.Kandi ukagenda wiruka ugategereza nkutegereje umwami.Iyo nzira y'umusaraba mwabayemo rero ntukumveko nabubu tugomba kuyicamo.Niba hari ikintu kibiha kibaho ni ugukora biriya bintu utabishaka.Ngaho reba umugabo uzakurira uri mumihango😭niko se muziko abagore tutari abantu nkamwe!Iki kiganiro kinteye umujinya ikimbabaje kurushaho ni ukumva ibi bivugwa n'abagore bakabaye bavugira bagenzi babo baca mubibazo nk'ibi umunsi ku wundi kugera aho bazinukwa ubuzima
@gajuujane8849 Says:
Nkunda ko m nic agira ikinyabupfura ntavuga ubusa
@roseuwase1616 Says:
Nanjye narakibonye
@rupyotosamunani6623 Says:
Umutima w infumbyi watanze umutwe w umusaza kumera invi wa mudame we uzi ubwenge niba hali icyunga umugabo n umugore nubwoburyo iyo akugereye kungingo ubona ntawumuruta kwisi aliko iyo yanze nubwo yaba Ali ikizubazuba uhita wunva urwangano rurushaho
@irumvankerabigwiinnocent6957 Says:
Mama nick. 👍👍👍👍
@nagabajoseline7133 Says:
Mama nick ndamukunda cyane
@nagabajoseline7133 Says:
Mama nick ndamukunda cyane
@alineirakoze3678 Says:
Mama uvugish ukur.knd nryasab imana izampe kumera nkwaw
@brn4504 Says:
Ndatwika!👍
@injishi1137 Says:
Mama Nick azi gutetesha saana. Nigeze kumutumira mukiganiro avuye igisenyi aca kuri nyirangarama utuzanira amandazi muri studio 🤣🤣🤣
@davygael16 Says:
Iki kiganiro kiri full of so many wrong things on so many levels!!! It should promote self respect and mutual respect kandi vyongeye nta kosa rikwiriye gutuma umuntu akubita uwundi, gender based violence is a NO NO no matter what!!! In 2021 really?
@uwasefiridaus5464 Says:
Iyo style ya mam nik yashyize kumutwe wagirango nutunyamasyo yiteyeho 😂 it frustrating really
@peruthuwabazimya8654 Says:
Gufuha sibyiza sinacyo kigaragaza urukundo sinijyeze mfuha nagato na phone y,umugabo sinyirebamo sinayitaho kd turakundana niyo yabarikuvugana n,umugore sinamenyako arimugore bavugana ibyo mbiterwa nikizere mugiriez.
@wilsonadamo6735 Says:
Sabin noneho iki si ikiganiro ni ivangiri
@Jackieuwe Says:
Ariko disi bano babyeyi ni abana beza ndumva abagabo babagize nka Spoiled kids😀 Ubwo se ntibiruta gushaka 2nd job🤦🏾‍♀️
@uyisengajosiane1259 Says:
Maman Nick, ndagukunda.Imana ijye igukomeza.
@uwasebetty6933 Says:
Maman nick ndagukunda cne uri umubyeyi mwiza kd wumusirimu
@charlyrutare5897 Says:
Hindukira so what???🤷‍♀️🤷‍♀️🤷‍♀️
@zuzu1421 Says:
Umugisha nuyu ,Sabin uzampuze na mm Nick
@tuyishimejulienne7026 Says:
mwakoze guhuza aba babyeyi bombi
@akimanajoselyine8319 Says:
Ariko sabin koko uyumusihoho agiranyegure noneho ngo kwanka guhindukira
@lillylilly33gpnd19 Says:
Téléphone cg ibyo byokwihumurizanya byo sibyo ako nanone ntimugashyire muburiri imbereeeeeee nkaho urugo ari muburiri gsa
@lillylilly33gpnd19 Says:
Maman Nick rwose🤔ngo ntiwaje kuba ururabo ? Nanone umuntu si ihene cg ipunda ngo baramwurira nkuwurira umugunguzi
@luciemakombe1436 Says:
Turabasuhuje
@luciemakombe1436 Says:
Ndazinduka koko kwa sabin Hahiye natanzwe😂😂😜
@Crazybouyhabib Says:
Accountability in modern women is rare. Mama nick muzamuhuze naba feminist bubu
@ingabiremaxime5780 Says:
Number 7,mama nick ndagukunda cyane urumubyeyi mwiza ,inama utugira tuzazikurikiza mubyeyi.
@Crazybouyhabib Says:
Yego rata. Old is gold. Reka abagore bubu.
@Thisis-to1jd Says:
Ibiganiro nkibi byonona urubyiruko ahubwo mugomba kwigisha uko umuntu yihangira imirimo mukareka kwigisha uko basambana.
@ingabirejackline1725 Says:
Indamukanyo yabana b' lmana nukuvuga ngo Yesu ashimwe ndabaramukije mwizina ryayesu 🤝❤🥰
@mindcleaner9290 Says:
Sabin wadushakiye Ambassador wabakonsomateri please 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@munyarugereroarianebertine5593 Says:
Mbaye uwa 5

More Abantu Videos