Amaze imyaka 13 Atituma | Abaganga nabo Byarabayobeye | Ategereje gupfa niko avuga yarihebye
Amaze imyaka 13 Atituma | Abaganga nabo Byarabayobeye | Ategereje gupfa niko avuga yarihebye
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@AfrimaxTV Says:
Hamagara Zamda 0783849852 niba haricyo wamufasha.
@emerenceuwamariya1958 Says:
Mutangire mukurikirane ibiganiro bya kanguka,azakira
@SolangeNtawuheza Says:
Mugerageze moringa murabe ko hari ico vyofasha
@لافل-غ8د Says:
Yooo😢😢😢birababaje cne mais nazarasenga azokira cnke azasengana na chris Ndikumana azokira bisaba kwizera Imana gusa nayubundi ntibitahuritse😭😭😭😭
@angeliquetesire8673 Says:
lmana ikurengere
@beniebenie232 Says:
Mwumve Kanguka ya Chris Ndikumana
@DavidIrankunda-s7f Says:
pole sana😢
@PPIERROT_NDANGURUYEIJWI Says:
Abagore nk'aba bakomera ku bagabo babo batakinjiza ifaranga, ni bake. Madamu ni uwo kubahwa
@sodrt6009 Says:
Mana tabarauyumupapa
@mariebetty1762 Says:
Mujye mwumva Kanguka azakira
@JohnIloko-ok7fn Says:
Gukora azakira nibiheragezo nimisenge cyane mbere yabyose
@niyobuhungiroepaphoroditte6077 Says:
Iyomyaka yose arwaye koko ubuse igihe mwirukiye mukinyarwanda ubu iyo mumujyana bakamusengera kweri? Wasanga arinzira yimana kugirango ibabone muve kwidini mwegere abasenga bamusengere rwose apfuye byaba aruburangare bwabayeho pe! Ngewe niko mbyumva mwaramutindanye cyane kuko ibyo arya bifite ikibimira nyine kikabyitwarira yakwituma ikise ?
@UMUCYOKITCHENTV Says:
Maze iminsi niga ko hari umuntu witumira munzira ibiryo biba byaciyemo, bisa no kuruka ariko bisaba kubisobanukirwa. Biyo igihe cyo kujya kumusarane biragaruka bigaca mukanwa.
@mahoganylove5757 Says:
I wish you all did these in english again.
@musabemariyajeannedarc243 Says:
Uyu muntu azakizwa no kumusengera, nubwo mwaba mutabyemera ariko niyo nzira ye yo gukira.
@AnnéeMarieNdoricimpa Says:
Nafate muri Kanguka azokira
@machin1-2 Says:
Manawe imana imukize kd niyo ishoboye byose
@uwasedivine53 Says:
😭 Imana igutabare 🤲

More Sinema Videos