Nta muntu ukurusha kurwara Justin. Wowe urwaye urwango, kandi uri gucuruza kubera kuvuga mama Charlene. Komeza ubasaze mama Charlene💪💪
@ntihanabayoisaac Says:
Ari Ako kagabo ngo ni juste kareshya nifuni iheze
@inspirationemp123 Says:
Mama Charlene nakomeze atsinde, afite uburenganzira bwo kwambara uko ashaka, akita ku bwiza bwe uko ashaka kuko ni uburenganzira bwe, naho kuba umugabo we yari yararushye abyimenyere icyo tureba ni ubutwari bwa Mama Charlene, uko abayeho n'uko akomeje kwitangira abana 5 wenyine nkaho yababyaye wenyine, nta mugayo buriya nawe wiyita Pastor ntumenya inshingano zawe, ni kimenyimenyi umuntu w'umugabo wirwa avuga abagore? wakabaye uva mu matiku ugakura amaboko mu mufuka ugakora. urugo niba rwaramunaniye si we wenyine rwaniniye nawe nturushoboye ni uko bitarajya ahabona.
Jyewe narinzi ko ubu Kristo buba ku mutima, butari ku mubiri cyangwa ibyo akora. Wewe Pasteur ucira abantu urubanza nkande?
@JOSEPHINENSENGIYUMVA-g5t Says:
Eşe Mama Charlene niwe mugore wenyine kuri iyi si niwe mugore wenyine yananiwe n’urugo, mbega abagabo b’amasutwa, wewe Pasteur vuga make nta mugabo uvuga umugore w’uwundi nawe ufite umugore, ibyabaye kubandi nawe byakubaho, umugore si uwo wabyaye ejo yaguhinduka wagira gute?
@JOSEPHINENSENGIYUMVA-g5t Says:
Mumbabarire ntabwo nshatse gutukana, jyewe ntabwo numva kugeza abo bantu bitwa ngo bakorera İmana ariko bakaba bibasiye Mama Charlene, niwe mugore, eşe Mama Charlene niwe mu Dame wambere wambaye ikanzu kandi iriya kanzu yarı yambaye yarı yikwije, kandi hariho abagabo benshi aruta ku mibereye ho nka single Mother. Namwe mubabajwe ni uko yagiye mu ndege bamwe mutarayijyamwo. Ivyo nivyo bita Jealousy
YOUTUBE COMMENTS