Harigihe cyo guseka nigihe cyo kudaseka biterwa nigihari sugupfa gusekaseka ubusa nanjye mba numva kuba serieuse aribyo byiza ugaseka mumwanya ubona ari ngombwa
@Nduwayo-h4t Says:
Ariko bene uyu mugore koko utazi kumwenyura na gato?
Umutima we uba uteye gute?
Ni agahinda gakabije kamurenze?
Ubu se koko umuntu ubana na we yakora iki ngo amushimishe?
Ahaaaa!
Nyirabayazana w'ibyabaye kuri VAVA na Jennifer, ni uriya munyamakuru wo ku RUGENDO TV w'ubunyamwuga buke wabakocoranije imitwe; azihane ingeso yo guhamagara umutumirwa, agatangira kumubaza ati: "uravuga iki ku byo nyirakanaka yakuvuzeho?" Iyo utangiye ikiganiro utyo, ukirangiza wakije umuriro hagati y'abo bantu bombi.
@esperancemukarutesi7606 Says:
Oya rata Jenifa, ntuzicarane na dorimbogo, ndakwinginze wakabyara we !!!!
Kandi nuwo ubiguhatira, ntukamwizere !!!
Gerad niwe utaguta mu rudubi gusa !! Sandrine uko abaza, abafite aho ashaka kukugusha. Ndakwikundira 😍
YOUTUBE COMMENTS