Salongo, jya kureba ikiganiro Tidjala Kabengera yakoze ku Isimbi tv, utubwira ko ayo mahano avuga ari abera Ibulayi cg Amerika
@MukobwaJeannne Says:
Ese salongo, ko numva ko abana bo hanze aribo banywa urumogi, ababa i Wawa baba bavuye he? Ni abava mu Bulayi? Wowe ntabwo uzi agahinda Ababyeyi bo mu Rwanda bafite kubera uburaya n’urunogi
@MukobwaJeannne Says:
Ngo babarimburisha amasengesho. Mbega Salongo, ushaka kuvuga ko umuntu asengera undi ngo agire urugo rubi? Ayo ntabwo ari amasengesho yumva n’Imana umukiza wacu Yezu Kristu
YOUTUBE COMMENTS