Ibyo uvuga bishobora kuba ar sawa arko ugaragaza kwiyumva
@Kglrun Says:
Taikun ushaka hit kuri melody arko uribeshya umuhungu yaragafashe kd mwemereko abo bahungu muvuga badakora
@cyatareyuhielyse9835 Says:
Tayikuni ibyuvuga nukuri tukurinyuma
@umwigisha Says:
Taikun nawe hano ni ukwishakira attention gusa! Ubu se analysis we yakoze uretse amarangamutima wagira ngo hari icyo bapfa, facts yatanze ni izihe?? Nawe wagira ngo hari icyo mupfa ni ukwigira umuhatari kd ndabona nta kintu wallah. Uziko ugiye kwigira nka Gentil Gedeon kuri Green P mn
Mn Rema Nawe ntabwo araba successfully kakiba muri lebel
@mazimpakayvan-rs7gr Says:
Taikuni iyi nibwa yabuze aho ikura
@IshemaVick Says:
Taikun , You are so genius brother,I like your truth❤
@ndayishimiyefulgence4550 Says:
Nari nsanzwe nemera uyu mutipe, gusa sinzi icyo yishingikirije kuko nziko abanyamakuru bose babatamika ngo bavuge neza uwo muntu melody amaze imyaka irenga 10 arwana nokwigereranya kuli ba meddy ese abo batipe iyi myaka icuma muratekerezako bo bari bicaye? Ese imyaka icumi yose bayimaze bashaka kujya kurwego rwa kinyusi? Man kutiga biraga melody mind ye iri very low ntimuka mugereranye naba batip
@JulesAim Says:
Melody ntabw ari smart ubanz ari byo!! 😅😂😂
@kennedyrukundo Says:
This Ghee Taykun niba ari nako babyandika he biased af... anyone whose been around in past 15 years in the Rwandan music knows Bruce is arguably the best musician Rwanda has ever seen.
Melody muramufana uziko ikiganiro cyose ari melody gusa aka kajama kuzuye urwango gusa kandi ni ubufu.
@thepipo250 Says:
Uziko uyu mujama ntakintu cye kizima kavuga. njya nkumva mu rubuga rw'imikino karyagaryaga ubundi ngo ni umukomediye none ngo ni analyst you can stop melody bro. Gusa uyu munyamakuru nawe ari hasi cyane.
@MubarakNsengiyaremye Says:
Ureba kure mn melody numwiyemezi uraho na mustar wirigwa mubugambo aca amazi bagenzibe the ben na meddy na balegendy
@sibomanacallixte1 Says:
Na tom close yarabivuze arko uyu mutipe areba kure👍👩💻
@Twigetwige Says:
Uyu muntu sinari muzi ariko afite package kabisa. Uyu ni we nshaka kujya nkurikira. Umuziki arawuzi. Avugisha ukuri kdi I like his confidence kuko ntiyitaye ku byo abandi birirwa bavuga. He wants to be himself..
@RwasiboRacheal-gp6kc Says:
Ark mana Irene turagukunda utuzanira udushya burigih kbx
@richmanofficial9769 Says:
😂😂😂😂 mpise nseka koko
@MugishaPaccy-by9zq Says:
This man is genius uyu niwe Twabuze kuva kera nanjye ndabyemera kinyusi yishira kuri level Itariye even na christopher ❤ aramurenze
YOUTUBE COMMENTS