Ubu kandi wasanga abivuga ati nziyahura mukamuha urwamenyo ejo yabikora ngo uwihishe ntaririrwa, cg ngo ni umurengwe ntacyo yari arwaye iyi ni dépression nta muntu ukora tentative de suicide atarwaye. Ahubwo nimukumire mumufashe naho ubundi amaherezo aziyahura ntabwo ari chantage
@inkotanyicyane6309 Says:
Uzajye kwa Makuza House niho heza. Humura nta muntu uzagufata rwose
YOUTUBE COMMENTS