Inkuru ya Kibeho nyuma y'imyaka 42 Bikiramariya w'Umubabaro atanze ubutumwa ku Rwanda
Inkuru ya Kibeho nyuma y'imyaka 42 Bikiramariya w'Umubabaro atanze ubutumwa ku Rwanda
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@NabakoozaRose-p4h Says:
Thank you Get English translator ❤😊😊
@MireilleTUYISHIMIRE-p3g Says:
Ave Marie vien avec nous!
@NyiramaboyiVestine-g3i Says:
Komeza.udusabire Mubyeyi
@EricNiyongabo-p2j Says:
dusabire muvyeyi Bikiravmariya twebwe abononyi ubu n'umunsi tuzopfa. Amen
@NkundabanyangaJoseph-p9q Says:
Ubukandi wasanga ababanyeshuri benshi barapfuye
@UwamahoroSuzannaMarieclaire Says:
Mubyeyi wacu narakububaje ariko mbabarira ungenderere umpumurize urabizi narahungabanye urabizi ko ntacyo mfite kndi Ngomba mugira ibyo nkemura byose mbishyize mubiganza byawe mubyeyi
@1122Al-i5q Says:
❤❤
@Nyiransabimana-j3g1p Says:
Mama wacu womwijuru udusabire tukubere indabo nxiza tugutuye ningozacu zirimoguse nyuka❤❤❤❤❤❤❤
@MUTUYIMANADenyse-e8w Says:
Mariya mwiza Nyina wa Jambo uturabo twawe utwiteho utumenye🙏🙏🙏
@MutuyimanaJoseph-i8l Says:
Bikiramariyaumubyeyiwacuudusabireturuga rijwe
@mukakananimariejosee4674 Says:
Iriya shusho ituma abantu batitira ntimukageyo , Itazajya ibambura inema n'ingabire Bikira Mariya aba yabahaye.Ntabwo ari Yezu Nyirimpuhwe tuzi ntabwo ariyo .Kibeho Ok,Nyarushishi non
@mukabuteraalphonsine1369 Says:
Ubutumwa bwiza bwa Nyina wa Jambo ntibugasaze 🙏
@NshimiyimanaJeanClaude-n4p Says:
R
@NiyonsengaJosiane-ug5zj Says:
Amen
@DieudonnéBigirimana-j7q Says:
❤❤❤❤❤❤❤
@MuhozaJeannine-r5j Says:
Muzadusonurire Aho ririya Riba rikomoka❤
@urumuri5548 Says:
Merci Maman
@NYIRAJYAMBERECécile-h1r Says:
Mu yeyi Bikira Mariya Nyina wa Jambo udusabire.duhe imbaraga dukomeze kuhira indabo zawe Mubyeyi mwiza
@tysonsam_1029 Says:
Bikira Maria ni umubyeyi mwiza turamukunda cyane ,ni umurengezi wacu ni umutabazi ni umuvunyi wacu ahora iteka adusabira turamukunda.
@JeanneNtakirutimana-m5b Says:
Amen 🙏😊
@sibongiriyeviateur2573 Says:
Bikiramariya❤❤❤❤❤❤❤
@JustinRueo Says:
Jackson Dorothy Jackson Jessica Gonzalez Joseph
@AhishakiyeEmmanuel-11 Says:
Mubyeyi wi Imana nu wacu udusabire Amen 🙏.
@marieassoumptamurebwayire1197 Says:
Mubyeyi wacu dufashe guhinduka byukuri ntaburyarya turangamire ijuru niho tuzakura umukiro wukuri.
@B-Y-N Says:
👏👏👏❤️❤️❤️❤️💒💒💒💒
@Laprincesse11 Says:
Amen 🙏 ❤
@uc8431 Says:
Ngo bikiramaliya w'umubabaro?uwibyishimo se aba hehe?,ariko ikibyoma kiragwira icya Mariya cyo kizarimbura benshi pe
@abajenezasolange6811 Says:
Mwakoze rwose kudukorera iyinkuru nziza rwose 🙏🙏🙏.
@abajenezasolange6811 Says:
Maman Wacu wo Mwijuru Udusabire kiriziya Ntagatifu irikurwannwa cyane, Ingo zirigusenyuka abavandimwe imiryango buzuye ubugome. Bikiramariya utuza Kandi woroshya udusabire Amen 🙏🙏🙏.
@uwamweziyvonne2504 Says:
Mubyeyi uturutira abandi Bikira Mariya ujye uduhoza ku mutima🙏Mwamikazi aho uba ni heza ariko kuhagera birakomeye Mwamikazi uzahatugeze.
@jeanlucbucana2282 Says:
Ngwino Mubyeyi wanjye umfate ukuboko mururu rugendo kuriyisi. Mperecyeza unshoboze wanjye. Ndakwinginze ntuntererane muribi bigeragezo ngusabye imbabazi Mubyeyi. Mfata ukuboko ngukurikire Mubyeyi wanjye. Merci cyane kunkiza irwara narimaranye igihe atari wowe simba nkiriho ndagushimira mubyeyi wanjye ko wahabaye Ngwino nubu uhabe kdi umfate ukuboko murugendo hano kwisi. Merci bcp. Kuri cadeau wampaye ndagushimira cyane nshuti yanjye mikuye kumutima. Merci bcp. Kumbera Maman,ndakwiragije Mubyeyi kdi ngutuye ibyanjye byose numuryango wanjye mbigushyize mubiganza yaba kano kanya yaba mumyaka yose Mubyeyi. Nkwisabiye amahoro yumutima atangwa nabijuru Mubyeyi. Kuba ngufite mfite byose neshereza Mubyeyi Ndakwinginze kdi unshoboze. Umuryango wanjye nuwumugisha suwumuvumo nkushyize mubiganza byawe nshuti yanjye. Nkuko nakurazwe na Mama nanjye nkuragije umuryango wanjye. Nkugushyize mubiganza Mubyeyi Bikiramariya uwumunye muri byose Nshuti yanjye. Murakoze cyane Maman Bikiramariya ukaba ninshuti yanjye bidasubirwaho,nakuvaho nkajyahe Mubyeyi oya ntaho. Ntibikabe na rimwe.
@jeanlucbucana2282 Says:
Mubyeyi wanjye Bikiramariya ndakwiringiye ngwino undengere umfate ukuboko kdi nkuragije numuryango wanjye. Turinde separation na Divorce nintonganya murugo. Ngushyize Lael wanjye mubiganza ngo umudukirize Mubyeyi. Merci cyane kubyishimo wampaye byo kubana numuryango wanjye ndakwinginze Mubyeyi wanjye komeza umpe kubana mumahoro numuryango wanjye kdi tubane hamwe nkweretse ibigeragezo umuryango wanjye uri gucamo dutabare nshuti yanjye uzane ibyishimo muurugo rube urwumugisha rurinde kuba urwumuvumo. Ndabashimiye mubyeyi mwiza ko mubikoze ishimwe ribe iryanyu nshuti yanjye
@chulo6457 Says:
Dokumentaire nziza!!!
@machanakintije7323 Says:
Ntibikenewe ko urinda kubesha muri titre ivyo turabikunda ubizanye tuzobiraba

More Imbuga Nkoranyambaga Videos