Minisiteri y'Abakozi na MINECOFIN binjiye mu kibazo cya RSSB cyo kuzamura amafaranga ya Pansiyo
Minisiteri y'Abakozi na MINECOFIN binjiye mu kibazo cya RSSB cyo kuzamura amafaranga ya Pansiyo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@umwugawacutwese4433 Says:
Ahubwo Bazaduh"uhayo Tumaze kugezamwo Nayo yadufyasha tugi Tekerez"icyo gukora
@BizimanaJustin-q8r Says:
Arko iyo umugore n,umugabo babona pansiyo Bose umwe akitaba imana usigaye ayafata yombi? Musobanurire?
@HABUMUGISHAEmmanuel-v3i Says:
Barangiza ngo uko nkubona ntabushobozi bwo guhemba Avoca ngo ntabushobozi bwo kuburana numushoramali yarangiza ngo twamugiriye inama yo kutishora mu manza aranga, rwose abakozi haraho tutabona ubutabera kd bigaragarako haribitarubahirijwe nuwize amategeko ubwe abyibonera kd arinayo mpamvu mubashyiraho ngo badufashe.
@HABUMUGISHAEmmanuel-v3i Says:
Ariko ko mbona amategeko abasobanutse mugashyiraho numugenzuzi wo kugenzura ko amategeko yubahirizwa kuki umuntu abagana mukamubwirango turabibona ko warenganye ariko ihangane ? Ese itegeko ryumurimo niryo mubitabo gusa? Ninde urengera umukozi mugihe umugenzuzi yifatanije numushoramali?
@mufashetvshow6706 Says:
Abakozi baragowe! Bazamuye ubwizigame muri RSSB ndetse batange na ejo heza. Uwo mushahara uzaboneka ku mukozi? Azatungwa ni iki?
@KWAKWAYONA Says:
ahubwo bigeze bakora survey yimishara muribyo bihugu ngo barebe konaho duhuriye kd izamuka rya charges zijyana salaries
@nyiranshutijeannette5076 Says:
Ba nyakubahwa bayobozi murimo kureba ku myaka 15 iri mbere nyamara mutagiye kure mwagahereye ubu kuko numushahara abantu babona ubu nawo ntujyanye nigihe turimo peee ikiza twabanza kureba kugihe turimo cyaba cyiza tukagira ikizere cyejo hazaza niyo pension ikazaba Ari nziza.Murakoze
@DusengimanaAnneMarie Says:
Ibyo bihugu byose uvuze biri hejuru ku mishahara y'abakozi , namwe niba mushaka ko pension yiyongera nimwongere umushahara bigere kurwego rwo hejuru , mwongere umushahara
@NzitondaJanvier-x5u Says:
Ibintu byo gu consideringer imyaka 5 yanyuma usoza akaz birashajj " nukureba kwiryo tegeko" mr.
@Tuyge20 Says:
Murabeshya ntanarimwe umukozi yahawe agaciro
@MonaID-h6n Says:
Nyakubahwa H.E ni wenyine wazamura umushahara wununyarwanda ntaho abandi iyo bahaze ntago bamenya rubanda rugufi , kuko abarihejuru bumvako bimeze neza . uzazigama ayo udahembwa?
@havugimanalambert1702 Says:
Mwongere umushara fatizo na rssb yiyongere kuko nimugabanya n'agashahara umukozi yabonaga n' ibiciro biri aha ngaha ku isoko , ntumva ubuzima buzagorana pe! Gusa igitekerezo cyo kuzamura pension ni cyiza cyane
@Hello-g5r Says:
BARATUBESHYA NGO BAZAZAMURA IMISHAHARA AHUBWO BAGAKORA UKO BASHOBOYE BAKAYIMANURA. URU RWANDA BAVUZE KO ABANYARWANDA BATIGARAGAMBYA NONE BARASHAKA IMPAMVU ZOSE TWABIKORA. ICYO BITA CAPITALISME NI UKO ABABASHA KUBAHO ARI ABAFITE CAPITAL GUSA MUREKE TUREKE UBWOBA RWOSE BIRI KUBA TOO MUCH, BASI NJYE NIMFA ABANDI NTIBAZAPFA
@venustemfashingabo5644 Says:
None ko bitwazaga ngo Ejo heza yaje kunganira ubwo bwizigame bwa pension ibyo bindi bije bite,nibadushakemo igishoro bicecekere,inshingano zo muri pension ntaho zihuriye nizo umuntu aba arimo atarayinjyamo dore ko aribwo abana baba bari mu mashuri
@uwamahorovalens654 Says:
Mwagatekereje kuri contribution mushingiye ku mushahara bahembwa ariko?
@123moses-d1 Says:
Ahaaaa imana iturengere pe
@biziyaremyeaimable9512 Says:
mugabanye imyaka nibura uwari umukozi ahabwe pension kumyaka 55 nibyo byapfa kugra akamaro
@nsekanabosylvestre975 Says:
Hanyuma ibyo bihugu ko mutubwira % bacontributing ntimutubwire imishahara bahemba??????????????
@NshimiyemunguNestor-f6m Says:
Mutubabarire pe! Turatakambye, ku isomo birahenze, kubaho byanze, Nyakubahwa natuvuganire. Niwe wenyine wo kuvuganira rubanda rugufi.
@NshimiyemunguNestor-f6m Says:
Ariko ninatwe duhembwa make? Ayo muyavane muyacu mwashoye mu bikorwa byinshi bibyara inyungu tujya twumva. Murakoze
@zuzukadafi7372 Says:
Birababaje kuba abantu nakorera ikigo kimwe , bamberwa dimploma zongana , bahembwa amafaranga atandukanye , erega mwe muhembwa menshi
@zuzukadafi7372 Says:
Ko mutongera umushahara se mubona , twe ikiguzi cy'ubuzima kitagoye ! Umukozi uhembwa munsi ya 300000 mubona yabaho Koko , ntanzu , n'ibindi nkenerwa ntabyo.......... Mwongere imishahara kbs
@MamboSawa-h8r Says:
Erega twiteganyiriza no muri ejo heza kandi simvuge ku gahato. So tuzaryayo
@twagirayezuinnocent3714 Says:
Kuki se mushaka kugendera kubandi Harubwo duhuje amateka Muvuge ibyacu mureke Tanzaniya kuko bo bashyira hamwe nta macakubiri bagira ariko twe turacyarwana ningaruka zo kuba mugihugu kimwe tutari bamwe Ubu nibwo twarimo kubaka ubumwe twiga gukorera hamwe ubwo MINUBUMWE YAJE WENDA NKA 2050 NIBWO TWAZATANGIRA KUREBA UKO twazamura ibyo mushaka kuzamura mbere yigihe ngo nuko mwarebeye kubindi bihugu bisanzwe byaradusize
@jeanmariebucyana175 Says:
Nkunze ko muvuze izo mpamvu zose zagize ingaruka ku bukungu kandi ingaruka zikagera cyane ku mukozi! Gushingira kuri rate ngo ni ntoya na pension ihabwa abayigenewe ni ntoya, ariko se izo nizo indicators zikwiye kugenderwaho?
@RealMarketing365 Says:
hhhhaaa!!! MBA numiwe kbsa Gusa umuhanzi BONEHOMME. hari indirimbo YAHANZE ivuga kubahaze mayonnaise n'imigati ,. ,,, UBU YONGERE AKORE N'INDI NDIRIMBO NSHYASHYA YABAFATA IMYANZURO NKIYI KUKO NABO HARIBYO BABA HAHAZE BIRI KUBAKORESHA😂😂😂
@NiyomuhozaMarieChantal Says:
Ese ko ibiciro bizamuka ku isoko umushahara ntuhinduke mutekerezako umuntu utunzwe n'umushahara ubuzima bwe budahinduka? None muti pension izamuke mutekereze no kuri income
@uwimanikundajoyeuse8322 Says:
Nonese kuki mufatabimyanzuro ku mishahara y'abakozi nta uruhare bayifitemo?
@deliceujeneza1423 Says:
Ese uko guhabwa pension itari nziza RSSB ntaruhare ibifitemo imishinga yashoyemo iyo contribution igahomba yo yarayagaruje cyangwa irigushaka kuyagaruriza muri contribution zabanyamuryango? Mwongere imishahara cyane cyane yabakozi ba leta bari hasi kuko yo ntijya iva aho iri niyo mwongere ye mwongere abasanzwe bahembwa amafaranga asa nkaho ari menshi kuruta umukozi wo hasi.
@uwimanikundajoyeuse8322 Says:
Intiti 'igihugu cyacu kweri nonese uvuga ko nonese umushahara wo ubu ujyanye n'igihe?
@IribagizaHyacinthe-l4p Says:
Impamvu ni uko imishahara yanyu iri hejuru,mufashe nabandi maze ubundi mukate.nababwira iki.
@NzamurambahoAaron Says:
Murakuba numushahara se?
@Tesih Says:
Niba ari for future purpose increase salaries bijyane
@Tesih Says:
Niba muri karaisinga contribution by referring to other countries…then there you are wrong!
@twagirayezuemmanuel8651 Says:
Solution,urubyiruko rwinshi ntakazi rufite yaba Ari muri formal na informal ,muruhe akazi,hanyuma murebe ko iyo 12% batayitanga.hanyuma mu stablize izamuka ry'ibiciro kumasoko,kugirango ubuzima bwiza burusheho kuzamuka,kuri Bose.Naho ubwayo high inflation yamanuye hasi agaciro kumushahara
@nshimyumurwavalens7800 Says:
Erega mwa banyabwenge mwe bacu batureberera , ntago mukwiye gufata reference kubihugu bindi nka za Ethiopia, ... Kuko umushahara fatizo muri biriya bihugu murikureberaho nta nahato uhuriye n'uwa hano mu Rwanda,. Ikindi ireme ry'ubuzima muri ibyo bihugu murikwigereranyaho, riri hejuru cyane kuruta hano mu Rwanda!!! Rero mwemereko nka RSSB mwakoresheje nabi umutungo w'abakozi bizigamye kuva cyera: urugero: murebe amazu afite agaciro k'amamiriyari akayabo yabuze abayakoreramo kuko arahenze cyane, ibibanza byinshi kandi biraho bitinjiza murumva amaherezo ari ayahe ? Ese murigukwepa ingaruka zatewe n'amakosa yakozwe mubyegeka kubagenerwa bikorwa !!! Mwekubeshya mufite imikorere mibi yo gukoresha nabi savings za RSSB , so rero mbere yo kuzamura uwo musanzu hakwiye kubanza kubaho kuzamura imishahara y'abakozi munzego za leta n'izigenga 🤷
@info-n6i Says:
Economy irikugwa pe!!!mfite ubwoba bwa bankrupt !!!!abakozi ba folmor sector ni 9% gusa??? Ni hatari nukoroshya politics
@o.g4973 Says:
Mube mureste rwose
@Nyirimigabojerome Says:
Icyo mbona bizazamura igishoro cya Rssb kugirango imigambi yubucuruzi mugira igerweho ariko sinibazako haricyo uyumunsi bizamfasha numukozi? Ahubwo nibaza Aho abadepite baba bakabaye bazamura ijwi ryabo tukumva Aho bifasha abo bahagarariye
@Nyirimigabojerome Says:
Ariko muyobozi imibereho myiza uyihera kuki waba Uzi abantu barya kumunsi rimwe kumunsi kdi bakora kubera ibiciro byokwisoko?
@Nyirimigabojerome Says:
Okay reka twumveko turihasi imishahara iriho yashyizweho ryari?
@SHYAKAEnock-bz2ig Says:
Murakoze cyane banyakubahwa bayobozi nibyiza rwose ariko mwongere imishahara no kubakozi muri sector zose cyane cyane munzego zumutekano
@ndatimanajeanpaul9805 Says:
Kuba uri umuyobozi ukavuga ubusa bibabaza rubanda mwebwe muteganyiriza umuntu uburara ngo!!!!!!😢
@VON-g4yikundabayoosee Says:
Nyabuneka ibyo mube mubiretse kuko nubundi dukeneye kwishyurira abana minerval kd tuzajya muri pension abenshi ntabana dufite bishurirwa amashuri
@gasanajames6459 Says:
Minister wa minecofine aravuga ngo 6% k'amafaranga make, ntabwo aribyo,bizigamye 1$ ry'Amerika rivunja 500frw,ubu 1$ ry'Amerika 1450frw.nigute muvuga ko mutanga amafaranga make Kandi barizigamue amafaranga afite agaciro, urugero umuntu wizigamiye 200000frw yagura ikibanza kibagabaga mu mwaka 2000,ubu ikibanza cyaho kiragura angahe? Aya mafaranga 200k yaracuruzwe .kuki mutajyana n'igihe ngo mutange ajyanye n'igihe ntabwo gukuba2 ubwizigame byakemura ikibazo.ahubwo niba RSSB Yaracunzwe neza Yaracuruzwe neza,kuki mudatanga ajyanye n'igihe.niba RSSB itanga pansiyo itajyanye n'igihe byaba ari akarenga ku bari muzabukuru 😢😢😢.
@nzigiyabagabotheoneste8177 Says:
Ese u Rwanda. Mugereranya n,ibindi bihugu koko. Muzi ikuzimu uruvuye bara imyaka 30 ubone kugira icyo ugereranya ese koko amafaranga Agaciro yara fite ni ko agifite? Ushobora kuzamura amafaranga ariko production umeze ite koko ? Ese imishahara. Murayiza mura ? Ok ariko biremereye umuturage bibateguria aheza kuko mufite n imishahara myiza murabikora nta kundi
@ndayisabajeanpaul7032 Says:
Erega nayo mafaranga muhemba abakozi nubundi yajyiyeho muruwo mwaka muri kuvuga , mubanze muzamure umushahara nawo ujyane nigihe
@prosper2196 Says:
Mwabantu mwe ntimworoshye Pe mukomeze mubyige neza ariko mufatira kumuntu uhembwa ducye kko natwo tutamuhaza
@rukundobernard5492 Says:
niba umukozi akora agahembwa amafaranga aguze agafuka kamwe ka kawunga murumva azageza imyaka ya pansiyo koko nayo mugiye kuyagabanya? mwakazamuye umushahara ubundi niyo % ikazamuka.
@emmanuelieuwamahoro8024 Says:
Abanyarwanda twaragowe Koko! Harya tuzahora dutekererezwa gusa nk'aho nta bwenge tugira? Nta mpuhwe na nke mudufitiye muge mukata ibyo mushaka muduhe ibisigaye. Ese buriya ko mudukata na ejo heza usibye ubusambo murabona bitumariye iki? Imana yo mu ijuru izatwitabarire!

More Imbuga Nkoranyambaga Videos