Nonese ko muri tuelive mutashyizemo ttc abahashojebo mubavugaho iki?
@augustinnzigiyimana2807 Says:
Hari ibigo by'amashuri yisumbuye ya Leta bisaba ababyeyi gutanga amafaranga yo kwishyura umuforomo wita ku banyeshuri n'ayo kunoza imirire, ibi MINEDUC ibibona ite? Ese birakwiye kdi ku bigo bike bidakorera mu kagwa kabyo kihariye? Mudusobanurire
@emmanuelndayisenga1502 Says:
Kuriyomyanya
@emmanuelndayisenga1502 Says:
Nibiki bizaba bisabwa
@nzabamwitaemmanuel458 Says:
Muraho.Hari abarimu bafite Ao mu burezi mu mashami atandukanye, ariko bakaba bamaze imyaka myinshi bigisha muri primaire,ese bo ntibafashwa gushyirwa mu myanya nkuko bagenzi babo bigishaga, babonye buruse bashyizwe mu myanya.Byadufasha natwe gutanga umusanzu wacu muri secondary,no kubona ku byiza bihabera (Kobona umushahara wo ku rwego rw'amashuri twize,dutegerezanyije ibyiringiro). Murakoze
Ikibazo cya school rehabilitation kitabweho .Minister Valentine yakuyeho urihare rw'ababyeyi mu burezi ngo Leta niyo yubaka ninayo isana.Sinzi niba Leta izabivamo.Ubu amashuri aherutse capitation mu kwezi kwa 6/2024.Ubu abazamu ,abakora isuku babayeho bate?Mwumva Ht we yabikoraho iki?Dukeneye sustainability muri Education yacu atari uko buri Minisiteri uje asiga umuzigo we abandi bazatwara igihe.Ubu ibigo birimo bisenyuka ,ibifite umwanda HT arakora iki?
@athanasendagijimana9699 Says:
Umwarimu wize akaba yigisha isomo ry'Ikinyarwanda na we azakora ikizamini cy'Icyongereza? Byaba ari byiza byamufasha kukimenya no kuba ya yikigisha bibaye ngombwa.
YOUTUBE COMMENTS