INAMA Y'UMUTEKANO(S2EP9): Abakorera Perimi bibwa n'Abigisha imodoka Abapolisi bahagaze aho!????
INAMA Y'UMUTEKANO(S2EP9): Abakorera Perimi bibwa n'Abigisha imodoka Abapolisi bahagaze aho!????
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@bizimanasamuel4120 Says:
Baratwiba baranyibye umva Police nuko ntawavuga wagirango niyo nyira ama Auto Ecole. Mushaka ingere mwareba kukigo cyamamaza cyane ibyo kivuga nibyo gikora biratandukanye. Permit ihenze kurusha.....
@kwizerajoseph4589 Says:
Murakoze kuko mwafashe umwanya wanyu mukavuga ariko ntekereza ko umunyamakuru uzana Topic runaka aba akwiye kuba afite amakuru ahagije kuriyo. Ni ikibazo kuba utazi gutandukanya ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS) ndetse na N'irishinzwe gukoresha ibizamini no gutanga impushya( TL) senior journalist murababaje kweri.
@felixbienvenue1348 Says:
Ubundi bikwiye guhinduka nta kizamini gisaba kuzuza 100% pe . Polisi ikwiye kuvugurura umuntu akajya asubiramo icyo yatsinzwe
@jbbayingana2348 Says:
Nibwo nabona Umunyamakuru utazi gutangukanya Traffic Police n'ishami rishinzwe gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga Bwana munyamakuru wabanje ugashaka amakuru koko
@felixbienvenue1348 Says:
Erega no mu Busanza naho nuko bigenda ( Busanza Examination center ) aho utsindiwe ntacyo usubizwa . 50 k ubundi ni menshi kuko ayo akodeshwa imodoka umunsi wose .
@lunalaurent13 Says:
Ewana iyaba ikkbuga cya busanza cyubakagwa muntara nkuko controre teckinique zubatswe
@lunalaurent13 Says:
Erega ni ruswa ihibera gusa ugasanga umupolisi ngo utwaye nta vitesi akabaza uwinyuma ngo uyu wamuha permi kdi urikuguha Ibizamini mwicaranye imbere akabaza uwinyuma
@mudakikwamodeste2957 Says:
Gusubirishamo ibi exam byose no muli kaminuza zone hasubirwamo icyo watsinzwe.ko mbona lsuzuma bumenyi muli kaminuza zone badatangira diploma kukubona100% ndetse nimirimo iri sensitive cyane kubuzima brabant kubuganga gutwara indege bagombagutsindira ku 100%?biriya bi exam babyigye neza naho ubundi amahirwe yokubona permit burya atuma abantu babona imirimo.
@uzamer2005 Says:
Abaturage baragoye ibitwara amafranga ni byinshi
@twagiramunguvicent-z6f Says:
Mrng mu rwanda nta iriba rya peterori tugira nibi koresho byi modoka birahenda ni mukora inkuru muge mwegera abo mugiye gukoraho inku ntimugasome ngo musoze mubaye abashinja cyaha nabacamanza murakoze
@JamesJep-h4n Says:
Na toilet bayishyuza ijana uko ugiyeyo
@JamesJep-h4n Says:
Murakoze cyane kuriyi nkuru
@HarindintwariBenoit Says:
Ibyo muvuga nukuri,kuki umuntu atsindwa ikizami kimwe,mubizami bine ukaba uratsinzwe hose? Ikindi kuki buri kizami kitagira amafaranga yacyo,ikindi kuki buri kizami kitahabwa amanota, kwijana?
@yizerevalensyv2503 Says:
Urebye icyo ba mtn na airtel bayubwira ngo ni 4G baduha wakigereeanya na 4G iba kuti izi sim zijya muri router ntaho bihurira pe ndavuga izi zitangirwa na 077.... Nta mahuriro pe niba ugirango ndabeshya uzafate sim ya 078....uyikorereho live stream uzambwira rero bareke kuduha 3G bayita 4G
@VigosRwanda Says:
Ngewe nakoreye i karongi , ngiye mukizami barabyanga kubera indangamununtu, banga no kunsubiza ayo mafaranga kandi ntakoze. Nabonye ari akarengane mbura icyo nkora nuwo nabaza 50000 fr barayarya ndihangana. Murwkoze kubivugaho.
@leonidashashakimana4745 Says:
Iyo ni imikorere mibi ya #RURA na #MIFOTRA
@habiyaremyejeandamascene Says:
Mufite ukuri,ariko si benshi bagukunda. Byangiza inyungu za bamwe. Rero bikomeje kugorana.
@TheBestRealEstateinKigali Says:
Iki nikibazo gihefite icyuho ariko bizakemuka, gusa byagakwiyeko imuntu natsindwa ikizamini Runaka yakomeza nokubindi noneho ibyo yatsinze byose bakabimuhaho amanota, inyo yatsinzwe bakabyandika ubutaha akazaba aribyo aheraho icyogihe byakuraho akarengane kababantu bishyuye yose bagataha kwikubitiro, cyangwa ibyo byanze bagafata umubare wamafaranga umuntu aba yishyuye bakagabanya umubare wibizamini, niba urugero ari 50k kukizamini cyose kikaba kigizwe nibice bitanu, ukagabanya gatanu utsindiwe kucyizami cyambere agatanga 10k,utsindiwe kucyakabiri nawe 20k, utsinzwe kucyagatatu akishyura 30k kucyakane 40k icyagatanu akishyura ayuzuye. Bizarebweho mubushishozi narebe icyo babikoraho. Abraham Munyankumburwa
@NtagandaThiery Says:
Utuvugira ibintu
@NtagandaThiery Says:
Joseph
@AFRIVISTAnetwork Says:
Ibisambo Gusa ngo imodoka ukoreraho ni 50 muri 30min kandi kwiga isaha Ari 10k Ikizamini watsindwa kimwe ugasubiramo byose Narumiwe
@HealWithProvidence Says:
kabizs iki kiganiro polisi igihe agaciro
@mukundaalbert7237 Says:
Ariko Joseph kuki mwirengagiza ukuri kwibyo muzi ayo mafaranga 50 kuramo Ebm ese uziko icyo kinyabiziga nta essence cyakoresheje nonese uwo mwarimu ntahembwa ibyo byose utekereza ko biva muki hanyuma se iyo wiyandikishishe gukora exam haraho baba baguhaye details zacyo muri system uri kwiyandikisha rero ntimukajye mupfa kuvuga ko biba exam zigira details iyo uri gukora
@richardhaburukundo309 Says:
Murakoze bantu beza kuvuganira umuturage nonese uretse trafic police, ubundi wagize ngo abatsindwa bose bakorera impushya zo gutwara imodoka ni uko batazizi! Ahubwo jaba hagenwe imibare ntarwngwa kugirango umuturage akomeze arenganwe nyamara ntibareba Aho akura ubwo bushobozi ko barimo bamukenesha. Naho se ujya kumva ngo Banque ynungutse miliyali 30 mugice cy'umwaka wagize ngo BNR ntiba ibonako Ari inyungu z'umurengera ugiye kwishyura umusoro muri banque cga wishyura umuntu ngo urenzeho 2000 bya service ngo kuko idafitemo compte Kdi ishyira kuri compte y'umukiliya wabo Ayo azabazwande?
@jeanpierrebigirimana1493 Says:
Turabemera muduha amakuru asesenguye neza, ariko muri publicite muduha amakuru yigice
@SekonzizaAnge-l2g Says:
Reta nidufashe nahubundi twarumiwe pee ishyireho imisoro ingana na 60%kugirango igihugu kiyubake,nibagabanye urwunguko kuribibigo babizamurire imisoro
@SekonzizaAnge-l2g Says:
RRA ihabwa 10000 ya EBM center sit Examine ihabwa 10000 Demarage 10000 ivatiri 20000
@JEANPAULTWIZERIMANA-s6c Says:
Ibyo bintu bya permit ntamakuru mubifiteho muzaze muma auto ecole mubaze neza mubimenye naho ubundi ndumva ntamakuru mufite rwose, murakoze
@intekerezo2023 Says:
MTN iratwiba kenshi... RURA yo ishobora kuba itakibaho!
@intekerezo2023 Says:
Ibi bya Permit mwakabibajije Police,RURA,MININFRA
@TWAHIRWAJeanClaude-b7s Says:
Police iba ireba ko ufite facture ya ibm ko leta yinjije 18% y'umusoro
@nyiransanzabaganwacouncill3881 Says:
Ntabwo uzi iyitwa 4G,ngura iya 5400f bakwerekako imara ukwezi ariko nta na 15 Jours imara
@yizerevalensyv2503 Says:
Numiwe ngo ku mafrw tugira amashanyarazi ngo habaho 0.3% ya RURA ni gute duha amafrw ikigo cya Leta?
@yizerevalensyv2503 Says:
Mb zo muzihorere mba mbona ziriho ariko gukora byo ni ikibazo iragenda bunyamasyo
@intekerezo2023 Says:
Moapu Energy twayisanga he?
@yizerevalensyv2503 Says:
Wa mugani polisi yabura imodoka zo gukoresha mu bizamini ko njya numva cya kigo gikoresha ibizamini gikoresha ikoranabuhanga gikoresha imodoka za polisi ko Ari nazo z'aba zizewe mu buziranenge
@yizerevalensyv2503 Says:
Wa mugani polisi yabura imodoka zo gukoresha mu bizamini ko njya numva cya kigo gikoresha ibizamini gikoresha ikoranabuhanga gikoresha imodoka za polisi ko Ari nazo z'aba zizewe mu buziranenge
@CyusaIradukundaOliverMoise Says:
Ibizamini byo gutwara bibamo ubujura buteye ubwoba ariko abakabuciye nibo babuhagarikiye kandi uzakurikirane umenye ngo kugorango icyibuga cyemererwe gukorerwaho ikizami
@nzamurambahoemmanuel667 Says:
Ese ubundi kuki utsindirwa kuri demarage wazagaruka ugahera kuri 0 kuki utasubiramo icyo watsinzwe???
@ishimwechristophe7345 Says:
Turabakunda muzamvugishe mbahe amakuru ya permit
@Mwalimualberttvofficial250 Says:
Nubu ntutegekwa iyo ukoresha. Kuko Umwarimu wakwigishije iyo Imodoka yawe yujuje ibisabwa Niyo ukoresha.
@nzamurambahoemmanuel667 Says:
Mwe muracyavuga ibya permit twe twarahoze!!
@yizerevalensyv2503 Says:
Ko mbona ba auditors Ari bakw ayo ma miliyari yose bayakoresha iki?
@Mwalimualberttvofficial250 Says:
Nkunda Ibiganiro byanyu ariko ibijyanye n'Amafranga y'ikizamini ni ugukodesha Ikinyabiziga, ntabwo byashoboka kuyakoramo details kuko atangirwa EBM hamwe rero ubwo na RRA ntabwo yashyizemo ibyiciro. Ikindi Abapolisi Muvuga baza Gukoresha Abakandida, ibyo kwishyurana babireba mu rwego rwo kugira ngo hatagira ukoresha atishyiye akanyereza Umusoro.
@Ntakaziraho Says:
Mukomere cyane amakuru nubusesenguzi byiza courage kabisa.
@ingabiredomina2283 Says:
Ubusesenguzi bwanyu ndabwemera
@primefils Says:
Polisi nitekereze uko ugiye gukora icyizamini yazajya ajyenda yishyura ikizamini agezeho
@NshimiyimanaAugustin-l2m Says:
Ndabakunda
@TUYISENGEThomas-n1h Says:
Muraho ndabemera.kbs

More Politiki Videos