Hahah!
Ubwo abanyamuryango 540 bazaba abande?!
Mu masomo yigishwa ntihongerwemo UBUGEGERA! Ahubwo hongerwemo GUKUMIRA no GUTAHURA UBUGEGERA.
Niyo mpamvu mbona iyi 'case' n izindi nkayoi zikwiye kwigishwa mu mashuri.
Murakoze cyane!
@hilarybutera599 Says:
Ese Joseph ko aba avuga asa nkaho yariye Urusenda aba ahuta iki di?
@lateam4962 Says:
Ikiganiro cyari kiza ark mugerageze kibe gito kbs at least one hour is enough kbs
@christinemukakabayiza5252 Says:
Ariko ndumiwe Joseph we,ubu module y'ubugegera izategurwa nande Koko?
@mendezapoccalypto7534 Says:
Murakoze cyane Joseph. Congrats ku guterimbere. Gusa find an appropriate modern plateau also get an interactive background couple of smart TV, kuburyo in yo background hagya haca utuntu turi interresting tu gyenda tu Garuda tugaruka nahubundi…isi yabaye digital rwose, iyi design muri za 95, 96 aho well and good ariko in 2025 digital era…well no hate n aka nama gato s ugusebya.kumeza utere imbere.
Banyakubahwa Josephs na vanessa Nur ntiyasheshwe na Lwakabamba umushinga wo kuyisenya wazanywe na Papias wayoboraga SFB ashaka ko ngo nayo igira ijambo,Lwakabamba ntiyabishakaga kuko babanje kumujyana Mininfra ngo bakore projet yabo. Icyo kibina cyitwa caisse d' entraide de butare ibamo nabakozi ba CHUB na CHUK
@hakizimanathomas7195 Says:
Ariko niba na Gashegu kuko we arscyabaragiriye(Gashegu yubahwe)
Is my opinion
@AubinBake Says:
Izontinti ko ari injajwa
@habumugishaeliezer7198 Says:
No mu kazi dukora, wa ngaja Umukozi warangije licence muri Economy, or accountancy, ugasanga abana bikorera imizigo baramwiba akagira igihombo inshuro2 ugereranije n'ayo yacuruje, wamubaza ngo aguhe ibisobanuro ukabona ntazi ibyo aribyo ahubwo agasa n'urota ku manywa y'ihangu, bikarangura atanze rapport ivugako ko nawe atazi uko byagenze. Kugirango Igihugu cyacu kidakomeza kugira ibibazo by'izi ngegera zipanga kwiba muri buri project, mu masomo yacu hakwiye kwiyongeramo management ya Society yakuriye hanze mu muhanda
Joseph ndakwemera Analyse yanyu iri ku rwego rwo hejuru, niba mu mashuri yacu hatongewemo amasomo yo gutahura ubugegera, tuziga dusohokane za PHD, ariko abana bo ku mihanda baturangize mu masegonda, mpamya neza ko n'Abayobozi bacu birukanwa mu kazi benshi baba barize amasomo asanzwe, ariko mu kazi kabo bagahura n'Inyeshyamba zakuriye ku mihanda zikaba challenginga mu kazi bashinzwe, nabo ntibabivumbure bikarangira babuze ibisobanuro batanga muri Gvt
@ubuntu18800 Says:
Byose byapfuye umunsi yandikwa nka business company,yagombaga kuba social enterprise, ikirinda kujya mu bucuruzi busanzwe,igakora ibyo bya education,health ,...nyuma yazamara gukomera,igakora pertinership n'inganda ikaba monopoly supplay,ba bacuruzi bayigiriye ishyamba bakayibona nka supplier aho kuba competitor, cg bakareka bakareka iyo competition
@Gazg7725 Says:
Ubundi bakora ibyandiko mvugo bakandika liste yabanyamuryango bose bagasinya ko bemeje président ubahagararoye niwe asinya wenyine.
@kaberaericdeo118 Says:
Ndumiwe pe! Byapfuye kare mu iyandikwa rya campany
@Bolingo-c2i Says:
Nkunda ijwi rya Vanessa.
@numuhozai3949 Says:
Jose, buriya rero Imanzi yarigamije ikintu kimwe rukumbi. Abantu benshi wasomye bagiyemo avec bon fois bacyeka ko ari ibintu bizabagirira inyungu ariko nyamara harimo abantu bacye baribagamije kwiba amafaranga ya mituele. Yewe ibi bintu haricyo mbiziho rwose, harimo umugambi uteye ubwoba.
YOUTUBE COMMENTS