INAMA Y'UMUTEKANO(S2EP25): Ibyaberaga kwa Yezu Nyirimpuhwe binyuranye n'igitekerezo cyatumye habaho!
INAMA Y'UMUTEKANO(S2EP25): Ibyaberaga kwa Yezu Nyirimpuhwe binyuranye n'igitekerezo cyatumye habaho!
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@MukeshimanaMarieRoseNdakaza Says:
Muzi kwitegereza.
@ndorimanaemmanuel4168 Says:
Ni ikibazo rwose ibikorwa byose itorero rigiye gukora fr ava mu bayoboke bakwirukana mu idini ntibaguhe imperekeza kweri.
@gabiroathanase4386 Says:
Padiri yari uwo muripologne ntabwo Ari Espagne
@nkunzimanajeanclaude2296 Says:
Amajwi ntabwo asohoka neza nkuko bisanzwe. Mukomeze umurimo
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Urebye uburyo abaturage bavunika berekeza muri ririya sengesho kdi ntibanabwirwe yuko naho batuye Imana ihari kdi ibazi wakwibaza ikibazo kigira giti"kuki abayoboke b'amadini bigishwa ibitangaza gusa aho kwigishwa ukuri kw'ijambo ry'Imana Yesu yabwiye abigishwa be ati" nibababwira yuko ndi kuri uriya musozi ntimuzageyo kuko ubwami bw'Imana buri hagati muri mwe ikindi ntabwo byagora kiliziya kuba yafata buri tariki runaka ikazajya ikorera ririya sengesho buri karere uko ari30? kuko n'ubundi usengera abo bantu ntaho atagera kuko uburyo burahari dore yuko na nyiri ubutaka baturanye atarimo kumvikana na kiliziya?
@Handling-X Says:
Iyo kiriziya ibajijisha ko itqbatera inkunga kandi ifite ibifaranga yegeranije guhera muri moyen age?
@Handling-X Says:
Yezu Nyirimpuhwe imariye iki abanyarwanda?
@NABAHIRE-h8b Says:
Nonese kubabafite ama etage bigutwaye iki? Uzagende baguheho uvuge make vuga ibikwiye mucukumbuzi we
@NABAHIRE-h8b Says:
Mubusesenguzi bwanyu mujye mubanza mucukumbure Gerard ngo ntiyari umuki? Haruguru wariwamaze kuvuga uwo yariwe mujye mwitondera kuvuga bavandi
@J.A.F5022 Says:
Icyacumi cya leta ubanza aricyo gicyenewe
@J.A.F5022 Says:
Cg leta hari imisoro irigishaka
@DushimeTharcisse Says:
Umuryango muri Abahanga kbs ❤
@emmanuelTuyisenge-w4b Says:
Nukuri musigaye muri babavugirije ubu koko mukibaya harahantu nahamwe hari igiti muri kiriya kibaya koko namwe murasetsa peuh ubukererugendo bushingiye kw'Iyobokamana burenze ubwingaryi ahubwo kiriziya reta bakwiye kureba icyakorwa hakubakwa ubundi reta ikagira uko yajyamo nukuntu yagaruza ibyakozwe ubundi naba mucyerarugendo basura igihugu bakahaza kd bakishyura nukuri mukwiye kureba igikwiye peuh
@emmanuelTuyisenge-w4b Says:
Murabeshya ababikora Bose ntanumwe bategeka rero muganiye nabi peuh
@JoseMacamo-u5e Says:
Rwabujindindiri rurya akaribwa n,akataribwa ,reta kumaturo yo mumadini
@JoseMacamo-u5e Says:
Joseph rwose mujye musesengura ibyo muzi, ibya kriziya byo mubyihorere,
@gahamanyifulgence8601 Says:
Ibyo muvuga hari ibyo mwirengagiza,Imana ntikora nk'abantu ikindi ibizakorwa byose iki gihugu cyatuwe Kristu umwami n'umubyeyi BM bikorwa n'umwami Rudahigwa imbuto z'iki gikorwa cyakozwe n'uko BM yigaragaje nyuma i Kibeho nyuma ya Kibeho Yezu na We arigaragaza akiza,yomora akomeza ukwemera binyuze mu bamwiyambaza binyuze mu mpuhwe z'Imana bityo rero imbaraga za Sekibi twarazibonye 94 ibyo zakoze zidusenyera igihugu zitwica zitwicira abacu,ubu rero imbaraga z'umwijima ziri gukora kandi n'iz'umucyo ziri gukora twe abazi icyo Yezu Nyirimpuhwe n'Umubyeyi We badukoreye tugomba gusenga kandi tubirimo imbaraga z'Imana Data zizigaragaza kandi ntakiyinanira. Naho kuvuga ngo bataye umurongo ntabwo aribyo urumuri rutangira ari ruto rugakura kandi iyo rukuze rugera n'aho utakekagaYezu niwe Nyir'igikorwa abyibereyemo
@imanirakizajeandedieu9894 Says:
Muraho neza Ubundi ntagikorwa cya leta kigirinenge,harigihe ujyakukagali runaka ugashaka ubwiherero bikaba ingorabahizi,wareba inyubako ugasanga birakomeye Leta nibe urugero rwiza rwibyisaba imiryango imwenimwe yimyemerere kuko nibyobikunze guteza ikibazo.
@NtezibanzeInnocent Says:
Murakoze guterana mugasobanura i bya Kriziya mutabizi,mujye mubanza musome amateka ya buri hantu mbere ya topoc muvugaho,murakoze
@UwamahoroProvidence-rx1rv Says:
Uzabaze ko haritangazo Rica mukiriziya risaba amaturo buriwese rero agora imyunireye nimyemerere ye singobwa korero niba tutabyunva kimwe singobwa ko umusebya
@nkundimanabernard5434 Says:
Ibyo muvuga murabeshya cyane! Ntabwo musobanukiwe n'ibya Kiliziya Gatolika. Ngo ni umutima mutagatifu wa Yezu bamamaza! Wagiye uvuga rwose ibyo uzi koko! Murambabaje!
@DrLove2030 Says:
Joseph azadukorere ikiganiro kuri KIBEHO n’amabonekerwa yaho
@yizerevalensyv2503 Says:
Watandukanya isengesho ute no gushimira uwagukijije ndumva mutana pe ahubwo ubuyobozi bwa Leta butabona ko bariya bantu baboneka ahantu buri kwezi Ari ubutunzi biba bugannye agace kabo bareba he? kumva ngo ahantu hashyizwe ku hantu hemejwe ku rwego rw'isi aho kugirango Leta ishoreyo amafrw hatunganywe bugacya ahubwo hafungwa ubu isi iratubona ite ubu uzaza kuhasura agasanga bahagunzr azadufata ate? RGB rwose aha yantengushye pe
@kamukamapeter1078 Says:
Turabakunda
@eugenebizimungu9794 Says:
Murayobya abantu kubyo mutazi cg muzi ariko mufite izindi nyungu ntazi kuko amateka ya Ruhango ntan ntabwo atangira kuriya mwabivuze yewe na kiriya gihe mwavuze gusa murashyuramo duke cyane tujya gusa n'ukuri ariko nabwo ukongeramo ibindi byinshi bitari byo bityo rero niba hari ikindi ugamije atari za views zanyu koko Imana ibamurikire muzakore ubushakashatsi bw'ukuri kuko birababaje birababaje ubumenyi n'amasomo wize si ibyo kuvuga uyobya abantu ahubwo tanga ibyo wakoreye ubugenzunzi amateka jye hariya nyazi muri 1992! Imana ibamurikire
@yizerevalensyv2503 Says:
Hariya niho bakomereka bonyine? Ese mu kwita izina, mu kwiyamamaza n'izindi nama za Leta yaba iya gitifu na ba mayors ni hangahe wabona iyo standard musaba?
@nsengiyaremyegratien1431 Says:
Leta gusenga yabikuyeho burundu niba ntacyo bifasha abanyarwanda.
@uwayezubeatrice9883 Says:
Sound !!!!!
@BemerikiVirigile Says:
None se haritegeko ririho ryo gutanga ituro wari wumva mukriziya kdi muritiranya muruhango nihasengera abakristu gaturika gusa muzaze tubahe ingero zabahakiriye batavuye muri kriziya gaturika bazababwira
@BemerikiVirigile Says:
Turabakunda cyane kdi dukunda ibyo mukora kdi ni byiza cyane gusa ubutaha mujye mukora ubugorarangingo munamenye gahunda iriho kuko cyiriya cyibaya nidusengera mwishyamba kuko ibiti byarimo babikuyemo barahatunganya mukuri guhari inkuru musobanuye siyo nimusanga aribyo munyomoze ndahari kdi amateka ya hariya arahari keretse nimba mutabanza gusoma ibyo murimo kuvugaho nimusanga dusengera mwishyamba munyomoze
@telesniy8707 Says:
Mu byukuri uwabakurikira yagira ngo ibyo muri kuvuga ni ukuri kandi hari byinshi bivangavanze. Padiri Stany kiriya kibaya yagisengeyemo kenshi cyane. Yagiye iwabo aranagaruka akorera ubutumwa bwe mu Ruhango. Biroroshye kujya mu Ruhango ukabaza umukristu uwariwe wese akaba yaguha amakuru. Ikindi Padiri Stany arahari azi ikinyarwanda cyiza. Ijambo guta umuhanda n'izindi mvugo sibyo. Stany yagiye dusengera muri kiriya kibaya. Yahasomeye misa kenshi kuburyo mushobora gutera urujijo ku bantu batazi ibya Ruhango. Pourquoi aborder un sujet que tu ne maître pas. Soyez vrais dans vos propos et sûrs de ce que vous dites. Byaba ari byiza kurushaho.
@user-vp1ne7mi5b Says:
Uyu mutama Yozefu ndabona araciye ubwenge, ariko nagira ndamuhe devoir: uzofate umwanya wo gusoma "compendium de la doctrine sociale de l'Eglise", bizogufasha kugira equilibre muri jugement. merci.
@user-vp1ne7mi5b Says:
Burya kuvuga ngo Diyoseze irakize, uburabiye inyuma biroroshe kuvuga, ariko nobahanura kubanza kuyaga na econome general wa diyoseze, niho muzomenya vy'ukuri ko ikize canke ikenye.
@muslim-co1st Says:
IKIGANIRO CYIZA GUSA SOUND BASS IRI HEJURU MBONA ARIBYO BITUMA IJWI RIZA NABI
@nshimiyimanadieudonne5287 Says:
Sounds zanyu muzakosore
@HappyUser-y5h Says:
As always, good analysis!
@NshimyumukizaRegis Says:
Mukiriziya habamo imuryango itandukanye ikagira igihe cyogusenga ariko byose biba birimunsi yakiriziya arinaho muriyi hakaba harimo abakarimasite hakabamo asenga bafite ingabire zitandukanye harimo niyo gukizi indwara
@Nkezuwimye Says:
Isakaramentu ntirigira itariki ihoraho. Buri gihe riba ku cyumweru kimwe na Pasika. Tariki 06/06 uratubeshye
@vuguzigagildas835 Says:
Ntabwo nkwiye kujya niganyira nibaza uko ejo nzaba merewe . Indirimbo ya 68 mu agakiza.
@ericbizimana4698 Says:
Ni Umunya Pologne not espagne
@dushimimanaedison367 Says:
Sound ntimeze neza
@vuguzigagildas835 Says:
🤝🤝
@expressexpress9017 Says:
Sound yongeye kuba ikibazo
@kaberaericdeo118 Says:
Murakoze cyane mwese abagize inama y'umutekano kukiganiro cyiza mutanze gusa ikiganiro cyabaye too political cyane. Padiri Stany Urbaniak ntabwo ari umusipanyoro ni umunyapolonye, yabaye Padiri Mukuru wa Ruhango kuva muri 1990 kugera mu mwaka 1996 ubwo abayobozi be mubaparotini bamuhaga izindi nshingano, icyo gihe uwari umuyobozi we ni umunyapolonye mwenewabo Padiri Stanislas Filipek waje gusimburwa na Padiri François Harelimana nawe haje guha Padiri Stanislas Urbaniak izindi nshingano bitandukanye nibyo yuko yaba yarahungiye muri Congo mbere yuko ajya iwabo muri Pologne. Aba bose baracyariho Padiri Stany, Filipek na François banaguha amakuru nyayo yo kwa Yezu Nyirimpuhwe. Uburyo bwuko kwa Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango na Kabuga uko byavutse byose biri documented ubishatse wabibona atari mu Ruhango cg i Kabuga gusa wabireba i Gikondo mubiro bikuru mubapalottins mu Rwanda babifite munshingano na Kabgayi na Kigali muri rusange. Kwa Yezu Nyirimpuhwe hatangiye muri 1991 bihereye hariya kuri Centre de Santé bigenda bivugururwa buhoro buhoro abapadiri, ababikira n'abakirisitu bo mu Ruhango. Urugo Yezu Nyirimpuhwe ntabwo ari umushinga wa Padiri Stany (Stanislas Urbaniak) gusa n'umushinga w'abapilotini muri rusange kandi ntagihe kwa Yezu Nyirimpuhwe habayeho hatayobowe n'umupadiri nubwo hakorera Communauté de l'Emmanuel mumiriko ya buri munsi ifatanije na paroisse. Mugihe cy'Isengesho ryo gukizwa ryo kucyumweru cya kabiri cya Pasika (Icyumweru cy'Impuhwe z'Imana) hamwe na Misa imwe ya buri kwezi nta nimwe bitakorewe muri Kiliziya ya paroisse Ruhango mbere yuko hafatwa umwanzuro wo kuryimurira mu Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe mukibaya cy'amahoro cya Ruhango. Byatangiye ari paroisse Ruhango nuko Musenyeri Anastase Mutabazi arabyemeza 1998 bijya muri maboko ya diyosezi ya Kabgayi n'abaparotini bo mu Rwanda-Congo-Belgique uko abantu bagiye baba benshi niyo Musenyeri Simaragidi Mbonyintege yemeye ko isengesho ryimukira hariya tubona ubu abyemeza muri 2014. Yozefu Mukuru rero kimwe nababitekereza nkawe muri kubinyura kuruhande kubera impamvu zitandukanye ariko kuko nubwo Kiliziya igizwe n'abantu ariko ntishobora kwibeshya mu kwemera kwayo kandi isengesho si inyungu y'amafaranga ntanubwo kwa Yezu Nyirimpuhwe ari igikorwa cy'ubucuruzi tubitandukanye. Ingoro zose uko zitangira ntabwo ziba zisakaye nkuko stades zubakwa biratandukanye kandi abakurisitu mu Missa ntibagura itike ibajyana mu Kiliziya kuko mu Missa haza ababishaka kandi bakomoka mubice byose by'abantu bingeri zose baba abaikire n'abakene bose baraza bangana mu Kiliziya. Yezu Nyirimpuhwe yarigaragaje kandi izakomeza kwigaragaza igihe cyose. Reka ndekere aha
@fabrice_mwizerwa1 Says:
Welcome back Joseph mukuru
@boradidier6278 Says:
Wabagahe Yozefu wacu??
@IrakozeKenny-gq2ej Says:
Mugire amahoro turabakurikiye

More Politiki Videos