Hariya niho bakomereka bonyine? Ese mu kwita izina, mu kwiyamamaza n'izindi nama za Leta yaba iya gitifu na ba mayors ni hangahe wabona iyo standard musaba?
@nsengiyaremyegratien1431 Says:
Leta gusenga yabikuyeho burundu niba ntacyo bifasha abanyarwanda.
Mu byukuri uwabakurikira yagira ngo ibyo muri kuvuga ni ukuri kandi hari byinshi bivangavanze. Padiri Stany kiriya kibaya yagisengeyemo kenshi cyane. Yagiye iwabo aranagaruka akorera ubutumwa bwe mu Ruhango. Biroroshye kujya mu Ruhango ukabaza umukristu uwariwe wese akaba yaguha amakuru. Ikindi Padiri Stany arahari azi ikinyarwanda cyiza. Ijambo guta umuhanda n'izindi mvugo sibyo. Stany yagiye dusengera muri kiriya kibaya. Yahasomeye misa kenshi kuburyo mushobora gutera urujijo ku bantu batazi ibya Ruhango. Pourquoi aborder un sujet que tu ne maître pas. Soyez vrais dans vos propos et sûrs de ce que vous dites. Byaba ari byiza kurushaho.
@user-vp1ne7mi5b Says:
Uyu mutama Yozefu ndabona araciye ubwenge, ariko nagira ndamuhe devoir: uzofate umwanya wo gusoma "compendium de la doctrine sociale de l'Eglise", bizogufasha kugira equilibre muri jugement. merci.
@user-vp1ne7mi5b Says:
Burya kuvuga ngo Diyoseze irakize, uburabiye inyuma biroroshe kuvuga, ariko nobahanura kubanza kuyaga na econome general wa diyoseze, niho muzomenya vy'ukuri ko ikize canke ikenye.
@muslim-co1st Says:
IKIGANIRO CYIZA GUSA SOUND BASS IRI HEJURU MBONA ARIBYO BITUMA IJWI RIZA NABI
YOUTUBE COMMENTS