Iyo wagiye mu imiyoborere nu ubukungu ntawuguhiga. Ariko social yo kabisa ujya utambikira.
@gikundirovalens Says:
Amajwi ko adasohoka neza bwana munyamakuru
@ndacyayisengasylvain5865 Says:
KO Mutangiye kuvuga ku bigo bikomeye? ubu ntibazabagira inama?
@G_amdjad Says:
Inyange ntiyahomba.... Nubunini bw"isoko ifite?
@hakizimanafidele99 Says:
Amajwi ameze nabi
@nkusikabera5269 Says:
Poor sound
@uwiringiyimanadiogene1350 Says:
RUSWA professionals murabatumenyesheje!!!
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Urugero ukuntu ikenewabo na nkoherereje umwana umumfashirize ari bibi hari inkuru y'umushoramari wafashe company imwe ayiha abo mu muryango we ndavuga umugabo ashinga indi ayiha umuryango w'umugore we kuko yari yanze kubavanga ngo bakorane ariko iyobowe na bene wabo w'umugore amezi 6 yarisigaye itabasha no kwishyura ukora isuku muruganda Boss abonye uko bigenze kuko yarabyiteze afata umwanzuro wo kujya kugasima abaza abo ahasanze ibyo bize atoranyamo abakozi abaha akazi amezi atatu company yari yatangiye kunguka cyane rero icyene wabo uretse no guhombya abagikoresha ni n'umwanda
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Ibyo muvuga ni ukuri ariko nanone mwibaze igihe leta izaba yaretse gukora ishoramari byose bikegurirwa abashoramari igihita kibaho leta ibona umisoro ariko abaturage bakagura ibicuruzwa bahenzwe cyane kuko nta ruvugiro niba isukari irimo kugura2300frw litre20 z'amavuta akorerwa mu Rwanda 40k n'ibindi abacuruzi uko bakwa umusoro nabo buriza uko bashaka igikwiye leta yagakoze ishoramari ariko uwo bahaye kuyobora company runaka bakamuha umwanya agashyira komite bazafatanya kuburyo azabazwa buri kimwe naho gukorana n'umuntu waje muri V8 wowe waje uteze igare umuyobora ntibivamo mumfashirize niyo ihombya leta
YOUTUBE COMMENTS