INAMA Y'UMUTEKANO(S3EP4): Babwiwe ko UMUJYOJYO uzaba ari nka ALIBABA bashoramo arenga Miliyoni 60????
INAMA Y'UMUTEKANO(S3EP4): Babwiwe ko UMUJYOJYO uzaba ari nka ALIBABA bashoramo arenga Miliyoni 60????
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@habiyaremyefrancoisxavier6005 Says:
300k yanjye nzayabariza he
@habiyaremyefrancoisxavier6005 Says:
Mutugirinama yicyo twakora pe, twarayongobejwe
@niyogakizajonas644 Says:
Iby'abapfu biribwa n'abapfumu! Ngo ibihugu 70, uriya koko?
@ahishubijedieudonne1463 Says:
Nibutse INATEK😢😢😢😢
@samhakizimana3992 Says:
Ntibyoroshye pe
@Elyza748 Says:
120k yanjye
@kabandamartin Says:
Ubwo se nkawe munyamakuru iby'umujyojyo ubihuza nibya CLADHO gute?CLADHO uyizanamo gute?bihuriye he?
@emmanuelemma8906 Says:
Gutekereza nk'uyu mugabo muri Africa ntabwo byoroha. Uyu mugabo yatekereje nk'uwize muri Africa ariko ntabwo yamenye ikibuga akiniraho kuko muri Africa ntabwo ibi avuga bikora kuko iyo udacometse kun iriba rifite uko rihagarariwe, ntabwo wafukura akawe kariba ngo wibwire ko uzavoma batayatobye. Niyishyure abo yafatiye amafaranga ibindi abivemo
@sylverecyuzuzonkundabagenz5355 Says:
Mwaramutse neza?igishoramari rirahomba rwose . ahubwo twe ikosa tugira ni ukwibasira umuntu umwe.reka dufate urugero rwa hafi mu Rwanda muri 2018-2019 mu Mirenge hafi ya yose yo mu Rwanda urubyiruko baruhaye inkoko n'ingurube.muzadushakire niba hari nahamwe bakizifite? ahubwo tugira ikosa ryo gutererana ibyo twashoye kuko buri wese yigira mu bye.nta CEO ariwo uhombya kuko aba afite aba Manager naba comptable
@NyirangirimanaAgnes-r2g Says:
Nanjye natanzemo 80,000 frw huuuummm....
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Ntabwo umuntu ufite ubwenge bungana gutya mwajyanamo ngo bimare kabiri nakwambia gusa hari abantu bize neza kuvuga muruhame kbs
@mauricebinyebebe3274 Says:
A Joseph mujye mushyiraho numéro za téléphone kugirango tubahe amakuru ubundi number yawe twayibona gute
@warasenzeTv Says:
Ni hatari pe
@roberthakizimana7286 Says:
Nta funi nta mujyojyo Ahahantu numvisemo ubutekamutwe bwinshi na exaggeration nyinshi cyane mubikabyo byinshi rwose… Njye iyo mpaba nari guhunga kuko avuga kuntu bamaze kugwiza million runaka muminshi ibiri gusa nibindi byinshi😂😂😂
@JAVEDTVrwanda Says:
Nta karere batariyemo abantu pe
@JeanLucMuneza-p3p Says:
Twarihanaguye rwose, cyeretse ubugenzacyaha nibwinjira muri dossier. Naho uyu Evarsite yaraturiye kuko niwe byose biri kumutwe naho abo musomye bamwe ntibazi uko amafaranga yariwe
@JAVEDTVrwanda Says:
Ayacu barayariye pe. Twarihanaguye
@theodomirrw4007 Says:
Ibyinshi mwavuze ku Mujyojyo nibyo. Ariko igihe mwavuze watangiriye sicyo. Kuko mfite aho mpera kuko nanjye utangira nari mpari ndi mubasinye ko utangiye ku mugaragaro kuri Maison des jeunes Kimisagara. Icyo gihe nabaga ku Kamonyi. Mu kwezi kwa 6/2019 nimukiye I Rwamagana. Birumvikana rero ko bitashoboka ko umujyojyo watangiye ku 8/9/2019. Watangiye mbere yaho
@bikambabagirishasimeon9243 Says:
Inama zahoraga zisubikwa nimwiturize
@samuelirantabara Says:
Umujyojyo shaaa😂
@zachariendayishimiye2813 Says:
Mbega umujyojyo!
@bikambabagirishasimeon9243 Says:
Iki kigo nagishoyemo ayange.
@WISDOM_25-d3j Says:
Vanessa we nta bwenge tugira pe
@Handling-X Says:
😢
@WISDOM_25-d3j Says:
30k yanjye yarariwe ahubwo bazatubwire aho bayashyize
@MADEMBELI Says:
Ayanjye aha nayo yakubiswe nitagira amazi
@WISDOM_25-d3j Says:
Baraturiye twarumiwe pe
@hakizimanafidele99 Says:
Ndumiwe rwose
@fulgencebigirimana8658 Says:
Joseph ndakwemera uzi gucukumbura kbs nange bari bayantwaye habura gato ,uzi ukuntu babaga bizeza umuntu akazi .
@ndacyayisengaj.dediue7784 Says:
Mwiriwe neza rimwe narimwe ibigo bitwara amafaranga yabanyamuryango bikarangira azimiye

More Politiki Videos