Gutekereza nk'uyu mugabo muri Africa ntabwo byoroha. Uyu mugabo yatekereje nk'uwize muri Africa ariko ntabwo yamenye ikibuga akiniraho kuko muri Africa ntabwo ibi avuga bikora kuko iyo udacometse kun iriba rifite uko rihagarariwe, ntabwo wafukura akawe kariba ngo wibwire ko uzavoma batayatobye. Niyishyure abo yafatiye amafaranga ibindi abivemo
@sylverecyuzuzonkundabagenz5355 Says:
Mwaramutse neza?igishoramari rirahomba rwose . ahubwo twe ikosa tugira ni ukwibasira umuntu umwe.reka dufate urugero rwa hafi mu Rwanda muri 2018-2019 mu Mirenge hafi ya yose yo mu Rwanda urubyiruko baruhaye inkoko n'ingurube.muzadushakire niba hari nahamwe bakizifite? ahubwo tugira ikosa ryo gutererana ibyo twashoye kuko buri wese yigira mu bye.nta CEO ariwo uhombya kuko aba afite aba Manager naba comptable
@NyirangirimanaAgnes-r2g Says:
Nanjye natanzemo 80,000 frw huuuummm....
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Ntabwo umuntu ufite ubwenge bungana gutya mwajyanamo ngo bimare kabiri nakwambia gusa hari abantu bize neza kuvuga muruhame kbs
@mauricebinyebebe3274 Says:
A Joseph mujye mushyiraho numéro za téléphone kugirango tubahe amakuru ubundi number yawe twayibona gute
@warasenzeTv Says:
Ni hatari pe
@roberthakizimana7286 Says:
Nta funi nta mujyojyo
Ahahantu numvisemo ubutekamutwe bwinshi na exaggeration nyinshi cyane mubikabyo byinshi rwose…
Njye iyo mpaba nari guhunga kuko avuga kuntu bamaze kugwiza million runaka muminshi ibiri gusa nibindi byinshi😂😂😂
Ibyinshi mwavuze ku Mujyojyo nibyo. Ariko igihe mwavuze watangiriye sicyo. Kuko mfite aho mpera kuko nanjye utangira nari mpari ndi mubasinye ko utangiye ku mugaragaro kuri Maison des jeunes Kimisagara. Icyo gihe nabaga ku Kamonyi. Mu kwezi kwa 6/2019 nimukiye I Rwamagana. Birumvikana rero ko bitashoboka ko umujyojyo watangiye ku 8/9/2019. Watangiye mbere yaho
YOUTUBE COMMENTS