INAMA Y'UMUTEKANO YO KU ITALIKI 14/7/2024
INAMA Y'UMUTEKANO YO KU ITALIKI 14/7/2024
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@TTheo-q8o Says:
Ntekerezako amakuru yatanzwe nabi ruriya rushinge ni urusimbura imiti ya burumunsi kubamaze kwandura. Apana vaccin
@JeanClaudeNzabonimpa-e2k Says:
Trump azasiga ibihugu byacu byize Kwirwanaho cyane... Kuko Ari kudukura Mugutungwa n'Inkunga ....Bizadutera Gutekereza Kabiri nubwo Bigiye Kugorana kuri Employment Rate
@JeanClaudeNzabonimpa-e2k Says:
Africa Dufite Ikibazo Gikomeye mumitekerereze, Africa Yabuze Abanyafrica Bayikunda
@jeanvaljean3848 Says:
Iyo urebye ukuntu amatora y'Abadepite aherutse yabayemo kwiba amajwi andi mashyaka ku mugaragaro, ni bwo umenya ko amatora mu Rwanda ari ukwiyerurutsa. Birutwa wa mugani n'uko hajyaho ubwami, umuntu akava ku ngoma ari uko apfuye, agasimburwa n'umwana we. Inteko Nshingamategeko na yo ikavaho, kuko nta cyo imariye abaturage/igihugu. Maze izo ngengo z'imari zaterwaga inyoni zigakoreshwa mu mibereho myiza y'abaturage. AMATORA = IKINYOMA RURANGIZA = BIG LIE
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Mu Rwanda ubusambanyi bwabaye iturufu igezweho
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Ibyo Joseph avuga kuri sida bagiye batanga imiti ku karubanda nka drone ikazajya iyibashyira kuri poste de sante cg ku bajyanama bubuzima bakayifata kumugaragaro izuba riva byatuma abantu bagenda gake ariko buri wese yishe bavuga yuko babuze indwara
@kaberaericdeo118 Says:
Bwana Joseph Mukuru ibyo Hon Evode avuga nibyo kandi ari kwerekana ibihanga biri mu masezerano yasinywe kugitutu cy'USA kurenza inyungu z'u Rwanda na DRC kandi kuba yabivuga ntacyo bihungabanya nubwo yabivuga ari Sénateur kuko ntabwo biba bivuze ko ari urwego ahagarariye rwa Sénat. Hon Evode ntabwo uko atangamo ibitekerezo ari bimwe byacu mu Rwanda tuvuga duhuha, dukeneye abantu nta ba Evode bavuga ukuri batarya iminwa nkabihahira. Kuba Hon Evode yarashyizweho na Nyakubahwa Perezida wa Repeburika ntabwo byizanye byatewe n'ubushobozi bwe kandi ibikorwa bye biragaragara. Bwana Joseph kuba utemera cg utemeranya na Hon Evode ntibivuga ko atavuga ukuri kucyuho cyiri kuri ariya masezerano yasinywe kugitutu, kuba Nyakwigendera Hon Aloysia Inyumba yaragiye kumushaka muri Canada akanaza byari ukumucyurira kandi ntibihura nariya masezerano yasinywe. Kubogama bibaho ariko iyo bikabije ntibiba byiza. Nta kibazo rwose Evode afite mukuvuga no gucukumbura ariya masezerano kuko no mu ijambo rya Perezida yavuze tariki ya 04/07/2025 ubisesenguye wabonamo tena. Ibyo abakongomani bari kuvuga kuri ariya masezerano bakwiriye gusubizwa muburyo bumwe.
@wiseinjungle Says:
Urukingo ntabwo bapfuka
@wiseinjungle Says:
Ntabwo ruzaterwa bose (only high risk groups: indaya, couple discordant,etc)
@jean2706 Says:
Urwo rukingo ngo barutera ku gitsina😀😀
@dusengeeric1279 Says:
Ahubwo buriya abarwaye SIDA tugiye kubamenya neza umunsi wo gukingira utazakingirwa Azaba arwaye nyine 😜
@NKURUNZIZAAlphonse-x3g Says:
Joseph evode umubwiriyemo 😂😅😅😅
@cyusaernest5931 Says:
Evode umunwa we uzamukoraho. Dore aho nibereye
@JeanpierreNsabimana-x6t Says:
Muraho neza ndacyabakunda,aliko musicale mubogama
@LAUGHRIKE_TV Says:
Turabakurikiye!

More Politiki Videos