Rwanda Revenue ntabwo ariyo ishyiraho imisoro nyakubahwa Joseph
@iiselasie7833 Says:
Kuba ikigali bikomeje kugorana kabsa . Ese mwe mwamenyera abotwita abadepite baba bakibaho Ra. ? Cg PSF kuko mbaheruka mumatora kera cyane
@jeanvaljean3848 Says:
Bwana Jozefu, i Burayi ni ho ntuye, ubu, kuva mu 2019 bakoresha Euro 10. Ariko na Euro 5 iraboneka kuri stations za essence zose, n'ubwo yo ihenze (mu rwego rwo guca intege abayigura, kuko ubuziranenge bwayo buri hasi ya Euro 10).
@NtawukuliryayoJean Says:
Murakoze cyane , iki kiganiro ni cyiza pe . Hari byinshi twungutse .ikibazo .
Police ko yari isanzwe ipima umwuka , niba Rema ishaka ibirenzeho , izo mashini bazihaye Polisi , ikaba ariyo ibikora .
Urugero . Ko Minisante atari yo ijya mu muhanda gupima alcol . 56:55 56:57
@UwamahoroCelestin-f7n3x Says:
Joseph ndagukunda Kandi turaziranye nkunda ibiganiro byawe ariko urambeshye ukorerahe I Jali Kandi ariho kavukire yanjye?
YOUTUBE COMMENTS