Gukosora:
1. Ntabwo Dr Assaf yayoboranye na Umuhumuza nk’uko byavuzwe mu kiganiro ahubwo Prof. Omar Munyaneza yagizwe Umuyobozi Mukuru wa WASAC muri Nzeli 2023, ariko noneho hahita hatekerezwa n’ibya ya mavugurura yapfubye kubwa Musoni yo mu myaka 10 yari isihize yateganyaga!
Prof Omar yabaye UMUYOBOZI MUKURU wa WASAC Group , ariko ikaba ifite ibigo 2, icyo gukwirakwiza amazi no kuyacuruza(WASAC UTILITY LTD) gihabwa Director General, aba Gisele UMUHUMUZA naho WASAC Development Ltd nayo ishingwa undi by’agateganyo, Eng. Dominique
2, Umuntu uzi neza aho Prof Omar yize yatubwiye ko yize Masters i Butare muri program NUR yafatanyaga n’Ubuholandi yitwaga WREM (Water Resources and Environmental Management). Yagiye mu Buholandi kuri PhD yakoze mu myaka 4 aho kuba 3 nk’uko byavuzwe mu kiganiro!
#Turabashimiye
@kagabopierre7285 Says:
Oya si bimwe. Nta bwo ari promotion. Nuko baha muri mufatabuguzi KWH za mbere zihendutse buri kwezi.
@kagabopierre7285 Says:
EDCL na EUCL.
@ikagi-k8u Says:
yewe ga urupfu rwari bugufi. wasac yari mu bitaro, iri kuri bomboni, prof yayisanze mu bitaro
@wilsonbikorimana3670 Says:
Mwakoze ikosa ku bijyanye n'uburyo Prof Omar yize mu kiganiro. Kuko mwavuze ko yize imyaka 3 Doctorat kandi yari yagiye kwiga afite Bachelor's degree.
YOUTUBE COMMENTS