Najyakwemera ark hano urashe hasi pe ubundi uburezi bwibanze bwagakwiye kuba A0 degree niyo u Rwanda rwose rwaba ruyifite nibwo innovation na creativity yakabaye singonbwa ko uwize wese abona akazi ka reta nakandi byinshi
Uretse no kurihirwa amashuri n'abashomeri ahandi barahembwa kuko ntaho Leta yacikira kuba nta mirimo iriho
@yizerevalensyv2503 Says:
Njye narumiwe ni gute muri iki gihe haba hakuriho ibyo bita gusaranganya amazi mu murwa mukuru uziko wagirango ngo turi muri 1970 njye narabyumvise numva ndumiwe pe ubwose toilet zo mu nzu ko Ari nyinshi babigenza bate WASAC ikwiye guseswa kuko ntacyo imaze pe umujyi utagira amazi ntabwo ubaho ibaze noneho mu cyaro uko bimeze abayobozi batazi gushaka Ibisubizo ntacyo baba bamaze pe nta muyobozi ukwiye gukura mu kanwa ijambo gusaranganya muri iki gihe ngo abe agihembwa ku mutungo w'igihugu pe amazi Koko mu gihugu gifite isoko ya Nil imvura igwa no mu mpeshyi Koko ibyo kandi binareba ministeri y'ubuhinzi nayo nta gisobanuro ikwiye gutanga ku kuba ibiribwa bihenda pe ni gute mu gihugu Hari abakozi bakorera 1000 ku munsi ibirayi bigura 400 oya oya oya oya
YOUTUBE COMMENTS