Turabashimira ibiganiro byanyu byiza muduha Ariko madam munyamakuru arasobanura cyane kungero Joseph abatanga bitari ngobwa( story ya Guinea 🇬🇳. Byaba byiza agiye nawe akora research akunganira Joseph aho gusobanura buri kantu Joseph avuze. Murakoze
@IngabireKSB-r1q Says:
Mwaramutse? Nkunda kandi ngakurikirana ibiganiro byanyu. Gusa muri iki kiganiro, hari aho nashakaga gukosora, kuko uwabahaye amakuru ashobora kuba nta makuru ahagije afite cga akaba yabikoreye ubushake kubw'inyungu ze.
Aha ndavuga ku ngingo mwavuzeho y' ama pumps:
1. Ntago ari company 1 yonyine itanga ama pumps muri WASAC (Utility&development). Mufate umwanya wanyu mubaze nibura muri pumps zaguzwe muri uyu mwaka. Murebe percentage y'izaguzwe binyuze muri iyo company mwavuze ifite uyihagarariye mu Rwanda
2. Mubaze neza niba haba hari nibura isoko 1 ryo kugura spare parts za pumps muri WASAC ryaba ryarahawe iyo company muvuga ko yahawe monopoly
3. Izo pumps muvuga ko zagize ibibazo mu ruganda rumwe bigatuma Kigali ibura amazi, murebe niba koko izo pumps ari iza rwa ruganda mwavuze ko arirwo rwonyine ruzana pumps muri WASAC
4. Mubaze neza nibura niba koko WASAC igira ubwoko bumwe bwa pumps.
Ibi, biroroshye kuri mwe mutegura ikiganiro, kubigenzura. Naho ubundi, namwe mwazisanga hari abo murenganyije (wenda mutanabigambiriye).
Murakoze
As a resident of Muyumbu Sector in Rwamagana District, I face chronic water shortages from WASAC. On average, water only flows twice within five months, meaning most of the time my household has to survive by buying water from private vendors at inflated prices. Despite this lack of consistent supply, my most recent WASAC bill came to 39,400 RWF—a figure that is both shocking and unreasonable given that I barely received water services. The frustration lies not only in the unreliable supply but also in being billed for water that I never consumed, which reflects mismanagement and poor accountability in WASAC’s operations.
@bizimanajeandedieu9047 Says:
JEfu n umuhanga sana congz
@expressexpress9017 Says:
Amakuru yo mu Rwanda akomeye ndavuga yo munzego zikomeye kuyabona ni indya nkurye bisaba agatuza
@SamuelHABINEZA Says:
Amakuru yabaye make ugereranyije na advertisement time.
YOUTUBE COMMENTS