Mu minsi ishize juice ya Salama yarahagaritswe ku isoko ry'u Rwanda ndetse abayiranguye bose basabwa kuyisubiza ku ruganda. Gusa RIB ni yo yagaragaye isobanura iby'iki kinyobwa n'uruganda rwagikoraga. Ariko se FDA yatanze ibyangombwa yo bite? #rib #FDA #polisi
Mwebwe ntamakuru mufite
Ubu bashyizeho Logo ya KARUNGI 😄😄
yo iracyemewe .
@HealWithProvidence Says:
Ubundi se ukeretse kubeshya ninde wakora jus ikoze mu mbuto nta murima afite w'imbuto agira biriya byose ni uburozi ni ugusubira ku gikoma
@Gagameghan123TV Says:
Arko Gufunga Mudugudu na Gitifu namakosa, ahubwo hafungwe ba DG wa FDA na RSB
@Gagameghan123TV Says:
Arko ngo byakozwe muri operation ihuriweho ya East Afrikan Community
@dukundimanavalens3016 Says:
Arega buri murenge ugira uhagarariye ubuzima buri kwezi atanga rapport yubuzima mumurenge akoreramo ibimurenze akora communication muri FDA bakamufasha iyo bitakozwe haba haribindi.
@gapisirixxx1390 Says:
Mwaramutseho UMURYANGO TV.
Erega mujye mumenya ko abanyarwanda turi indyarya kandi ko abantu bamwe twabaye ibicuruzwa by'abandi mu buryo bw'umwijima.Twarabamenye di!Iyo FDA na RSB muvuga ibyo byose barabizi ahubwo ni ukwigiza nkana.Polisi na RIB ni ibikoresho by'abo:FDA+RSB.
@nshuti69 Says:
Joseph urakoze cyane rwose, uwo mwanda wakabaye uri scientifically proven.. This is what we call critical thinking 👍👍
There is Professional Indemnity & risk management called Public & Product Liability ,which should enterven in compensation of the affected by this instruction of FDA.
Ese kombona aribicuruzwa byinci n’urumogi kuki Salama ariyo bitayeho cynee ubu juice nizo mbi cynee ziraho kurusha ibyuma? Ikindi izo juice zindi bita nyampinga zirimuribyo bafashe ko batabivugaho
Yozefu uravuga ibintu usa naho udasobanukiwe. Operation yitwa Usalama ikorwa burimwaka;iba ari joint operation ihuriweho hagati ya polisi;RIB na Rwanda FDA ndetse nabandi. Usalama ikorerwa igihe kimwe muri east africa murwego rwo kureba ibicuruzwa byaba birikwisoko bitujuje ubuziranenge. Muriyo operation buri rwego rureba ibirureba! Niba hafashwe urumogi;Polisi na Rib barakora akazi; inzoga zitujuje ubuziranenge Rwanda Fda ihita ikora akazi;insinga zitujuje ibisabwa RICA igakora akazi! Ikibaba uvuga Polisi na rib bakingira FDA nikihe?
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Uruganda rukora juice 🧃 ya 200 ya pome rubaho gute pomme imwe igura 700frw
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Buriya hari umwana w'umuyobozi wagiye kwa sekuru bayimwakirije ararwara agiye kwa muganga basanga yanyoye supadipe bakurikirana aho yayikuye basanga ni Salama umuyobozi yarabyivugiye gusa umwana w'umukene wayinwaga we kubera kumenyera kunwa amazi adatetse ntanicyo yamutwara gusa nibarebe nizindi nganda zose zikora ibyo kunywa nibyo kurya nibakoma urisyo bajye bakoma n'ingasire
@Laforteresse250 Says:
Joseph. Uzangabanyirize ku bwenge kuko ufite bwinshi
@EmmanuelMunyampeta Says:
Nibyo rwose pe Joseph, nubwo iki kibazo nacyo ari national security issue RIB yakurikirana ku nyungu z'Abanyarwanda, ariko ni Health issue cyaneee FDA yagombye gutangaho umucyo n'amakuru yuzuye ku.mikorere mibi y'uruganda n'uburozi buri muri Salama juice. FDA ifashe kugenzura products zifite ibirango bya "S mark" /RSB Kandi zitabikwiye bikongera uburwayi na cancers mu gihugu.
@UwaseDivine-kt9cn Says:
Ubu hasigaye izo mudukombe zabana
@UwaseDivine-kt9cn Says:
Gitifu abizamo gute koko
@UwaseDivine-kt9cn Says:
Barahuzahurika
@gidotesi792 Says:
Nyamara njye ndabona hari ikintu kibyihishe inyuma pe! Either FDA ntiyakoze akazi kayo cg se uruganda nta kibazo kirimo FDA ntacyo ifite cyo kuyishinja kuri standards , bituma polise ibizamo as Law enforcement to close the gate without any proof.
@raymondniyodusenga3698 Says:
Wa mugabo we uri umuhanga pe wivugira ibintu utuje niwowe ucyenewe uri umusenguzi nyamusesenguzi ureke ababyiyitirira
YOUTUBE COMMENTS