Iseaengura ryiza cyane! Umushinga-mategeko ibi yazanye ku meza rwose ntbifasha rubanda. Yego, bakwiye kureba ibihanga akazi gatunga abantu
@AbdourHitimana Says:
Turabakuricyira 5'5
@JET7-v5p Says:
Erega nubwo byitwa ngo ni ibizamini byakozwe mu ikoranabuhanga ariko banyirabyo baba bahari, rubanda rugufi twe ni ugata igihe n'amatike ubundi tukajya guherekeza benebyo. Kuri wamugani wanyu kuki abantu baba bazi ko akazi gafite nyirako, bakarushya rubanda rugufi kujya kwihumuriza amasahane abandi baririyeho!?
@edouardufitinema8464 Says:
Some of those parliament members are just not fit to be in place they are in, some of them , they don't have analytical and critical thinking levels to sit in there!
Dufite ikibazo gikomeye! burigihe hazanwa systems zikorana buhanga, abaturage batagizemo uruhare (rimwe na rimwe) kdi zikagirwa itegeko ko zigomba gukoreshwa, hatabanje gushyirwaho igihe gihagije cy'isuzuma, Ex: za Tap & Go, za Cashless, za Cashpower, za Mifotra, Irembo, ....
@januaryemmanuel3601 Says:
Welcome back Joseph ibiganiro byari byarabishye
@yizerevalensyv2503 Says:
Muzanavuge ku kibazo cy'ikizamini ngo cy'ubuzima bwo mumuywe ibaze kuba ibikorwa by'abaganga bisigaye bikorerwa kuri machine ni akumiro ese kuba machine ikubajije ngo warababaye ukwezi gushize ese gusubiza ko ntababaye bivuze ko koko bitabaye? Ese none niba machine ihamije ko urwaye mu mutwe niba koko baba bizeye ukuri kwabyo kuki badahita bakurikiranwa ngo bavurwe cyangwa baba bategereje ko umurwayi yijyana kwa Muganga ese niba hari aho asanzwe akora kuki batamuvuza mbere yo gukomeza gukora?
@yizerevalensyv2503 Says:
Ese depite we asabye gukora ikizamini akabona ku mwanya umwe hasabye abantu 5000 we yajya gukora? Ubu iyo list y'ishyaka abona Ari ku mwanya wa 600 yari gushora amafrw mukwiyamamaza?
@yizerevalensyv2503 Says:
Depite niba ashaka kurengera amafrw ya Leta reka murangire aziko imodoka abadepite bahabwa buriya myaka5 bazihabwa nta misoro iriho nasabe bajye bazisoresha uwo mutungo Leta iwugaruze reka murangire n'ahandi amafrw ayobera aziko burya ngo ba depite bahabwa amafrw yo kwita ku modoka ese umushahara ahembwa waba umaze iki niba anakoresherezwa imodoka bakanamuha na essence? Yaba aziko ayo mafrw bahabwa arenga ku mushahara Hari abakozi ba Leta bahembwa mu mwaka amafrw atagera kuri ayo ahabwa buri kwezi
Ukurikiranye neza wasanga uriya mudepite yarabayeho nabi mubihe byahise😂
@LonginUwizeyimana Says:
Abadepite baratubeshya
@LonginUwizeyimana Says:
Joseph twari tugukumbuye
Ikaze kabisa❤
@Fortbet-u2o Says:
Yewe Yozifu wee! Hahaha uti Bahuruza ahantu ngo baze gukora ikizamini kandi bazi uzakajyaho hahaha ibyo uzabibaze Ku Gitega munsi y'Unuhanda ujya CHUK babofitemwo Kaminuza na Vice Chancellor waho.
@anacletniyomugabo115 Says:
Uyu mudepite yashakira abashoramari amafaranga: niba depite asaba ngo abasaba akazi muri leta bajya babanza kwishyura, urwo ni urugero rwiza ku bikorera Bivuze ngo n'abikorera bazabikora gutyo. Nujya gusaba akazi mu bikorera uzabanza wishyure, nujya gusaba akazi muri ONG banza wishyure. Depite yatuma beshi barwara isereri.
@ww.c.Oneinfo Says:
Ariko ngo aba acitswe umudepite kko se ?
@bambanzadavid8978 Says:
Ngewe rero mvugishije ukuri umuryango TV ndawukunda sana ariko byumwihariko wowe Monsieur,rero burya pasitori wahamagawe niwe niyo asibye abakristo barasiba ari benshi,rero monsieur uzaduca kuri uru rubuga rwawe kubera rimwe uraa ubundi ntuhari ubundi aha...ubanza hari ahandi uboha amahema rwose
@Usxjklg Says:
Akantu ko kumurembuza niko mba nkuyemo
Bazashyireho ibizamini byo kuba umudepite😂
@musafrancois1976 Says:
Ku bijyanye na computer zikoreshwa babara bashingiye kuri computers zikoreshwa ku munsi ntabwo ari kuri buri mu kandida kuko bitewe n'uburyo ibizamini byapanzwe computer imwe ku masaha atandukanye yakorerwaho n'abakandida 2 cyangwa 3 ku bizamini bitandukanye cyangwa shift iyo babaye benshi ku kizamini kimwe urugero ni ba UR ifite imashini 500 zakoreshejwe kuri uwo munsi ubwo nizo urakuba na 5000
YOUTUBE COMMENTS