ubundi nkikumva wiriza kuri live nahise numva ari inzoka iri kuvugiriza, cyera baravugaga ngo aho umugabo aguye undi arenzaho utwatsi ark wowe ndumva warazanye undi mugani ko aho umugore aguye mugenzi we anagayo umuriro. ukimara gutangamo pass Muyango we azi ko ari akazi byerekanye intego wari ufite yo kumusenyera, kd we azi ngo uri inshuti ye, wari uzi neza ko umuganira numugabo we uhitamo kujya umuvoma amagambo yo kubona aho uhera wigarurire umutima wa Kimenyi. none ubwo niba utari inzoka n'imbeba icyarimwe uri iki Sekibikazi we? urumva ukuntu uvuga nk'ikihebe kd waririzaga ngo bakureke urananiwe ntasoni. Imana izakubaze ibyo wakoze I pray!
@OliviaUmutoni Says:
Sinkuzi ariko ujye wicara umenye ko iyo ugize nabi bikugiraho ingaruka Muyango niba waramusenyeye urugo bizagukoraho Imana ntago izakwihanganira .
@lolitaimena9782 Says:
Ndakwamga wa mbwakazi we
@lolitaimena9782 Says:
Wa rugore we ushaje nabi uri umunyeshyari ujye gukinga abadafite ubwenge ibi carto.mumaso imbwakazi gusa.uzapfa wunve nugera.i.kuzimu ugarame.wibaze
@niyonkurugideon-s9h Says:
Irene mwiriwe? N gedeon ndi muhanga. Ese uganira naba star gusa? Akeshi ubuzima bwabastar tuba tubuzi. Rimwe
n rimwe ujye uha akanya. Nabantu. Basanzwe. Kuko
shobora kuba ndumuntu
uzanzwe arko fite. Inkuru. Cg ibyokubwira abantu bidasanzwe kd byafasha Beshi. Murakoze
@Umuhirwa Says:
Urikibi ufite icyangiro woe wasenye umuryango wa Kimenyi na Muyango bizakugiraho ingaruka cy kubagukomokaho Warahemutse wakigoryiwee😢😢 apuuu😢
@NiyigabaMartin Says:
Dukumbuye burikanu na buringuni
@Calebe-u4v Says:
Na none 💙 💙 💙 💙 💙 💙 💙 💙 ugira uti ngo umukobwa ni nku rurabo. Ahora yuhirirwa!!!
@claudinendayizeye4619 Says:
Yew The Trainer yikinze runini.Ico mbona Co Muyango arakuruta mur vyose
Uyu mugire ntiyigeze yifuza ko Muyango yubaka urugo.
Ahubwo njye nagirango ni umugore mwiza, kumbi kbs wapi, ni ka makeup gusa. Ni ijwi rye rya gu putting off kbs
YOUTUBE COMMENTS