Ibi ni scam uyumukobwa aje gucucura Niyo ibyo yakobokeye, Kandi muzabibona
@YVETTEGirubuzimaTV Says:
❤❤❤❤🎉🎉🎉 muzarambane
@UmuhozaBlessing-c3e Says:
Burya rero ikintu cyose kigira ibibi n’ibyiza!
Aha Show biz rwose yabereye NiyoBosco famille, reba abo bakobwa n’abasore bakeye sha kdi babigize ibyabo 🥰🥰🥰 si ubukwe bwose bubonekamwo aba star bangana uko, Ibi bintu birimwo Imana no kubana neza kwa Bosco na Kashamakokero Murindahabi Irene.
Bagenzi beza imigisha yose yagenewe abubatse ibambare mw’izina rya Yesu 👏🏻👏🏻👏🏻 💍 big congrats
@UwamunguJeannette-r7u Says:
Hellerulla imana ishimwe cyanee
@healthiswealth906 Says:
*💐UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA💐*
Amazina yange nitwa Nadia Umwiza
Ntuye Rwamagana, mu murenge wa karenge
nashakanye n'umugabo wange dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana ubuziraherezo.
Nkuko rero bigenda nyuma y'ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka. Nubwo twe atariko byagenze.
Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje.
Umugabo wange yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira.
Nibwo nabwiye umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n'abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba.
Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by'imisemburo
Yatumaga imihango yange igenda nabi rimwe nkagira iminsi ihindagurika. Ndetse nama Infections.
byaratangiye nkiri n'umukobwa.
Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 2 twivuza byaranze.
Naje kwegera umuganga wari inshuti yacu wakoraga kuri Centre de Sante, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w'inshuti ye ukorera Kigali .maze umugabo wange anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha.
Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti maze ngira kwizera ndayifata n'umugabo wange bamuha iye
Twarayikoresheje nyuma nahise mbura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by'umugore utwite. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Numvise umutima wange wuzuye ibyishimo.
Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wange w'umuhungu agize amezi arindwi. Muminsi ishize wa muganga wange yaradusuye azanye nitsinda bakorana baraduhemba nukuri numva ndishimye. Nange mpita niyemeza kuzatanga ubuhamya bwange wenda hari uwo bwazafasha.
Wowe usomye ubu buhamya ndagusaba kubusangiza abandi harubwo bafashwa nkuko nafashijwe.
Warakoze Mana🧎🏻♂️👏🏻🙌🏻🙌🏻 kumpuza na Muganga Nelson, nkabasha gukira amarira narize, amazina ninswe, nkabasha gusinzira nk'abandi , ngaheka nk'abandi, nkitwa umubyeyi, ukandinda gatanya, ukankiza amenyo y'abasetsi, umunezero ukagaruka murugo, ukandinda guha urwaho ba Ex b'umugabo,ugakoza isoni abashungera. Nanjye nzakunambaho Mana🙌🏻🙌🏻
Ukeneye kubonana na muganga wanjye wamwandikira cg ugahamagara iyi numero :
+250788297184( WhatsApp and call). Haracyariho ibyiringiro.
Imana iduhane umugisha.Kora share n'abandi bamenye gukomera kw'Imana.umunsi mwiza
@EricManishimwe-hf5ez Says:
Irene na dorcas barakundana but I can't just prove it 😂😂😂
@ignaceharerimana6452 Says:
Thank you Lord🎉.
Thank you kashyamakokero🎉
Ninza nzaguha indabyo zawe nakubikiye
YOUTUBE COMMENTS