Ariko ubundi umutungo wacu abaturage wimisoro yacu leta iyashyira mu makipe aho kubaka ibikorwa remezo ko aribyo bikenewe nukubera iki?umujyi wa Kigali nureke kwivanga muma equipes ndetse begukomeza gukoresha imisoro yacu mu makipe.ikindi nibashinga ikipe yabo baba bashaka aho basahurira frw yacu kuko murayo yandi babuze uko bayasahura.
@Mabanzaa Says:
Ubundi se zose zimaze iki???? Ko N'Ubundi nta Ikipe yo mu Rwanda igira Intego. Nta nitekere kuri Season iba izakurikiraho, nta yigira Igikorwa Remezo, zose ziba mu ikirere cg zibaho nk'Akanyoni karitse Ku Inzira.
Uyu se ni iki muri politic ya sport kuburyo ariwe mubaza? ibitecyerezo bye ntacyo byahindura.yoboka cg uyobagurike.ibindi ni amagambo
@Umucotv2 Says:
Ntabwo twabyemera rekareka
@NZIRA99 Says:
Kiyovu ni Umugabo utagerwaho undi,
@theogeneufiteyezu6833 Says:
Twese hamwe nka ba sports nkaba rayan sports AS Kigali gasogi twese aba sports turabyanze ammed thank you 🙏
@epicnews10 Says:
Atera utwatsi umujyi se ari uwuhe? Hari na 1K yaha Kiyovu uretse ko KIYOVU ahubwo ariyo aryaho amafaranga. Uretse Umunwa arusha David ubundi ashora iki muri Kiyovu?
@JoachimAlphonse-x9z Says:
KIYOVU ni équipe yashingiwe i BYUMBA.Niyo mpamvu Kamatali wa Nyarwaya yayijemo,ba Rutanga n'abandi.Ntimukice amateka.
@democratiejeanpierre7733 Says:
Ese uyu Hemed yafasha iki koko... Mubaze ba nyiri Equipe uyu ntabyo azi
YOUTUBE COMMENTS